Harimo uwo basambanye inshuro 15; Ibyo wamenya kuri dosiye ya Semuhungu
Semuhungu Eric umaze iminsi atawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha binyuranye birimo icyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, ibikubiye muri dosiye ye bikagaragaza ko harimo umusore baryamanye inshuro 15. Mu…
Dore amakosa udakwiye gukora ngo ni uko uri mu rukundo kuko byakuviramo ingaruka zikomeye
Urukundo ni rwiza cyane, ni amwe mu marangamutima ashobora guhindura ubuzima bwawe mu buryo bwiza, ariko na none rushobora kugukoresha amakosa akomeye. N’ubwo ari ibisanzwe gushaka gushimisha umukunzi cyangwa kurinda…
Dore ibibazo by’ingenzi ukwiye kubaza umukunzi wawe mbere y’uko mubana
Abantu benshi usanga bakundana urukundo rukaryoha kugera ubwo bafata umwanzuro wo kubana ariko nyamara bataziranye bitewe nuko hari ibibazo batagiye babazanya ngo barusheho kumenyana bikaba biri no mu bishobora gutuma…
Bavuga ko binahumura nabi mu buriri – Bahati aburira umugore we ushaka kwibagisha ikibuno
Umuhanzi wo muri Kenya Bahati yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kumvikana aburira umugore we Diana Marua ku bijyanye no kwiyambaza kubagwa bagamije guhindura imiterere y’umubiri by’umwihariko ingano…
Umugabo yishe arashe abana 8 barimo 7 be
Mu gitondo cyo ku Cyumweru, Umugabo w’imyaka 31 y’amavuko witwa Shamar Elkins yishe arashe abana umunani, barindwi muri bo bakaba bari abe. Aba bana biciwe mu Mujyi wa Shreveport, muri…
Koreya ya Ruguru yarashe misile hafi ya Koreya y’Epfo n’u Buyapani
Koreya ya Ruguru yarashe misile nyinshi zo mu bwoko bwa balisitike mu nyanja iri ku nkombe zayo zo mu Burasirazuba, hafi ya Koreya y’Epfo n’u Buyapani. Koreya y’Epfo n’u Buyapani…
Manchester City yatsinze Arsenal ikomeza kuyotsa igitutu
Manchester City yatsinze Arsenal ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 33 wa Shampiyona y’u Bwongereza, itangira kuyotsa igitutu mu guhatanira igikombe cya Shampiyona cya 2025/26. Uyu mukino w’ishiraniro Isi yose…
Abanya-Uganda batangiye guhabwa umuti urinda kwandura Agakoko gatera Sida ufatwa kabiri mu mwaka
Guverinoma ya Uganda yatangije ku mugaragaro itangwa ry’umuti mushya urinda kwandura Agakoko gatera SIDA witwa Lenacapavir, mu rwego rwo kongera ikibatsi mu guhangana n’icyo cyorezo kimaze imyaka myinshi kibasiye abatuye…
RDC: Minisitiri w’Intebe yibagiwe aho abimukira bohererejwe muri iki gihugu bakomoka
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Judith Suminwa, yibagiwe aho abimukira igihugu cye giheruka kwakira baturutse. Ubwo yari kuri televiziyo ya TV5 Monde, asobanura ibijyanye n’uburyo igihugu…
Hatangiye kugaragara ibimenyetso bishya by’uko Minisitiri Bugaga yishwe na Guverinoma y’u Burundi
Ibimenyetso bikomeje kujya ahagaragara ku rupfu rwa Gabby Bugaga wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, birushaho gukomeza impaka n’urujijo mu baturage, mu gihe hari abemeza ko ashobora kuba yarishwe…