Real Madrid: Mu marira Ramos yasezeye Varane bari bamaranye imyaka isaga 10 mu bwugarizi aho bari kumwe batsinzwe imikino 2 gusa
Kuri uyu wa Kabiri ni bwo Manchester United yatangaje ko yamaze kumvina na Real Madrid Kuri Raphael Varane wari umaze imyaka isaga 10 yambara Umweru n’umukara. Varane yageze muri Real Madrid asanga Sergio Ramos amazemo imyaka 6 yamwakiriye nk’umwana…
Umusore yahisemo kwica umukunzi we wari ugiye kumusiga akajya Qatar mu kazi yibwirako nagera i mahanga azamwanga
Akenshi umunyenga w’urukundo ugaragara iyo abakundana batuye mu gace kamwe cyangwa mu gihugu kimwe aho babasha guhura rimwe na rimwe bitagoranye, iyo umukunzi wawe agusezeye agiye i mahanga ushobora kumva ikiniga ukibwira ko azakwanga kubera kutakubona ibyatumye umusore wo muri…
Agashya: Kompanyi y’abashinwa yaciye agahigo ko kubaka inzu y’amagorofa(etages) 10 mu masaha 28 gusa
Iyo umuntu avuze ko iterambere ryihuta nk’umuyaga ni imvugo ivugwa kugira ngo bikumvishe ko hari umuhanda cyangwa inyubako zishora kuzura mu gihe gito cyane nk’uko Broad Group, Kompanyi y’Abashinwa yakoze amateka ku isi ikuzuza inzu ya Etaje 10 mu masaha…
U Rwanda rurakoza imitwe y’intoki ku gutangira gukora inkingo n’indi miti igabanya ubukana bwa za virus
Kuri uyu wa Kane, abayobozi bakuru ba leta bari kumwe n’uhagarariye Fondasiyo ya KENUP bahuye n’abafatanyabikorwa batandukanye ndetse banasura ibigo i Kigali, mu ntambwe iganisha u Rwanda hafi yo gutangira gukora inkingo n’ibindi binyabuzima. Fondasiyo ya KENUP ni umuryango mpuzamahanga…
Kenya: Abaganga n’abaforomo / kazi b’abashomeri bemerewe akazi mu Bwongereza
Kenya yagiranye amasezerano n’Ubwongereza azemerera abaforomo/kazi n’abandi baganga badafite akazi kujya gukorera mu Bwongereza. Minisitiri w’umurimo wa Kenya Simon Chelugi na Minisitiri w’ubuzima w’Ubwongereza Sajid Javid basinye ayo masezerano ku munsi wa gatatu w’uruzinduko rwa Perezida Uhuru Kenyatta i…
Perezida Biden yategetse ko uwemeye gukingirwa Covid-19 ahabwa ibihumbi 100RWF
Perezida wa Amerika Joe Biden yasabye za leta gutanga $100 (agera ku 100,000Frw) ku bantu bashya bemeye gukingirwa Covid mu muhate wo kuzamura umubare w’abakingirwa kubera ubwandu buri kwiyongera. Biden yashyizeho ibwiriza rishya ritegeka kwikingiza ku bakozi ba leta…
Dore icyo wakora mu gihe woza amenyo akava amaraso
Kuva amaraso mu menyo ni ikibazo gikunze kuba kuri benshi, ushobora kuba uri muri bamwe cg uzi uwo bibaho, akenshi biza gutyo gusa, uriye ikintu cg mu gihe uri koza amenyo. Niba ujya uva amaraso mu ishinya waba uri…
Dore ibintu byoroshye byagufasha kongera ubudahangarwa bw’umubiri wawe bityo ukaba wirinze kurwaragurika
Reka turebere hamwe ibindi 5 byagufasha kongera imbaraga z’abasirikare n’urwungano rw’ubwirinzi byawe, bityo bikagufasha guhangana n’indwara zitandukanye. Imyitwarire yagufasha kongera ubudahangarwa bw’umubiri wawe Guseka cyane Guseka cyane bifitiye akamaro gakomeye umubiri kuko byongera ubudahangarwa, bityo bikagufasha kwirinda indwara…
Mozambique: Ese koko u Rwanda rwohereje ingabo rutanguranwa na SADEC? Min. Biruta arabisobanura
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr. Vincent Biruta, yahakanye amakuru avuga ko u Rwanda rwohereje ingabo zarwo rusa n’urutanguranwa n’ibihugu bya SADC. Ibihugu ndetse n’abantu ku giti cyabo banenze ukuntu ingabo z’u Rwanda zageze muri Mozambique, bamwe ndetse bavuga…
Igisupusupu Yakatiwe Igifungo Cy’agateganyo
Urukiko rw’Ibanze rwa Kiramuruzi ruherereye mu Karere ka Gatsibo rwakatiye umuhanzi Nsengiyumva François wamamaye nka Igisupusupu, igifungo cy’agateganyo cy’iminsi 30, mu gihe hagikorwa iperereza ku byaha byo guhohotera umukobwa w’imyaka 13 y’amavuko. Ni umwanzuro umucamanza yatanze nyuma y’aho Igisupusupu aburanye…