Latest News
Uko ihuriro ry’abagamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda rikomeje kwaguka: Imigambi mibisha y’ibanga yamenyekanye
Akarere k’Ibiyaga Bigari kongera kugaragaramo ibimenyetso by’ihuriro rigari ry’imbaraga zivugwaho guhurizwa hamwe hagamijwe guhungabanya umutekano w’u Rwanda, mu gihe amakuru atandukanye akomeje kuvugwa ku mikoranire iri hagati y’ibihugu bimwe na…
Bihinduye isura: Leta Zunze Ubumwe za Amerika igiye gufatira ibihano bikakaye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Umwuka wa dipolomasi ukomeje gufata indi ntera mu karere k’Ibiyaga Bigari, aho igitutu cy’amahanga kirushaho kwiyongera kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ishinjwa kudashyira mu bikorwa ibyo yiyemeje bijyanye…
U Rwanda rwongeye kubwiza Loni ukuri runayihishurira ibigiye kuba muri RDC FDLR nidasenywa
Ibibazo by’umutekano mu karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata indi ntera, mu gihe u Rwanda rwongeye kumvikanisha ku rwego mpuzamahanga ko nta mahoro arambye ashobora kugerwaho mu gihe umutwe wa FDLR…
Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rwa Minisitiri w’u Burundi wasanzwe ku nzira yitabye Imana
Urupfu rutunguranye rwa Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga, rwateje urujijo n’impaka zikomeye mu baturage no mu banyapolitiki, nyuma y’uko asanzwe mu modoka ye yapfuye mu buryo butarasobanuka neza,…
Minisitiri yasanzwe ku nzira yapfuye bitera benshi kwibaza byinshi
Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yasanzwe ku nzira mu gitondo cyo kuri uyu wa 16 Mata 2026, yapfuye urupfu rw’amayobera. Mu masaha ya Saa Mbili y’igitondo cy’uyu munsi,…