Murankurikirana cyane kandi ntimuri isoko nshaka kugurishaho ibicuruzwa byanjye – Isimbi noelline yikomye bamwe mu banyarwanda bamuca intege
•
Umukinnyikazi wa filime z’abakuze Isimbi Noelline yikomye bamwe mu banyarwanda bakomeje kumujujubya ku mbuga nkoranyambaga ze aho bamwibasira bamwe bamutuka abandi bakamubwirako ibyo akora yataye umuco nyarwanda nta munyarwandakazi ukwiye gukina filime za porornogarafi. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze Isimbi Noelline kuri ubu ukoresha amazina ya Lexi Luv mu mwuga we ,…
Urupfu rw’Umusirikare w’u Burundi usize abana babiri bakiri bato rwateye benshi agahinda.
•
Mu gihe igihugu cy’u Burundi cyose gikomeje kugerwaho n’amakuru y’incamugongo, umuryango wa 1ère Classe Emery Kwizera uri mu gahinda kadasanzwe nyuma y’itangazwa ry’amakuru avuga ko uyu musirikare yaba yarapfiriye mu mpanuka y’ubwato yabaye ku wa Gatanu ushize, tariki ya 18 Mata 2025, mu mazi y’ikiyaga Tanganyika. Uyu musirikare w’Umurundi yari azwi nk’umusore w’intwari, w’ubwitonzi…
Abarwanyi ba Wazalendo na FDLR baheruka gukubitwa incuro na M23 bagahunga mu Rugezi bahuye n’ikindi gitero simusiga kibamereye nabi
•
Nyuma y’uko Twirwaneho na M23 bifashe igice cya Rugezi giherereye mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe, abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bahahunze bahuye n’ikindi gitero kibi kitari icyo kuraswa gusa—bageramiwe n’inzara, ubukonje, n’ubwigunge mu mashyamba ya Rugezi. Amakuru ava mu misozi ya Fizi yemeza ko aba barwanyi n’imiryango yabo – abagore n’abana…
Imyanya y`ubushoferi muri Ministry of environment (MOE) :Deadline: 25/04/2025
•
Job responsibilities • The employees will serve as the approved designate driver of the MoE project cars • Ensure the vehicle’s day to day maintenance; • Proper transportation of people/items for the program; • Perform the driving duties for the Ministry of Environment; • Render his services with fidelity, devotion, discipline and integrity; •…
Abaturage bahagurutse: Hakozwe imyigaragambyo karundura yamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi
•
Umwuka w’uburakari wazamutse mu mujyi wa Goma kuri uyu wa kabiri, ubwo abaturage bahagurukaga mu myigaragambyo ikomeye barwanya Leta ya Kinshasa, bavuga ko bayirambiwe kubera kutubahiriza ibyo yemeye mu biganiro byo gushaka amahoro. Ibi bibaye nyuma y’uko ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryatengushywe bikomeye, nyuma y’imishyikirano yabereye i Doha muri Qatar kuva muri Werurwe 2025,…
RIB yataye muri yombi Turahirwa Moses wa Moshions
•
Umuyobozi w’Inzu y’Imideli ya Moshions, Turahirwa Moses, yongeye gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), akurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge, icyaha asanzwe yarigeze gukurikiranywaho mu mwaka wa 2023. Nk’uko byemejwe na Dr. Murangira B. Thierry, Umuvugizi wa RIB, mu kiganiro kigufi yahaye ikinyamakuru IGIHE ducyesha iyi nkuru, yagaragaje ko ibi byemejwe n’ibipimo byafashwe na Rwanda Forensic…