Skip to content

IwacuMarket

Buy or Sell in a Minute in Rwanda

  • Politiki
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Imali ya make
    • Ibibanza bigurishwa
    • Imodoka zigurishwa
    • Inzu zigurishwa
  • Jobs
  • English
    • International News
    • Local News
Top Tags
  • Intambara yo muri Congo
  • AFC/M23
  • Donald Trump
  • Iran
  • intambara ya Congo
  • Intambara ya Iran na Amerika
  • Gen. Muhoozi
Featured Imikino

Manchester City yatsinze Arsenal ikomeza kuyotsa igitutu

April 19, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

U Rwanda rwongeye kubwiza Loni ukuri runayihishurira ibigiye kuba muri RDC FDLR nidasenywa

April 16, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

Netanyahu yigiriye i Washington, bamwe bashya ubwoba

April 14, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

Amerika n’u Burayi byategujwe akaga gakomeye bigiye guhura na ko nyuma yo gufatira ibihano RDF no kuyihagarikira inkunga

April 11, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

Imirwano ikomeye cyane yumvikanye muri Uvira mu gihe AFC/M23 yasabwe ibintu bikomeye cyane

April 11, 2026 emmy
  • Latest
  • Popular
  • Trending
Menya uburyo wamenya umugore uryoshya akabariro urebeye ku minwa ye
Editorial Picks Urukundo
Menya uburyo wamenya umugore uryoshya akabariro urebeye ku minwa ye
DJ Toxxyk ukurikiranweho ibyaha 3 akemera 2 muri byo yasabiwe gufungwa imyaka 2
Imyidagaduro Slide
DJ Toxxyk ukurikiranweho ibyaha 3 akemera 2 muri byo yasabiwe gufungwa imyaka 2
Ibyo Amerika yongeye gukorera Iran byatumye ibikomoka kuri Peterori byongera kuzamukaho 5%
Politiki Slide
Ibyo Amerika yongeye gukorera Iran byatumye ibikomoka kuri Peterori byongera kuzamukaho 5%
Sosiyete nyinshi z’Abanyamerika zishaka ibirombe bya Rubaya bigenzurwa na AFC/M23
Politiki Slide
Sosiyete nyinshi z’Abanyamerika zishaka ibirombe bya Rubaya bigenzurwa na AFC/M23
Dore indwara 10 zivurwa n’igitunguru ndetse n’uko gikoreshwa mu kwivura
Slide Ubuzima
Dore indwara 10 zivurwa n’igitunguru ndetse n’uko gikoreshwa mu kwivura
Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda
Ubuzima
Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda
Musenyeri wari gusoma Misa yo gusengera Besigye yabuze, Museveni ashyirwa mu majwi
Politiki
Musenyeri wari gusoma Misa yo gusengera Besigye yabuze, Museveni ashyirwa mu majwi
Menya uburyo wamenya umugore uryoshya akabariro urebeye ku minwa ye
Editorial Picks Urukundo
Menya uburyo wamenya umugore uryoshya akabariro urebeye ku minwa ye
Menya uburyo wamenya umugore uryoshya akabariro urebeye ku minwa ye
Editorial Picks Urukundo
Menya uburyo wamenya umugore uryoshya akabariro urebeye ku minwa ye
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Editorial Picks Ubuzima
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Dore amakosa udakwiye gukora ngo ni uko uri mu rukundo kuko byakuviramo ingaruka zikomeye
Editorial Picks Urukundo
Dore amakosa udakwiye gukora ngo ni uko uri mu rukundo kuko byakuviramo ingaruka zikomeye
Rekeraho kwambara impeta buhumyi! Dore igisobanuro cy’impeta bitewe n’urutoki wayambayeho
Editorial Picks Featured Ubuzima
Rekeraho kwambara impeta buhumyi! Dore igisobanuro cy’impeta bitewe n’urutoki wayambayeho
Editorial Picks Urukundo

Menya uburyo wamenya umugore uryoshya akabariro urebeye ku minwa ye

April 21, 2026 emmy

Mu gihe urikurambagiza umugore uzajya agushimisha mu gitanda si ngombwa ko ubanza gutereta cyane ngo ukorane nawe imibonano mpuzabitsina cyangwa ngo wivune ushakisha ibimenyetso bindi bya hato na hato kuko…

Imyidagaduro Slide

DJ Toxxyk ukurikiranweho ibyaha 3 akemera 2 muri byo yasabiwe gufungwa imyaka 2

April 21, 2026 emmy

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge guhamya Shema Arnaud De Bosscher uzwi nka DJ Toxxyk, ibyaha bumukurikiranyeho birimo ubwicanyi budaturutse ku bushake, rukamuhanisha igihano cy’igifungo cy’imyaka ibiri n’ihazabu ya miliyoni…

