Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru idasanzwe y’abagabo bagize irari ryo gutera akabariro bari mu rusengero maze basimbukira abagore barabasambanya. Amakuru avuga ko ibi byatewe n’amazi banyoye arimo viagra.
Amakuru avuga ko Abapolisi bo mu Ntara ya Taita Taveta yatangiye iperereza ku kibazo gitangaje aho viagra yabonetse mu mazi yo kunywa mu rusengero. Nk’uko amakuru abitangaza, abagabo 17 bari hagati y’imyaka 15 na 50 y’amavuko bari bagiye gusenga nyuma yo gusoma kuri ayo mazi batangiye kumva impinduka mu mubiri bagira ubushake bukabije bwo gutera akabariro, bamwe barataka abandi badukira abagore babafata ku ngufu.
Uwatanze amakuru yavuze ko babonye ibyabaye maze bagakeka ko ari imperuka ibaye.Yagize ati: “Mu gihe pasiteri yabwirizaga, umwe mu bagabo yatangiye gufata umugore waje gusenga, mu kumufata umugabo yatakaga cyane avuga ko yumva ashaka gutera akabariro ubushyuye bwabaye bwinshi, mu kanya gato n’abandi bagabo badukira abagore n’inkumi babafata ku ngufu karahava.”
There is no specification given
— Popular Tags
-
Inzu Igurishwa Rebero
-
Imodoka ya Benz igurishwa
-
Inzu igurishwa Kibagababaga
-
Kompressor igurishwa
-
Corolla nziza igurishwa
-
Ibibanza bigurishwa Rebero
-
Inzu igurishwa i Rubavu
-
Ibibanza bigurishwa make
-
Toyota corollara igurishwa
-
carina e igurishwa
-
Ibibanza bigurishwa i Bugesera
-
Lifan igurishwa
-
Toyota Carina E igurishwa
-
Apartment Ikodeshwa I Nyarutarama
-
Hyundai sonata igurishwa
-
urukundo rw'ukuri urukundo rwa nyarwo
-
umutima w'uwo ukunda
-
Rayon Sports yaguze umunyezamu wa Simba SC
-
Umugore yapfuye azira gutera akabariro
-
APR FC yanganyije na Rayon Sports
-
Indwara z'amaraso
-
amagambo meza y'urukundo
-
Ni umuti
-
Ibyo abakinnyi ba Rayon sports bavuga
-
Ibimenyetso by'indwara y'umutima
-
inkuru z'urukundo
-
Ibyangiza umutima Uko Wakwirinda Indwara z'umutima
-
Uko watera akabariro neza
-
Uko wakwigarurira umutima w'umukobwa ukunda mu buryo bw
-
Ibirungo by'urukundo