Menya uburyo wamenya umugore uryoshya akabariro urebeye ku minwa ye
Mu gihe urikurambagiza umugore uzajya agushimisha mu gitanda si ngombwa ko ubanza gutereta cyane ngo ukorane nawe imibonano mpuzabitsina cyangwa ngo wivune ushakisha ibimenyetso bindi bya hato na hato kuko…
DJ Toxxyk ukurikiranweho ibyaha 3 akemera 2 muri byo yasabiwe gufungwa imyaka 2
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge guhamya Shema Arnaud De Bosscher uzwi nka DJ Toxxyk, ibyaha bumukurikiranyeho birimo ubwicanyi budaturutse ku bushake, rukamuhanisha igihano cy’igifungo cy’imyaka ibiri n’ihazabu ya miliyoni…
Ibyo Amerika yongeye gukorera Iran byatumye ibikomoka kuri Peterori byongera kuzamukaho 5%
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutse nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, atangaje ko igisirikare cyabo cyarashe ubwato bwariho ibendera rya Iran. Igiciro cya peteroli idatunganyije…
Sosiyete nyinshi z’Abanyamerika zishaka ibirombe bya Rubaya bigenzurwa na AFC/M23
Leta ya RDC yahaye Amerika urutonde rw’ibirombe sosiyete z’Abanyamerika zagenzuraga, hashingiwe ku masezerano ibihugu byombi byagiranye mu mpera za 2025, ajyanye n’ubufatanye mu iterambere ry’ubukungu. Ihuriro AFC/M23 ryanenze imyitwarire ya…
Marina yamaganye Bad Rama wamwise umukobwa we
Umuhanzi Marina yihanije Bad Rama amwibutsa ko ntaho bagihuriye ku buryo yavanga izina rye mu murongo mubi yahisemo w’ibikorwa byo guharabika u Rwanda anibasira abayobozi barwo. Bad Rama yifashishije imbuga…
Wari uzi ko ushobora kumenya imitere n’imitekereze y’umuntu bitewe n’uko yicara? SOBANUKIRWA
Umubiri w’umuntu urega amarangamutima ye ukayashyira ahagaragara, binyuze mu bintu akoresha ibice by’umubiri bitandukanye (gestes), ndetse hari n’umugani w’umunyarwanda ubivuga neza uti: “Akuzuye umutima gasesekara ku munwa”. Abize ibijyanye n’imitekerereze…
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Inzego z’umutekano mu Karere ka Bugesera zataye muri yombi umugabo w’imyaka 35 wo mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Mwogo, wishe umugore we w’imyaka 25 n’umwana wabo w’uruhinja rw’ukwezi…
Perezida Ruto yavuze impamvu lisansi muri Kenya ihenze kurusha mu bihugu by’abaturanyi kandi byinshi muri byo ariho biyikura
Perezida wa Kenya, William Ruto, yasobanuye impamvu ibiciro bya lisansi muri iki gihugu bisa n’ibiri hejuru ugereranyije n’ibihugu bituranye, avuga ko ari uko Kenya ari igihugu gifite ubukungu buciriritse kuko…
Ibitazibagirana ku Mwamikazi wa nyuma w’u Rwanda Rozariya Gicanda wibukwa uyu munsi
Buri wese babanye cyangwa wamumenye iyo ateruye ngo avuge ku Mwamikazi wa nyuma u Rwanda rwagize, Rosalie Gicanda, ashimangira ubwiza bwamuranze imbere n’inyuma, kwiyoroshya n’ubupfura yahoranaga kugeza yishwe muri Jenoside…
Uko Umwamikazi Gicanda yarokoye perezida Kagame ubwo yari agiye kwicwa
Mu buhamya Perezida Kagame yatanze mu 2017 avuga ku mateka y’ubuto bwe kuva afite imyaka ine y’amavuko ubwo yatangiraga ubuzima bw’ubuhunzi, yashimiye na Gicanda wari nyina wabo nk’umwe mu bamufashije…