Gicumbi: Padiri yatunguranye arambika ikanzu hasi asezera ubupadiri ngo ajye kwishakira umugore
Padiri Fidèle de Charles Ntiyamira wakoreraga muri Diyosezi ya Byumba, yasezeye ku nshingano ze za gisaseridoti n’izindi bifitanye isano avuga ko abitewe n’impamvu ze bwite. Ibaruwa y’ubwegure bwe bigaragara ko yandikiwe Musenyeri wa Diyosezi ya Byumba, Nzakamwita Servilien, ku…
Ifoto ya Sylvester Stallone uzwi nka “Rambo” n’abakobwa be yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga
Umukinnyi wa Filimi Slyvester Stallone wamenyekanye muri filimi nka Rocky,Rambo na The Expendables,yashyize hanze ifoto ari kumwe n’abakobwa be 3 yatumye benshi bacika ururondogoro. Uyu mukinnyi uzwi cyane muri filimi z’intambara,ntabwo akunze gushyira hanze amafoto y’umuryango we ariko kuri…
Yakinnye iminota 90 atarakoza ku mupira. Reba uduhigo dutangaje ku bakinnyi n’amakipe y’ibigugu mu mupira w’amaguru
Thomas Langu Sweswe,ni umunya Zimbabwe wakinnye nka myugariro mu makipe nka Manning Rangers, Kaizer Chiefs, Bidvest Wits na Black Leopards zo muri Afurika y’Epfo. Uyu mugabo yanakiniye Highlanders, Dynamos na ZPC Kariba zo muri Zimbabwe, mbere yo gusezera ku mupira…
Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bagiye kongera guhura
Rutahizamu Cristiano Ronaldo na mugenzi we Lionel Messi bamaze imyaka myinshi bayoboye umupira ku isi bagiye kongera guhurira mu mukino wa gicuti amakipe yombi azakina. Barcelona izakira Juventus mu mukino wa gicuti uteganyijwe mu kwezi gutaha ari nabwo aba…
Perezida Macro yafashe icyemezo cyo guhindura telefoni na sim card kubera Pegasus
Umukuru w’igihugu cy’Ubufaransa Emmanuel Macon yihutiye guhindura telefone ye igendanwa na nimero akoresha nyuma y’aho abonye amakuru amubwira ko iyo yari afite yatewe na applicationyo kuneka yakorewe muri Israel, izwi ku izina rya Pegasus. Ibiro by’umukuru w’igihugu byatangaje ko…
Ihutire kwisuzumisha virus itera SIDA niba ubonye kimwe muri ibi bimenyetso
Ubwandu bwa virusi ya HIV cg SIDA ni indwara udashobora gupimisha ijisho cg ngo urebe umuntu uyimuboneho cyereka kwa muganga honyine nyuma yo gusuzumwa. Uburyo bwizewe bwo kwirinda ubu bwandu ni ukwifata, kudacana inyuma ku bashakanye cg se byose…
Min. W’intebe wa Uganda yavuze ko agiye kwishinganisha kuri Perezida nyuma y’uko hari umuntu wamuteye ubwoba
Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Robinah Nabbanja, avuga ko ubuzima bwe buri mu kaga nyuma y’aho hari umuntu atavuga amazina bwavanye i Kampala, akajya iwe Kakumiro gutanga ubutumbwa bwo kumutera ubwoba. Kuwa Gatanu, mu kiganiro n’abanyamakuru, Nabbanja yavuze ko ”…
Dore uburyo bwiza bwo kuryamamo ibyiza n’ibibi byabwo ndetse n’ubwo ukwiye gucikaho burundu
Ibijyanye no kuryama usanga bitavugwaho rumwe, bamwe bakavuga bimwe abandi ibindi ku byerekeranye n’uburyo bwiza bwo kuryamamo. Mu kuryama usanga bamwe baryama bubitse inda abandi bakaryama bagaramye naho abandi (ari nabo benshi) bakaryamira urubavu, rwaba urw’iburyo cyangwa se ibumoso….
Uko wakoresha ubuki n’indimu mu kongera ubudahangarwa bw’umubiri no kwivura indwara zinyuranye nk’inkorora, ibiheri byo mu maso n’izindi
Uruvange rw’ubuki n’indimu ruboneka hifashijwe ibi byombi, byose bizwiho kuba bifite akamaro kanini ku buzima. Abantu bamwe kuri ubu bahitamo gukoresha ubuki mu mwanya w’isukari yo mu ruganda kuko ubuki bufite muri bwo ibindi birenze kuba buryohera. Muri byo…
Karasira Aimable yitabye urukiko ahakana ibyo aregwa anavuga ko hari umukozi wa RIB wamuhaye asaga miliyoni
Kuri uyu wa Gatanu Uzaramba Karasira Aimable wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, yitabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ahakana ibyaha ashinjwa birimo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi. Karasira akurikiranyweho n’ubushinjacyaha ibyaha birimo guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi, kuyiha ishingiro no kubiba…