Reka kwishyira mu kaga! ntuzigere ukora ibi bintu ugamije gushimisha umukobwa mukundana
•
Basore, ni kenshi ukora iyo bwabaga ngo ushimishe umukobwa ukunda kandi ni byiza, gusa nanone hari ibyo udakwiye gukora urwo waba umukunda uko rwaba rungana kose. 1. Gusuzugura umuryango wawe Abakobwa benshi bajya babona ubitayeho cyane, akaba yanakora ibintu bidafututse kugira ngo arebe kure wajya umwirukaho. Ntuzigere na rimwe usuzugura cyangwa uta umuryango wawe…
Minisitiri Nduhungirehe yahaye Bruce Melody isezerano rikomeye
•
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yabwiye Bruce Melodie n’abandi bahanzi Nyarwanda ko Guverinoma y’u Rwanda izakomeza kubashyigikira, kuko ibyo bakora ntaho bitaniye n’iby’abandi bahanzi bigaragaza ku rwego mpuzamahanga mu bihe bitandukanye. Yabitangaje mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki 21 Ukuboza 2024, ubwo yari yitabiriye umuhango wo gusogongera Album ‘Colorful…
Hakozwe ijisho ry’ikoranabuhanga rizafasha abafite ubumuga bwo kutabona kongera kureba
•
Mu buhanga bugezweho, abaganga n’abashakashatsi bo muri Australia bakoze ikoranabuhanga rihambaye ry’ijisho ryitwa “Bionic eye” rifasha abantu babuze ubushobozi bwo kubona kongera kureba. Iki gikorwa cy’icyitegererezo kigamije cyane gufasha abafite ubumuga bwo kutabona, by’umwihariko ubumuga bwatewe n’indwara zifata imboni cyangwa izangiza ubushobozi bw’amaso. Iri koranabuhanga ni irihe? Ijisho rya “bionic” ni igikoresho cy’ikoranabuhanga gishyirwa…
Perezida Tshisekedi yavuze ko atashyikirana na M23 kabone n’ubwo yaba ihagaze iwe mu rugo
•
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahize ko atazigera na rimwe ajya mu mishyikirano na M23, kabone n’iyo uyu mutwe wafata Congo yose ukanagera ku muryango w’urugo rwe. Tshisekedi yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Ukuboza 2024, ubwo yaganiraga n’abagize ihuriro Union Sacrée de la Nation akomokamo. Ni…
Gen. Muhoozi yongeye gutungurana ubwo yavugaga ku Mana
•
Umugaba Mukuru w’Ingabo mu gihugu cya Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Imana ari umwirabura w’umunyafurika, kandi ko igisirikari cya Uganda nicy’u Rwanda ari byo bya mbere ku isi. Mu gihugu cya Uganda hakomeje kwibazwa ku musimbura wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni umaze imyaka 38 ku butegetsi. Nyuma yo gukomeza kwibaza ibi, Gen. Muhoozi…
Reka gukoresha udutima buhumyi! Dore Igisobanuro cy’udutima dukoreshwa mu butumwa bugufi n’igihe cyo kudukoresha
•
Ubutumwa bugufi ni uburyo buryoha cyane kandi bwihuta dukoresha tuvugana n’inshuti zacu cyangwa abavandimwe. Uretse kandi kuba twakwandika, tujya tunohereza utumenyetso/ udushusho mu gihe tubafitiye ubutumwa bwihariye. Muri iyi nkuru, twaguteguriye ibisobanuro by’utumenyetso dutandukanye tw’umutima dukunze gukoreshwa mu butumwa bugufi bityo umenye uko uzajya udukoresha nk’uko tubikesha urubuga Wikihow: Agatima gatukura Aka ni…