Latest News
Bertrand Bisimwa yatanze ubutumwa bw’ingamba za AFC/M23 mu gihe ibiganiro byo mu Busuwisi byatangiranye amahane
Ibiri kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje gufata indi ntera, aho ibikorwa bya gisirikare, ibiganiro by’amahoro, n’imvugo za politiki byose biri kugenda bihurirana mu buryo bushya…
Hamenyekanye ibyaha bitatu bikomeye cyane Eric Semuhungu akurikiranyweho. Dosiye ye yashyikirijwe ubushinjacyaha
Inkuru y’itabwa muri yombi rya Semuhungu Eric ikomeje kuvugisha benshi, nyuma y’uko dosiye ye ishyikirijwe Ubushinjacyaha ku wa 14 Mata 2026, ikubiyemo ibyaha bitatu bikomeye birimo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina…
Perezida Kagame ni we uzaba Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda. Andi makuru agezweho
Icyemezo cyo gushyiraho Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda cyafashwe nk’intambwe ikomeye mu kongerera imbaraga urwego rw’umutekano n’ubumenyi mu gihugu, aho imiterere yayo igaragaza uburyo bushya bwo guhuza amasomo ya gisirikare…
Abarenga 300 banduye Virusi itera Sida kubera ibyo bakorewe n’abaganga biturutse ku burangare
Icyari cyitezweho kuba igisubizo ku buzima bw’abaturage, cyahindutse inkomoko y’akaga gakomeye mu Mujyi wa Taunsa uherereye mu Ntara ya Punjab mu gihugu cya Pakistan. Inkuru y’abana 331 basanzwemo Virusi itera…
U Rwanda rugiye kubona umuti urinda Agakoko gatera SIDA
Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Ikigega Global Fund gishyira ingufu mu kurwanya SIDA, Igituntu na Malariya, bikomeje gushyira ingufu mu gukwirakwiza umuti wakozwe n’uruganda Gilead ufasha mu kurinda ubwandu bw’agakoko…