Ibitaravuzwe ku ikorwa ry’indirimbo ya Bwiza na The Ben ‘Best friend’
•
Bwiza yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Best friend’ aho yayifatanyije na The Ben, gusa umushinga wo kuyikora ntabwo wari woroshye kuko byinshi mu byari byateguwe mu ifatwa ry’amashusho yayo byaje guhinduka ku munota wa nyuma. Nk’ubu amakuru IGIHE ifite ahamya ko John Elarts wayifatiye amashusho yiyambajwe by’ikubagahu, dore ko atari we…
Uganda: Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi yaburiwe irengero
•
Col. Dr Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, amaze iminsi yaraburiwe irengero. Amakuru avuga ko uyu mugabo yaburiye i Nairobi muri Kenya aho yari yagiye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, aho yari yitabiriye igikorwa cyo kumurika igitabo. Hagati aho umugore w’uyu mugabo wahoze ari umusirikare akanaba umuganga bwite…
Polisi yahakanya amakuru yakwirakwiriye ku mbuga nkorambaga avuga ko Miss Muheto yongeye gutabwa muri yombi
•
Polisi y’u Rwanda yanyomoje amakuru y’itabwa muri yombi rya Miss Muheto Divine, nyuma y’amasaha bihwihwiswa ku mbuga nkoranyambaga. Umuvugizi Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga yabwiye IGIHE ko aya makuru yakomeje gusakazwa ari ibihuha. Miss Muheto na we abinyujije ku majwi yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga, yanyomoje ibyo gutabwa muri yombi. Ati “Ndi amahoro, ndaho…
RDC: Iryinyo rya Lumumba ryari ryagaruwe n’Ububirigi ryaburiwe irengero
•
Iryinyo rya Patrice Lumumba wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba intwari y’iki gihugu ryibwe, biteza impagarara. Mu ijoro ryacyeye ni bwo iryo ryinyo ryibwe mu nzu ndangamurage y’i Kinshasa aho ryari ribitse. Iryo ryinyo ryibwe nyuma y’uko abantu bataramenyekana bagabye igitero ku nzu ndangamurage ryari ribitsemo bakabanza kuyangiza mbere…
Gukomeza muri Kaminuza bizajya bisaba umunyeshuri kuba yaratsinze amasomo yose ku kigero cya 50%
•
Minisiteri y’Uburezi yatangaje uburyo bushya buzajya bukurikizwa kugirango umunyeshuri yemererwe gukomeza muri Kaminuza. Ni uburyo butegeka ko uzajya wemererwa gukomeza muri kaminuza ari umunyeshuri uzajya utsinda amasomo yose ku kigereranyo cya 50% Ubu buryo butndukanye n’ubwari busanzweho,aho uwemererwaga gukomeza muri kaminuza yasabwaga gutsinda amasomo abiri y’ingenzi gusa. Minisiteri w’Ubrezi yabitangaje mu muhango wo gutangaza…
Rayon Sports yabonye perezida mushya usimbura Uwayezu Jean Fidele
•
Kuri uyu wa Gatandatu, Twagirayezu Thaddé yatorewe kuyobora ikipe ya Rayon Sports mu myaka ine iri imbere asimbuye Uwayezu Jean Fidele. Ni amatora yabereye mu Nteko Rusange yateraniye mu Nzove kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2024, yagombaga kugena ahazaza ha Rayon Sports harimo no mu miyoborere. Ku mwanya wa Visi Perezida hatowe Muhirwa Prosper,Umubitsi…