M23 yahaye isomo rikomeye Perezida Tshisekedi nyuma y’amasaha macye ibiganiro bya Doha bikubise igihwereye
•
Ihuriro riharanira impinduka rya AFC/M23 ryigaruriye ku nshuro ya kabiri agace ka Walikale nyuma yo kwitandukanya n’amasezerano ya Doha, nyuma y’igihe gito ryari ryiyemeje gukura abasirikare baryo mu bice bimwe na bimwe birimo n’uyu mujyi. Ibi byabaye nyuma y’uko Leta ya Kinshasa yananiwe kubahiriza imwe mu ngingo z’ingenzi iri huriro ryamusabye ubwo hakorwaga ibiganiro…
Barashaka kwisubiza Goma? Abasirikare ba SADC bagombaga gusubira iwabo banyuze i Kigali ntabwo bagitashye uyu munsi kubera impamvu yavugishije benshi
•
Ku wa mbere tariki ya 21 Mata 2025, Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC), zari zitegerejweho gusubira mu bihugu byazo binyuze i Kigali nkuko amakuru aturuka ku mirongo y’imbere abyemeza, gusa zamaze gutungura benshi ubwo zititaye ku itariki yari yemeranyijweho, zigahitamo kuba zigumye mu Mujyi wa Goma. Ni icyemezo cyateye urujijo, ahanini bitewe…
Igits1ina cy’umugabo ni Antene y’umutima we. Wari uzi ko kubura ubushake bw’akabariro bifite aho bihuriye n’indwara y’umutima – UBUSHAKASHATSI
•
Umuholandi w’impuguke mu buvuzi bw’umutima, Dr. Janneke Wittekoek, yagaragaje ko hari ibimenyetso byo kurwara umutima abagabo bagira ariko ntibabyiteho, birimo n’ubushake buke bwo gutera akabariro. Yavuze ko icyo kimenyetso gishobora kugaragara mbere y’imyaka itatu ngo umugabo arware umutima. Impamvu itera abagabo kutita cyane ku bimenyetso bigaragaza ko bashobora kurwara umutima, ni imiterere yabo karemano…
FARDC n’abo bafatanyije bagabye igitero gikomeye kuri AFC/M23 cyasize isomo rikomeye
•
Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 21 Mata 2025, ahagana saa mbili, hatangiye imirwano ikaze hagati y’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) ririmo M23 na Twirwaneho, mu gace ka Nyangenzi. Imirwano yakomeje kugeza saa moya n’igice z’ijoro, ivugwa nk’imwe mu ikaze…
Umunyarwanda Cardinal Antoine Kambanda ashobora kuba Papa wa mbere w’umwirabura
•
Mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki ya 21 Mata 2025, isi yose yatunguwe n’inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Nyirubutungane Papa Francis, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, wapfuye afite imyaka 88 y’amavuko. Inkuru yatangajwe na Vatican yahise ikwirakwira ku isi hose, ikurikirwa n’amarira, amasengesho, n’icyubahiro gikomeye cyatangwaga kuri uyu muyobozi wagaragaje urukundo, ubutwari…
Ingabo za SADC byari byitezwe ko zigomba gutaha zinyuze mu Rwanda zongeye kugoterwa mu bigo byazo n’ingabo za AFC/M23 nyuma y’ikosa rikomeye zakoze
•
Mu masaha ya nyuma yo ku wa 11 Mata 2025, igice cy’ingabo za SADC (Southern African Development Community) zari zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) cyari mu nzira yo gusubira iwabo. Nyamara ibintu byafashe indi ntera ubwo icyemezo kimwe cyafashwe nabi cyateje igisa n’isanganya rikomeye mu mateka y’iyi ntambara…