Month: July 2021

Imyitwarire mibi ugomba kwirinda kuko igabanya ubudahangarwa bw’umubiri ku kigero cyo hejuru bikaba byatuma indwara zikwibasira

Share this:

Ubudahangarwa bw’umubiri wawe, bugira akamaro gakomeye ku buzima kuko bwitabazwa mu kurinda no kurwanirira umubiri ibyashaka kuwuhungabanya byose. Burinda ko mikorobe zose zagira aho zimenera, maze zikaba zatera indwara zitandukanye.   Iyo ufite ubudahangarwa bworoshye, bishobora kugutera ibibazo bikomeye ku…

Share this:
Posted on

Uramutse umenye ibi bintu ntiwazongera gusiba kurya umwembe mu buzima bwawe bwose

Share this:

Umwembe ni umwe mu mbuto zizwi cyane kandi zikundwa na benshi kubera impumuro n’uburyohe ufite, ukungahaye ku ntungamubiri zitandukanye dore ko witwa “umwami w’imbuto“. uba mu mabara 3; icyatsi, umuhondo n’umutuku.   Ese umwembe ukungahaye kuki?   Umwembe uboneka mu…

Share this:
Posted on

Tanzania: Perezida Samia Suluhu yakingiwe Covid-19 asaba Abatanzania bose nabo kwikingiza

Share this:

Yakomeje kuvuga ko abantu badakwiye kumutandukanya na Magufuli yabereye Visi-Perezida, ariko biragoye kuko imyanzuro afata Magufuli yayamaganye inshuro zitabarika.   Perezida Samia Suluhu Hassan uyobora Tanzania kuva muri Werurwe 2021 nyuma y’urupfu rwa Dr John Joseph Pombe Magufuli, yakingiwe Covid-19…

Share this:
Posted on

Ibyo wamenya kuri B-2 Spirit indege y’indwanyi y’akataraboneka igura asaga miliyari 2 z’amadorari ya Amerika – AMAFOTO + VIDEO

Share this:

Iyi ndege ikoze mu ishusho ry’inyuguti wa W ntibonwa na radar, irihuta cyane kandi ishobora gutwara no kurasa ibisasu by’ubwoko bwose byaba ibisanzwe cyangwa se ibya kirimbuzi bizwi nka Nuclear ndetse na za missile. Ni indege y’igihugu cya Leta zunze…

Share this:
Posted on

Ubwiza bw’indege yihariye(Private jet) ya Cristiano Ronaldo agendamo mu biruhuko. AMAFOTO

Share this:

Rutahizamu wa Juventus, Cristiano Ronaldo,amaze iminsi mu biruhuko we n’umuryango we aho bagendaga mu ndege ye yo mu bwoko bwa Gulfstream G200 yaguze muri 2015 kuri miliyoni £20 z’amapawundi.   CR7 na Georgina Rodriguez bamaza iminsi bari mu ngendo mu…

Share this:
Posted on

Leta y’u Burundi yaburijemo ibitaramo bya Israel Mbonyi

Share this:

Guverinoma y’u Burundi kuri uyu wa 28 Nyakanga 2021, yatangaje ko yaburijemo ibitaramo by’umuhanzi w’Umunyarwanda, Israel Mbonyi uririmba indirimbo ziramya n’izihimbaza Imana. Mu itangazo ryashyizwe hanze na Minisiteri y’Ubutegetsi, iterambere ry’abaturage n’umutekano mu Burundi mu kanya gashize, yasobanuye ko impamvu…

Share this:
Posted on

Kinshasa: Umupolisi yarashe umukuriye ubwo bagenzuraga abambaye udupfukamunwa

Share this:

Kuri uyu wa Gatatu muri karere ka Bandalungwa, mu Mujyi wa Kinshasa umupolisi yibeshye arasa umukuriye ubwo bari mu bugenzuzi bwo kureba abantu batambaye udupfukamunwa. Amakuru agera ku rubuga rwa ACTUALITE.CD aravuga ko uyu mupolisi warashwe mu mutwe yahise yihutanwa…

Share this:
Posted on

Meddy yasenze isengesho rikomeye naho bamwe mu bahanzi nka Teta, Juno Kizigenza na Sentore bavuga n’akari imorori kubera indirimbo My Vow

Share this:

Hari ku itariki 22 Nyakanga 2021 ubwo umuhanzi Meddy yashyiraga hanze indirimbo yise “My Vow” yahimbiye umugore we Mimi Mekfra baherutse ku rushinga, ariko ikaza guteza impagarara bitewe n’uko yazanye impinduka zitandukanye mu muziki nyarwanda.   Mu by’ukuri Meddy nk’umuhanzi…

Share this:
Posted on

Ibibazo 10 ukwiye kwibaza no gusubiza mbere yo gutandukana n’umukunzi wawe

Share this:

Gutandukana n’umukunzi wawe, umugabo/fiancé (e), si ibintu byoroshye na mba. Hari abatandukana babihubukiye, nyuma bakifuza kuba bakongera kubana cyangwa gukundana n’abo bashwanye, ugasanga ntibibashobokeye cyangwa bakabigeraho bibagoye cyane.   Ibibazo 10 muba mugomba kwibaza mbere yo gufata umwanzuro wo gutandukana….

Share this:
Posted on

Umunyarwenya Bishop Gafaranga yahawe impano y’imodoka nziza cyane kubera indirimbo BYA BIHE aheruka gushyira hanze- AMAFOTO

Share this:

Umunyarwenya Bishop Gafaranga ari mu byishimo bikomeye nyuma y’impano y’imodoka yahawe na Muhire Emmanuel ubarizwa mu Bubiligi ku bw’indirimbo ye “Bya bihe”, iibiganiro by’ivugabutumwa akora n’imikorere ye muri kompanyi akoramo.   Tariki 2 Nyakanga 2021, ni bwo Bishop Gafaranga yasohoye…

Share this:
Posted on