Umurinzi wa Perezida Captain Ibrahim Traoré wa Burkina Faso yahishuwe akayabo k’amadorari n’ibindi yahawe ngo amurase
•
Umwe mu basirikare barinda Perezida Captain Ibrahim Traoré, wa Burkina Faso, yemeje ko yigeze gushakishwa n’abantu bakomoka mu bihugu bikomeye, bamwemerera miliyoni 5 z’amadolari n’ubwenegihugu bwabo mu rwego rwo kumushishikariza kurasa Perezida amuturutse inyuma, cyane cyane mu gihe asenga. Ariko uwo musirikare yahisemo kwanga ayo mafaranga, ahitamo kuguma ku nshingano zo kurinda umuyobozi…
Ntajya ataka: Ibimenyetso 7 bigaragaza ko umugabo atitwara neza mu rukundo rwo mu buriri bikabuza abagore kugera ku byishimo bye bya nyuma
•
Abagabo benshi bibwira ko bazi gushimisha abagore babo mu rukundo rwo mu buriri. Ariko nyuma yo gusoma iyi nkuru, ushobora gusanga ibyo wibwiraga atari ko biri. Kutitwara neza mu rukundo rwo mu buriri si ikibazo gikomeye. Ikibazo ni ukwanga kwemera ko hakiri ibyo ugomba kwiga. Kwiyumvisha ko ushobora kunoza ibyo ukora ni intambwe y’ingenzi.…
Amabuye y’agaciro ya RDC yaba agiye kujya atunganyirizwa mu Rwanda
•
Mu mezi abiri ku munsi u Rwanda na RDC bizaba bisinya amasezerano y’amahoro, byombi bizanasinyana na Amerika andi y’ubukungu. Ni amasezerano Amerika ivuga ko azakurikirwa n’ishoramari “rya miliyari nyinshi z’amadolari” rikozwe n’ibigo by’ubucuruzi byayo n’iby’ibihugu by’inshuti. Iyubakwa ry’urugomero rwa Ruzizi III Gutunganyiriza amabuye y’agaciro mu Rwanda Umuhanda wa Gari ya Moshi mu mushinga wa…
Abasore: Ntuzahirahire ngo uterete umukobwa ufite bene iyi mico
•
Mu gihe benshi bashakisha urukundo rw’ukuri, hari iby’ingenzi buri musore akwiye kwitaho mbere yo gufata umwanzuro wo gukundana n’umukobwa. Nubwo kubona umukunzi w’ukuri ushobora kugorana, hari imyitwarire igaragaza ko umukobwa ashobora kutaba uwo kubana nawe neza. Hari ibyiciro by’abakobwa abasore bagirwa inama yo kwirinda mu rwego rwo kurinda umutima wabo no kwirinda gutakaza igihe…
Nubona ibi bintu 7 uzamenye ko umuntu atagukunda nubwo atabivuga
•
Hari igihe umuntu aba atagukunda ariko ntabivuge mu magambo. Gusa imyitwarire ye ya buri munsi ishobora kukwereka ukuri. Dore bimwe mu bimenyetso 7 byagaragaza ko uwo muntu atagufitiye urukundo cyangwa inyungu mu mubano mufitanye: 1. Ntareba mu maso yawe: Iyo umuntu ahora atakureba mu maso cyangwa agaceceka igihe muri kumwe, bishobora kugaragaza ko atakwiyumvamo.…
Amashusho y’umwana wa The Ben na Pamella bamusize Makeup (maquillage) akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga – Amafoto
•
Nyuma y’igihe gito havuzwe amakuru y’uko umuhanzi The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella bibarutse imfura yabo, noneho igaragaza uwo mwana iri gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, by’umwihariko kubera ko yayigaragaje asize maquillage (makeup), ibintu byatumye abantu benshi batangara ndetse bamwe batangira kugaragaza impungenge. Uwo mwana w’umukobwa, bamwise Mugisha Paris, yavutse ku wa 18 Werurwe 2025,…