Ibyo Wamenya Ku Ndege Bwite Ya Messi Ifite Ubwogero(Douches) 2 N’igikoni – AMAFOTO
Iyi ndege y’igiciro kandi ifite ubwiza butangaje igura milioni 12 zose z’amapawundi akoreshwa mu Bwongereza ni ukuvuga asaga Miliyari 16RWF bijyanye n’ubuhangange bw’icyamamare Messi ukinira ikipe ya FC Barcelone. Ku ngazi umuntu yuririraho ajya muri iyi ndege handitseho amazina y’umuryango…
Amagambo wabwira umukunzi wawe akamurutira andi yose wamubwiye
Iyo abantu bakundana bifuza kurushinga, usanga hari byinshi babwirana mu rwego rwo kubagarira urukundo rwabo, ariko ugasanga hari amwe mu magambo birengagiza kandi afite uruhare runini mu gushimangira urukundo rwabo. Amagambo wabwira umukunzi wawe akamurutira andi yose wamubwiye: …
Umukobwa wagaragaye atwika amakaye ndetse n’abandi bagagaye bayashwanyaguza bamenyekanye abayobozi b’ibigo bigaho bagira icyo babivugaho
Abantu batandukanye hirya no hino mu gihugu bagaragaje ko bababajwe n’iyi myitwarire bamwe bakanabihuza n’uburere buke. Imbuga nkoranyambaga zirimo Watsapp, Facebook na twitter zanyeganyejwe n’aya mashusho agaragaramo umukobwa wicaye ari gutwika amakayi n’ibitabo, ari nako abivugiraho amagambo. Umukobwa utwika amakayi…
Amashuri yo mu byiciro bitandukanye yahawe igihe cyo gutangiriraho
Nyuma yo gukura Umujyi wa Kigali n’uturere 8 muri Guma mu rugo,MINEDUC yahise itangaza ko amashuri y’inshuke n’icyiciro cya mbere cy’amashuri abanza azatangira igihembwe cya 3 tariki ya 2 Kanama. Amashuri makuru azakomeza akore nk’ibisanzwe. Ayo mu Mujyi wa…
Abakobwa: Sobanukirwa byinshi ku byo wibaza bijyanye n’uburumbuke(igihe uba ushobora gutwita) ndetse n’uko wabara iyo minsi ukayimenya neza
Iki kibazo kijya cyibazwaho na benshi igisubizo cyacyo kirahari kandi nukurikira neza iyi nkuru uzamenya uko wabara neza ukamenya iminsi yawe y’uburumbuke. Reka dutangire iyi nkuru dusubiza ibibazo by’amatsiko abantu benshi bajya bibaza, nyuma yaho niho turi burebere hamwe…
King James, Shaddyboo, K8 Kavuyo na bagenzi babo bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 bahishuye icyari cyabajyanye i Rutsiro n’uko umugambi wanogejwe
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe abantu umunani barimo Ruhumuliza James uzwi nka King James Muhire William uzwi nka K8 Kavuyo, Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo n’abandi barimo abanyamideli batandukanye barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19. Shaddyboo ni umwe…
Umukinnyi wa Filime Mukarujanga yibarutse umukobwa
Umukinnyi wa Filime uzwi nka Mukarujanga yibarutse ubuheta akaba umwana wa kabiri nawe w’umukobwa. Umukinnyi w’amafilime wamenyekanye nka Mukarujanga, yibarutse umwana w’umukobwa kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Nyakanga 2021 akaba yabyariye mu bitaro bikuru bya Kigali bizwi ku…
MINEDUC igiye guhana ba banyeshuri bagaragaye bishwanyagurijeho imyenda n’abatwitse amakayi yabo nyuma yo kurangiza ibizami
Minisitiri w’Uburezi,Dr.Valentine Uwamariya yatangaje ko bababajwe n’imyitwarire y’abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye bakagaragara batwika amakayi bigiyemo abandi bakishwanyagurizaho imyenda y’ishuri. Ku mbuga Nkoranyambaga hiriwe amashusho n’amafoto y’abanyeshuri barangije ibizamini bya leta mu minsi ishize hanyuma bashwanyaguza imyenda yabo abandi bacagagura…
King James na Shaddy Boo bafatiwe I Rutsiro barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
Umuhanzi Ruhumuriza James uzwi nka King James na Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo n’abandi bantu 8 bari kumwe, bafatiwe mu karere ka Rutsiro barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID19. Bafashwe kuri uyu wa Kane tariki 29 Nyakanga 2021 bari…
Abanyeshuri baciye imyenda abandi batwika amakaye bigiragamo nyuma yo gusoza ikizamini cya Leta – AMAFOTO
Ku mbugankoranyambaga by’umwihariko Twitter,hakomeje gucaracara amafoto y’abanyeshuri barangije ibizamini bya Leta barangije bishwanyagurizaho imyenda y’ishuri abandi batwika amakayi bigiyemo. Muri aya mafoto yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje bamwe muri abo banyeshuri bakataguye imyenda y’ishuri bambaye mu gihe hari abandi…