Dore ikintu cyatunguye benshi mu rubanza uwari Meya wa Nyanza Ntazinda yaburanyemo ifungwa n’ifungurwa
•
Ubwo uwari meya w’akarere ka Nyanza yagezwaga mu Rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo, uwo benshi bavuzeho kuba inshoreke ye ntiyigeze agaragara mu bantu baje gushyigikira uyu mugabo mu rukiko ubwo yari agiye kuburana. Abantu benshi bari baje gukurikirana urubanza rw’uwahoze ari Meya w’akarere ka Nyanza Ntazinda Erasme bari bategereje…
Corneille Nangaa yahishuye ikosa rikomeyeLeta yakoze anahishura ikintu Abanye-Congo benshi batari bazi
•
Umuyobozi mukuru w’impuzamashyaka ya Alliance Fleuve Congo (AFC) irimo M23 na Twirwaneho, Corneille Nangaa, yatangaje ko buri Munye-Congo wese afatwa nk’umunyamuryango w’iri huriro. Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wigenga w’Umunyekongo, Steve Wembi. Mu magambo ye, Nangaa yagize ati: “Niba utabizi, Abanye-Congo bose ni abanyamuryango ba AFC/M23.” Yahise yongeraho ko impinduka zatangiye kandi…
Abasirikare batatu b’u Rwanda baguye ku rugamba batandatu barakomereka nyuma yo kugwa muri Ambush batezwe n’umwanzi
•
Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyatangaje ko abasirikare batatu bacyo bari mu butumwa bwo kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado, muri Mozambique, baguye mu gico batezwe n’ibyihebe, abandi batandatu bagakomereka. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ubuyobozi bwa RDF rivuga ko icyo gitero cyabaye mu ishyamba ry’inzitane rya Katupa, riri mu Karere ka Macomia, ahari ibikorwa bikomeye…
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi arashaka kuza mu Rwanda ngo asabe imbabazi mu ibanga rikomeye!
•
Mu gihe umwuka ukomeje kuba mubi hagati y’u Rwanda n’u Burundi, amakuru yizewe agera ku bitangazamakuru atangaza ko Perezida Evariste Ndayishimiye ashobora kuza mu Rwanda mu ibanga rikomeye, agamije gusaba imbabazi no gutangira inzira nshya y’ubwiyunge hagati y’ibihugu byombi. Ibi bivuzwe mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) iri mu rugendo rwo gushaka…
Perezida Tshisekedi yahakanye ibyo kugurisha amabuye y’agaciro ya Congo ku Banyamerika
•
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yanyomoje amakuru amushinja kugurisha umutungo kamere w’igihugu cye ku nyungu z’Amerika, avuga ko ayo makuru ari ibinyoma bigamije guca igikuba ku bufatanye bushya buri kugeragezwa hagati y’igihugu cye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uyu muyobozi yatangiye ibiganiro na Amerika muri Gashyantare 2025, agamije gushaka…
Bihinduye isura: AFC/M23 ifashe akandi gace kuzuyemo amabuye y’agaciro
•
Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kwagura ibikorwa byaryo bya gisirikare mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho kuri uyu wa Kabiri ryigaruriye agace ka Luciga, gaherereye muri Chefferie ya Luhwinja, Teritwari ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Iyi ntambwe nshya ya AFC/M23 yatewe nyuma y’imirwano yamaze amasaha make mu gitondo cyo kuri…