Uwari akinira Rayon Sports akurikiranweho kwiba arenga miliyon 35
•
Amakuru dukesha ISIMBI aravuga ko uyu mukinnyi wasinyiye Rayon Sports muri 2019 avuye muri Marines, nyuma akajya muri Bugesera FC, amaze iminsi ari mu mabako y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, nyuma yo kwiba Kwizera Olivier na we wakiniye Rayon Sports, APR FC, ikipe y’igihugu Amavubi ubu akaba ari muri Al Kawkab muri Saudi Arabia. Kugeza…
Umukobwa yagiye gusura umusore muri ghetto yanga kumurongora ibyakurikiyeho ni agahomamunwa
•
Amakuru avuga ko ibi byabaye mu masaha ya saa munani (14h00), zo ku wa 14 Nyakanga 2024, ubwo umusore usanzwe ukora akazi k’ubuzamu yasuwe n’umukobwa, babana mu gihe kitarenze ukwezi bacumbitse maze umusore biba ngombwa ko asaba umukobwa gutaha iwabo mu karere ka Gakenke maze arinangira yanga gutaha. Umusore yasohotse hanze gato agarutse arebye…
Yandongoye ku manywa y’ihangu ndi akana gato kiga secondaire nyuma antana abana – Ubuhamya bwa Nema
•
Nena ni umugore w’imyaka 33 akaba afite abana 5 yabyaranye n’umugabo we usanzwe ari umusirikare mu ngano z’u Rwanda. Uyu mugore avuga ko kugirango abane n’umugabo we yamuteruye avuye ku ishuri. Ibi ngo byorohejwe n’uko uyu mugabo yari incuti na se Kandi nawee akaba yarakundaga kubabonana. Umunsi umwe rero ngo ubwo yari avuye ku…
Kylian Mbappe yakiriwe muri Real Madrid mu birori bidasanzwe – Amafoto
•
Hari hashize iminsi myinshi abakunzi ba Real Madrid bategereje rutahizamu ukomeye w’Umufaransa Kylian Mbappé ariko mu buryo budasubirwaho yamaze kwerekanwa no guhabwa ikaze. Ni ibirori by’akataraboneka byabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Nyakanga 2024, byitabirwa n’abafana, abakinnyi ndetse na bamwe mu banyabigwi ba Real Madrid mu bihe bitandukanye barimo na Zinedine Zidane…
Ibi ni iby’agateganyo dutegereje ibisesuye Umukandida Mpayimana
•
Umukandida wigenga Mpayimana Phillippe, yagaragaje ko ibyibanze byavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu ari iby’agateganyo, agaragaza ko agifite icyizere mu gihe hagitegerejwe itangazwa ry’umwanzuro ntakuka w’ibyavuye mu matora. Iby’ibanze byavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika byatangajwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15 Nyakanga 2024 saa yine z’ijoro, bitangazwa na Komisiyo…
Musenyeri Dr. Mathias Ssekamanya yagaye ababyeyi bashyira imbere imihango y’ubukwe bigasiga abana iheruheru
•
Musenyeri Dr. Mathias Ssekamanya wayoboye Diyosezi Gatolika ya Lugazi muri Uganda, yasabye ababyeyi kutarangarana abana babo biyemeje gufata umwanzuro wo gushinga urugo, kuko bahura n’impinduka nyinshi zibatera gusenya cyangwa kubana nabi. Uyu mukozi w’Imana avuga ko ababyeyi batererana abana babo bibwira ko bakuze bihagije badakeneye inama zabo, bagera mu rugo kubaka bikababera ikibazo kibakomereye…