Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Uburyo bworoshye wakoresha urongora umugore ubyibushye akanyurwa

    Ni kenshi bikunze kugaragara ko umusore n’umukobwa bakundanda bari ku kigero gito ku bijyanye n’umubyibuho/amagara make; nyamara bamara kugera mu rwabo ugasanga byarahindutse bakabyibuha cyane cyane umugore. Ni byiza rero ko mu gihe mukoranye imibonanompuzabitsina n’umugore wawe ugerageza uburyo bwose ukitwara neza, ukabasha kumushimisha no kuba igisubizo ku byifuzo bye.Nkuko rero bigaragwa neza n’inzobere…

  • USA: Harris Kamala yatangaje uzamubera Visi Perezida naramuka atsinze amatora

    Visi Prezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kamala Harris, yahisemo Guverineri Tim Walz wa Leta ya Minnesota kumubera kandida Visi Perezida mu matora y’Umukuru w’Igihugu, nk’uko amasoko yuzuzanya yabyemereye ibitangazamakuru bitandukanye byo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Ni amatora bazaba bahanganyemo na Donald Trump wabaye Perezida w’Amerika. Trump we yamaze guhitamo Senateri JD…

  • Mwishya wa Donald Trump yavuze ko Abanyamerika badakwiye kongera kumutora – IMPAMVU

    Fred C. Trump III umwishywa wa Donald Trump uri mu bikorwa byo kwiyamamariza kongera kuyobora USA, yamwibasiye amutangazaho byinshi ndetse anasaba Abanyamerika ko batakongera kumuha icyizere cyo kubayobora kuko atabikwiriye. Mu gihe Donald Trump wabaye Perezida wa 45 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, akaba ageze kure ibikorwa byo kwiyamamaza bwa kabiri kuri uyu mwanya,…

  • Umukunzi wa Eddy Kenzo yakoze ibirori byo gushimira Imana byitabirwa na Perezida Museveni

    Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Iterambere ry’Ingufu n’Amabuye y’Agaciro, Phiona Nyamutoro yakoze ibirori byo gushima Imana byabereye mu gace avukamo ka Nebbi ku kibuga cya Nebbi Town SS, byitabirwa na Perezida Museveni. Perezida Museveni yavuze ko Nyamutooro yamaze gutanga umwitangirizwa mu rubyiruko rugenzi rwe, yinjira byeruye mu bikorwa by’ishyaka rya NRM. Ati: ”Guhozaho n’ubudasa…

  • Atletico Madrid irashaka kugura rutahizamu Julian Alvarez wa Manchester City

    Atletco Madrid yamaze kwemera ko izatanga Miliyoni 81.5£ kuri rutahizamu wa Manchester City Julian Alvarez. Nyuma y’uko Atletico Madrid imaze iminsi igaragaza ko yifuza umunya Argentina watakira Manchester City Julian Alvarez, iyi kipe yo mu murwa mukuru wa Esipanye, yamaze kwemera ko izishyura amafaranga y’umurengera Manchester City yifuzaga kuri uyu mukinnyi. Mu minsi ibiri…

  • Reba ubusobanuro bw’inzozi 14 abantu bakunze guhuriraho harimo no kurota uvuza induru ukabura umwuka

    Ubushakashatsi bwagaragajeko abantu bose barota, impamvu harimo abavuga ko batajya barota ni uko baba babyibagiwe naho ubundi umuntu wese ufite ubwonko ararota. Bamwe bavuga ko umuntu arota ibyo yiriwemo nka ya mvugo ngo:”Umutindi arota arya.” Nyamara siko biri kuko ushobora kurota umuntu utazi utigeze ubona bwacya ukamubona. Hari abantu bafite impano yo gukabya inzozi…