Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Burundi: Dore uko Perezida Ndayishimiye asobanura impamvu Amarundi atataye agaciro

    Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yabujije Abarundi kuvuga ko ifaranga ryabo ryatakaje agaciro kuko ngo baba barituka, anyomoza abavuga ko ibikomoka kuri peteroli byabuze mu gihugu cyabo ndetse yibasira abakomeye batuma amadolari abura. Kuri uyu wa 12 Kanama 2024, Ndayishimiye ubwo yaganiraga n’abanyamakuru ku rugendo amaze iminsi agirira hirya no hino mu gihugu, yavuze…

  • Perezida Neva yahishuye icyatumye Amadorari na Peteroli bibura mu Burundi

    Kuri uyu wa 12 Kanama ubwo Perezida Ndayishimiye yafunguraga ku mugaragaro inyubako nshya y’ishuri ryisumbuye rya Lycée Buterere riherereye i Bujumbura, yavuze ko amaze igihe akurikirana amakuru y’ikibazo cy’ibura rya peteroli kivugwa mu Burundi, asanga ari ibinyoma. Yagize ati “Burya nta peteroli tubuze, ikibazo ni abantu batobanga bari hano mu Burundi. Ndabamenyesha ko peteroli…

  • Umuhungu wa Gen. Mubarakh Muganga yerekeje muri Kiyovu Sports

    Umuhungu w’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Igihugu, Gen Mubarakh Muganga, Niyonshuti Hakim Mubarakh, wari umaze imyaka ine muri APR FC ariko akabura umwanya uhagije wo gukina yerekeje muri AS Kigali, ndets ari mu bazifashishwa n’iyi kipe mu mwaka w’imikino wa 2024-2025. Niyonshuti ni umwe mu bakinnyi batabonye umwanya uhagije mu ikipe y’Ingazo z’Igihugu [APR FC] cyane…

  • Birababaje: Umugabo yafashwe arimo kugerageza kwica umwana w’imyaka 8 akoresheje ibitaka

    Mu karere ka Kirehe mu murenge wa Gahara, akagari ka Muhamba mu mudugudu wa Kabeza, haravugwa umugabo w’imyaka 40 wafashwe ari kugerageza kwica umwana w’umuhungu w’imyaka 8 ariko umugambi we ukaburizwamo. Ku munsi wejo tariki 12 Kanama 2024, mu masaha y’umugoroba nibwo uyu mugabo witwa DUSHIMIMANA Theogene yahamagaye umwana w’imyaka 8 witwa NTIHEMUKA Enock,…

  • Perezida Tshisekedi yahinduye intekerezo ku kibazo cya M23

    Ni kenshi cyane mu mbwiraruhame Perezida Félix Tshisekedi wa Republica Iharanira Demokarasi ya Congo, yagiye yumvikana Kenshi avuga ko atazigera yicara ku meza amwe na M23, ndetse kenshi yumvikanaga ashinja u Rwanda kuba arirwo ruri inyuma y’intambara ziri mu Burasirazuba bwa Congo. Si ibyo gusa kuko no mu minsi yashize yumvikanye avuga ko agahenge…

  • Dore ibintu 4 umugabo wese yicuza akuze ubuzima bwe bwose. Niba utarasaza ni cyo gihe ngo ubyirinde

    Urugendo rw’umugabo, nirwo rugendo ruba rikomeye, muri iyo nzira ye ahura na byinshi ndetse agakoramo amakosa menshi. Muri iyi nyandiko twifashishije inyandiko zitandukanye zizewe mukubategurira amakuru yizewe ku bintu umugabo yicuza mu buzima bwe. DORE IBINTU 4 UMUGABO YICUZA MU BUZIMA BWE IYO AKUZE: 1. Kwanga kwita ku buzima bwe  Iyo umuntu akiri muto…