Dore imitoma 10(amagambo y’urukundo) watera umukunzi wawe akakwiha wese
•
Kubwira amagambo meza umukobwa mukundana ni bimwe mu bibagarira urukundo rugakura rugatohagira.Hano twaguteguriye amwe mu magambo meza wabwira umukunzi wawe akarushaho kukwegurira umutima we: 1.Mu gihe wumva uri wenyine, ujye ureba hagati y’intoki zawe wibuke ko ariho intoki zanjye zikwirwa neza honyine kurusha uko nazifatisha hagati y’intoki z’undi muntu. 2.Ndi kumwe nawe sinzigera nicuza…
Abasore: Ibimenyetso 10 byakwereka umukobwa wagukunze akabura uko abikubwira
•
Abakobwa usanga bagorwa no kuba bafata iya mbere ngo abe yabwira umusore ko yamukunze gusa bimwe mu bikorwa bakora n’imyitwarire ibaranga bikaba byoroshye kumumenya mu gihe yahuye n’umusore uzi gushishoza. Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukobwa agukunda ariko akabura aho ahera abikubwira. 1.Avugana n’abandi ugasanga wowe arakwitarutsa Umukobwa ugukunda akaba yarabuze aho yaguhera akenshi usanga…
Dore impamvu 6 zishobora gutuma uwo mwahoze mukundana mugatandukana akugarukira. Ibyo ukwiye kwitondera
•
Bijya bikunda kubaho ko abantu bakundana , bikagera igihe bagatandukana ariko nyuma y’igihe runaka , umwe muribo agashaka kubyutsa umubano. Nkuko bitangazwa n’urubuga Elcrema rwandika ku mibanire , hari impamvu zinyuranye zituma abo mwahoze mukundana cyangwa uwo mwakundanaga bakugarukira. 1.Irari Iyi niyo mpamvu ya mbere ituma uwo mwakundanaga cyangwa abo mwakundanaga bakugarukira. Abenshi bagaruka…
Emerthe umaze kuba icyamamare kuri TikTok akomeje gukurikira inzozi ze n’ubwo yaciwe amaguru yombi akiri umwana
•
Iradukunda Subila Emerthe amaze kwamamara ku rubuga rwa TikTok nka ‘Bibila’, nyamara yararugiyeho ashaka ibyishimo nyuma yo gukura afite agahinda gaturutse ku bamubwiraga nabi bitewe n’ubumuga afite. Uyu mukobwa ukomoka mu Karere ka Nyanza, yaciwe amaguru yombi ubwo yari afite imyaka itatu. Icyo gihe, yafashwe n’uburwayi bwasaga n’ubworoheje, ababyeyi bamwihutana kwa muganga, ariko birushaho…
DJ Dizzo yitabye Imana nyuma y’imyaka 7 ahanganye na Kanseri
•
DJ Dizzo wari umaze igihe ahanganye n’uburwayi bwa kanseri, yitabye Imana, nyuma y’imyaka igera kuri ibiri abwiwe n’abaganga ko atari kurenza muri Nyakanga 2022. Amakuru IGIHE yemerewe n’inshuti y’umuryango we, ahamya ko uyu musore yitabye Imana ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 19 Ukuboza 2024. Mutambuka Derrick uzwi nka DJ Dizzo yakunze kugarukwaho cyane,…
Amagambo 40 wabwira umukobwa ukunda akazagukunda iteka ryose
•
Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura neza ndetse akaba yanagutandukanya n’abandi basore baziranye cyangwa bigeze bahura. Ahari umara umwanya wawe usoma ibitabo ngo ukuremo amagambo ariko byaranze. Mbere na mbere, menya ko nta buryo bwiza bwo kugaragazamo urukundo buhari, ntabwo rwose. Kwita ku muntu uko wabikora kose ubikuye…