Month: July 2021

Ibitangaje wamenya ku nyubako ndende kurusha izindi ku isi burj-khalifa iherereye i Dubai – AMAFOTO

Share this:

Umuntu ahora yifuza kuba indashyikirwa ndetse no gukora ibikorwa bitaza abandi ni yo mpamvu havuka imiturirwa, ibyogajuru, imodoka z’akataraboneka n’ibindi umuntu abona bikamutangaza cyane ndetse rimwe na rimwe ukaba wakeka ko bitakozwe n’amaboko y’abantu. Uyu munsi iwacumarket igiye kubagezaho bimwe…

Share this:
Posted on

Diamond uherutse kugura imodoka igura umugabo igasiba undi ndetse akaba agiye no kugura indege aba mu nzu akodesha

Share this:

Buri wese agira amahitamo ye n’intego aba yarihaye mu buzima, uzasanga kenshi hari umuntu abantu besnhi bakurira ingofero ko ari umuherwe afasha n’abatishoboye ariko akaba mu nzu y’ubudoke nk’uko Diamond ari mu bahanzi b’abaherwe ariko nawe aracyari umupangayi n’ubwo ashobora…

Share this:
Posted on

Paul Pogba yateye utwatsi amasezerano ya Manchester United

Share this:

Ikipe ya Manchester United iri kubizwa icyuya n’umukinnyi wayo wo hagati,Paul Pogba,yifuzaga kongerera amasezerano afite agaciro ka miliyoni 50 z’amapawundi kubera akayabo ari guhabwa na PSG.   Pogba utarabanye neza na United kuva yayerekezamo,arifuzwa na PSG ariyo mpamvu yanze ubusabe…

Share this:
Posted on

Harry Kane agiye kugurwa miliyoni 160 ndetse ajye ahembwa akayabo

Share this:

Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza, Harry Kane, ari hafi gusohoka mu ikipe ya Tottenham aho agiye kwerekeza muri Manchester City ishaka kumutangaho miliyoni 160 z’amapawundi ndetse ikajya imuhemba ibihumbi 400 by’amapawundi ku cyumweru.   Uyu rutahizamu w’imyaka 27 aherutse gutangaza ko…

Share this:
Posted on

Umwana w’imyaka 15 yiyahuye kubera kwibasirwa azira gutsindwa ikizamini cya Leta

Share this:

Umwana w’umukobwa w’imyaka 15 wo mu gihugu cya Uganda uherutse gusoza ibizamini bya leta mu mashuri abanza yiyahuye nyuma yo gutukwa na bagenzi be bamuziza gutsindwa.   Uyu mwana wigaga ku kigo cy’abayisilamu cya Bwikya mu mujyi wa Hoima wo…

Share this:
Posted on

Nigeria yungutse indege z’indwanyi 6 zizayifasha guhangana n’amabandi, no kurwanya iterabwoba – AMAFOTO

Share this:

Leta ya Nigeria kuri uyu wa 22 Nyakanga 2021 yakiriye indege z’indwanyi 6 za A-29 Super Tucano zizayifasha guhangana n’amabandi n’ibikorwa by’iterabwoba. Zakiriwe na Minisitiri w’Ingabo wa Nigeria, Bashir Magashi agaragiwe n’abasirikare bakuru, ku kibuga cy’indege kiri mu mujyi wa…

Share this:
Posted on

Uganda yavuze ku makuru avuga ko U Rwanda rwumvirije bamwe mu bategetsi bayo bakuru

Share this:

Twabonye amakuru hirya no hino, kandi umuntu yavuga ko ari ibivugwa gusa,” uyu ni umunyamabanga wa leta ushinzwe imibanire mpuzamahanga muri Uganda avuga ku makuru y’uko u Rwanda rwaba rwarakoresheje ikoranabuhanga rya Pegasus mu kumviriza abayobozi batandukanye muri iki gihugu….

Share this:
Posted on

Umubyeyi w’umunyamakuru Bac T wamamaye kuri Afrimax Tv yitabye Imana

Share this:

Umubyeyi w’Umunyamakuru Bac-T yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane nk’uko uyu munyamakuru yabyutse abitangaza abinyujije ku rukuta rwe rwa WhatsApp.   Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane ku itariki 22 Nyakanga 2021, umuhanzi akaba n’umunyamakuru Nkubiri…

Share this:
Posted on

Covid-19 yahitanye abantu 11 naho 1309 barayandura

Share this:

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kane abantu 11 bishwe na Covid-19 mu Rwanda bituma umubare w’abamaze guhitanwa n’iki cyorezo mu gihugu uba 704.   Abahitanwe n’iki cyorezo n’abagore batanu b’imyaka 79, 72, 52 (Kigali), 65 (Karongi) & 24…

Share this:
Posted on

Dore amwe mu mafunguro wakongera mubyo urya niba wifuza kongera uburebure

Share this:

Ibiryo byongera uburebure cg igihagararo bibaho, nubwo akenshi igihagararo kigenwa n’ibintu bitandukanye, iby’ingenzi twavuga:   Akoko (ibi bikomoka ku muryango) Imyitozo ukora Ibiryo urya umunsi ku munsi, kuva uvutse. Uburebure cg igihagararo ni kimwe mu bigaragaza umuntu uteye neza, ikindi…

Share this:
Posted on