Politiki Slide

Ibyo Amerika yongeye gukorera Iran byatumye ibikomoka kuri Peterori byongera kuzamukaho 5%

April 21, 2026 emmy

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutse nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, atangaje ko igisirikare cyabo cyarashe ubwato bwariho ibendera rya Iran. Igiciro cya peteroli idatunganyije…

Politiki Slide

Sosiyete nyinshi z’Abanyamerika zishaka ibirombe bya Rubaya bigenzurwa na AFC/M23

April 21, 2026 emmy

Leta ya RDC yahaye Amerika urutonde rw’ibirombe sosiyete z’Abanyamerika zagenzuraga, hashingiwe ku masezerano ibihugu byombi byagiranye mu mpera za 2025, ajyanye n’ubufatanye mu iterambere ry’ubukungu. Ihuriro AFC/M23 ryanenze imyitwarire ya…

Imyidagaduro

Marina yamaganye Bad Rama wamwise umukobwa we

April 21, 2026 emmy

Umuhanzi Marina yihanije Bad Rama amwibutsa ko ntaho bagihuriye ku buryo yavanga izina rye mu murongo mubi yahisemo w’ibikorwa byo guharabika u Rwanda anibasira abayobozi barwo. Bad Rama yifashishije imbuga…

Ubuzima

Wari uzi ko ushobora kumenya imitere n’imitekereze y’umuntu bitewe n’uko yicara? SOBANUKIRWA

April 21, 2026 emmy

Umubiri w’umuntu urega amarangamutima ye ukayashyira ahagaragara, binyuze mu bintu akoresha ibice by’umubiri bitandukanye (gestes), ndetse hari n’umugani w’umunyarwanda ubivuga neza uti: “Akuzuye umutima gasesekara ku munwa”. Abize ibijyanye n’imitekerereze…

Editorial Picks Ubuzima

Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe

April 20, 2026 emmy

Inzego z’umutekano mu Karere ka Bugesera zataye muri yombi umugabo w’imyaka 35 wo mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Mwogo, wishe umugore we w’imyaka 25 n’umwana wabo w’uruhinja rw’ukwezi…

Politiki

Perezida Ruto yavuze impamvu lisansi muri Kenya ihenze kurusha mu bihugu by’abaturanyi kandi byinshi muri byo ariho biyikura

April 20, 2026 emmy

Perezida wa Kenya, William Ruto, yasobanuye impamvu ibiciro bya lisansi muri iki gihugu bisa n’ibiri hejuru ugereranyije n’ibihugu bituranye, avuga ko ari uko Kenya ari igihugu gifite ubukungu buciriritse kuko…

Ubuzima

Ibitazibagirana ku Mwamikazi wa nyuma w’u Rwanda Rozariya Gicanda wibukwa uyu munsi

April 20, 2026 emmy

Buri wese babanye cyangwa wamumenye iyo ateruye ngo avuge ku Mwamikazi wa nyuma u Rwanda rwagize, Rosalie Gicanda, ashimangira ubwiza bwamuranze imbere n’inyuma, kwiyoroshya n’ubupfura yahoranaga kugeza yishwe muri Jenoside…

Slide Ubuzima

Uko Umwamikazi Gicanda yarokoye perezida Kagame ubwo yari agiye kwicwa

April 20, 2026 emmy

Mu buhamya Perezida Kagame yatanze mu 2017 avuga ku mateka y’ubuto bwe kuva afite imyaka ine y’amavuko ubwo yatangiraga ubuzima bw’ubuhunzi, yashimiye na Gicanda wari nyina wabo nk’umwe mu bamufashije…

Posts pagination

1 2 … 36
Recent Posts
  • Menya uburyo wamenya umugore uryoshya akabariro urebeye ku minwa ye
  • DJ Toxxyk ukurikiranweho ibyaha 3 akemera 2 muri byo yasabiwe gufungwa imyaka 2
  • Ibyo Amerika yongeye gukorera Iran byatumye ibikomoka kuri Peterori byongera kuzamukaho 5%
  • Sosiyete nyinshi z’Abanyamerika zishaka ibirombe bya Rubaya bigenzurwa na AFC/M23
  • Marina yamaganye Bad Rama wamwise umukobwa we
Categories
  • Editorial Picks
  • Featured
  • Geopolitics
  • Ibibanza bigurishwa
  • Imikino
  • Imodoka zigurishwa
  • Imyidagaduro
  • International News
  • International Relations
  • Jobs
  • Political Analysis
  • Politiki
  • Slide
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo

IwacuMarket

Buy or Sell in a Minute in Rwanda

Proudly powered by WordPress | Theme: Newsup by Themeansar.

  • Home
  • Offiline
  • Sample Page