Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare basaga 600 barimo ba ’Brigadier General’
•
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare basaga 600 barimo babiri bavuye ku ipeti rya Colonel bashyirwa ku rya Brigadier General naho 14 bashyirwa ku ipeti rya Colonel. Itangazo ryashyizwe hanze n’ingabo z’u Rwanda rigaragaza ko abashyizwe ku ipeti rya Brigadierl General ari Col. Justus Majyambere na Col.…
Goma: Hateganyijwe umuhango wo gushyingura imibiri y’abantu 200 byagoye Leta gusobanura urupfu rwabo
•
Serivisi ishinzwe protocol ku rwego rw’Intara ya Kivu ya Ruguru yatangaje ko kuri uyu wa Mbere taliki 02 Nzeri2024, hari bushyingurwe imibiri 200 y’abantu bahitanywe n’intambara. Ubuyobozi bw’iyi Protocole, buvuga ko ari igikorwa cyiza kubera kuri kuri Stade de l’unite de Goma, iherereye mu mu mujyi wa Goma, mu masaha ya mugitondo. Biteganyijwe ko…
RDF yavuze impamvu yatumye Maj Gen Nzaramba na bagenzi be birukanwa mu gisirikare
•
Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yirukanye abasirikare bakuru barimo Gen. Maj. Martin Nzaramba, Col. Dr. Etienne Uwimana n’abandi ba Ofisiye 19 bakuru n’abato. Inkuru ducyesha IGIHE ivuga ko Umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda, Brig. Gen Ronald Rwivanga yatangaje ko Gen. Maj Nzaramba yirukanywe kubera ruswa no gukoresha nabi amafaranga agenewe kwita ku…
Ntibisanzwe: Umukobwa yasanzwe mu idirishya ryo kwa Mudugudu yapfuye nyuma y’uko umuhungu wa Mudugudu yanze ko baryamana
•
Ku wa 28 kanama 2024, mu karere ka Bugesera, mu Murenge wa Mwogo, Kagari ka Rugenge, mu mudugudu umwe wo muri aka kagari, habonetse umurambo w’umukobwa wari umanitse mu idirishya ryo kwa Mudugudu, bicyekwa ko yishwe n’abagizi ba nabi. BTN Tv ivuga ko abaturage bumvise uyu mukobwa mbere yuko apfa yigamba ko nibatareka umuhungu…
Tshisekedi yirukanye Tshibangu wari intumwa ye yihariye mu bibazo afitanye n’u Rwanda
•
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaraye yirukanye ku mirimo Serge Kabeya Tshibangu wari intumwa ye yihariye ishinzwe gukurikirana ibiganiro bya Nairobi na Luanda. Umuvugizi wa Tshisekedi, Tina Salaam ni we watangaje ko Tshibangu yirukanwe, asimburwa na Sumbu Sita Mambu. Amakuru avuga ko uyu mugabo yaba yirukanwe azira amajwi yafashwe…
Gen Kazura n’abandi basirikare barenga 1,000 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru
•
Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abasirikare barenga 1,000 barimo Gen Jean Bosco Kazura wigeze kuba Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda. Gen Kazura yabaye Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda hagati y’Ugushyingo 2019 na Kamena 2023. Mbere y’aho yari yaragiye akora indi mirimo irimo kuba Umuyobozi w’Ishuri…