Confederation Cup: Police FC yagiye muri Algeria. Gusa ngo kuvuga ibyo kujya mu matsinda byaba ari ukubeshya
•
Ikipe ya Police FC yerekeje mu gihugu cya Algeria aho igiye gukina na CS Constantine muri CAF Confederation Cup, Kapiteni wayo Nsabimana Eric avuga ko aramutse avuze ibyo kujya mu matsinda nonaha yaba abeshye. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere ni bwo bamwe mu bakinnyi b’iyi kipe izagenda mu byiciro 3 bafashe rutemikerere.…
Ibya mbere byayobowe na Meddy! Ibirori bibera mu bwato byagarutse mu isura nshya-AMAFOTO
•
Dj Innox yatangaje ko agiye gukora ku nshuro ya Gatatu ibirori bisanzwe bibera mu bwato hagamijwe kwidagadura abantu bumva umuziki ucurangwa na ba Dj banyuranye. Ibi birori byiswe ‘Sunset Cruise White Party’ bizaba ku Cyumweru tariki 18 Nzeri 2024, kandi buri wese uzabyitabira asabwa kuba yambaye imyambaro y’ibara ry’umweru. Ni ibirori byitabirwa n’abantu bari…
Mu mvugo ikakaye, KNC yaburiye Munyantwali wa FERWAFA ku mwanzuro w’abanyamahanga
•
Perezida w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles ntiyumva ukuntu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA ritarafata umwanzuro ku bakinnyi b’Abanyamahanga bemerewe gukina kandi shampiyona ibura amasaha make igatangira. Kimwe mu bintu bimaze iminsi bigarukwaho cyane mu bakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda, ni ikijyanye n’abakinnyi b’Abanyamahanga niba abemerewe gukina bazongerwa bakava kuri 6 bakajya…
Yolo The Queen yameje ko yabyaye umwana w’umuhungu abajijwe Se aryumaho
•
Umunyamideli, Kirenga Phiona wamenyekanye nka “Yolo The Queen” ku mbuga nkoranyambaga, yemeje ko yibarutse umwana w’umuhungu ndetse avuga amazina yamwise. Hari hashize iminsi havugwa amakuru avuga ko Umunyamudeli, Kirenga Phiona uzwi nka “Yolo The Queen”, avuga ko yibarutse ariko nyiri ubwite yararuciye ararumira. Abicishije ku mbuga nkoranyambaga zirimo Instagram akoresha cyane ndetse akaba akunzwe…
Padiri Yohani Bosiko Ntagungira yagizwe Musenyeri wa Diyoseze ya Butare
•
Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatolika ku Isi bwemeje ko Padiri Yohani Bosiko Ntagungira wari usanzwe ari Padiri Mukuru wa Regina Pacis i Remera muri Arikidiyosezi ya Kigali, ari we mwepiskopi mushya wa Diyoseze ya Butare. Ni ibikubiye mu itangazo ryo kuri uyu wa 12 Kanama 2024 ryashyizwe hanze n’ibiro by’Intumwa ya Papa mu Rwanda. Iri…
Muhanga: Uwari umukozi wa Hoteli yasanzwe mu muferege w’amazi yapfuye
•
Niyonsaba Emmanuel w’imyaka 30 y’amavuko wakoraga muri Hoteli Saint André mu Karere ka Muhanga yasanzwe mu mu muferege utwara amazi yapfuye, birakekwa ko yishwe. Niyonsaba yari atuye mu mudugudu wa Gihuma, Akagari ka Gahogo Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga. Amakuru avuga ko ku munsi w’ejo kuwa mbere Taliki ya 12 Kanama yari…