Uwari Lt muri polisi mu Rwanda ari mu Bubiligi aho asigaye yitwa ikimashini kubera gukora imirimo y’ingufu
John Simbaburanga wahoze muri Polisi y’u Rwanda ku ipeti rya Liyetona, hari amakuru ko asigaye aba mu nkambi yo mu Bubiligi aho akora imirimo y’ingufu ituma bamwita Ikimashini. Mu gihe we avuga ko aba muri Afurika y’Epfo, KT Press…
Umushinga wa gari ya moshi uhuza u Rwanda,Tanzania na RDC ugiye kwihutishwa
Umushinga wa gari ya moshi u Rwanda ruhuriyeho n’ibihugu bya Tanzania na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ugiye gusubukurwa ndetse wihutishwe kurushaho nyuma yaho ukomewe mu nkokora n’ibibazo birimo n’icyorezo cya COVID19 nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’ibikorwa remezo. Biteganyijwe ko…
Akamaro ko koga amazi ashyushye ku mubiri w’umuntu
Koga amazi ashyushye, ushobora kuyoga wiyuhagira ariko ushobora no kuyajyamo ukayamaramo iminota hagati ya 5 na 10. Ubwo ni ukuyasuka mu kintu ubasha kujyamo ugakwirwamo. Hahora ikibazo ku bantu ku kumenya niba koga amazi akonje ari byo byiza cyangwa…
Dore uburyo bworoshye bwagufasha kumenya niba utwite umuhungu cyangwa umukobwa mbere yo kubibwirwa n’abaganga
Kumenya igitsina cy’umwana utegereje kwibaruka ni ingenzi cyane mu rwego rwo gutegura ibyo azakenera byose yaba ari mu mibereho ndetse n’ibyo azambara. Kwa muganga hari uburyo bukoreshwa bwa ultrasound ukaba wamenya igitsina cy’umwana uzabyara, hagati y’ibyumweru 16 na 20…
Umugabo yatorotse Polisi anatwara ipingu ryayo none arahigishwa uruhindu
Polisi mu karere ka Musanze iri guhigisha uruhindu umugabo witwa Bizimana Anselme, nyuma yo gutoroka kasho yayo iri kuri Sitasiyo ya Remera aho yari amaze iminsi afungiye. BWIZA dukeshya iyi nkuru ivuga ko kuwa Kane w’icyumweru gishize Bizimana yatawe muri…
Umuhanzi Kitoko yavuze ku mukunzi we anahishura ko yitegura kurushinga vuba – AMAFOTO
Umuhanzi w’umunyarwanda uba mu Bwongereza, Kitoko Bibarwa, bwa mbere yavuze ku mukunzi we bitegura kurushinga anahishura igihe ubukwe bwe buzabera. Umuhanzi Kitoko ni umwe mu bahanzi b’abanyarwanda bamaze igihe kitari gito mu muziki nyarwanda ndetse bafite abakunzi batari bake…
Birababaje: Umwarimu yakubise umwana arapfa nyuma yo gusubiza nabi ikibazo yari amuhaye
Abantu benshi batandukanye barimo ibyamamare ku isi basabiye ubutabera umukobwa witwa Michelle ufite imyaka 8 wishwe n’umwarimu we nyuma yo kumubaza ikibazo ariko ntagisubize neza umwarimu we akamukubita mu mutwe agahita yitaba Imana. Ibi byabereye mu gihugu cya Kenya…
Umuhanzi Gabiro Guitar, Dj Theo na Producer Niz beats bakoze impanuka
Umuhanzi Gabiro Guitar yakoze impanuka y’imodoka,ari kumwe na Producer Niz Beats na DJ Theo barokotse impanuka ikomeye y’imodoka barimo,ubwo berekezaga i Gikondo. Ni impanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 26 Nyakanga 2021 i Nyamirambo kuri…
Ntibisanzwe: Umwana w’imyaka 10 yakoreye se ibyo yari amaze gukorera nyina amuhohotera bimuviramo gupfa
Polisi mu Karere ka Rukungiri muri Uganda iri mu iperereza ku rufu rw’umugabo w’imyaka 33 bivugwa ko yishwe n’umuhungu we w’imyaka 10 nyuma y’amakimbirane yabanje kubera mu rugo hagati y’umugabo n’umugore we. Umugabo wishwe ni uwitwa Pius Tugumisirize, wari utuye…
Mozambique: Perezida Nyusi yashimiye ingabo za RDF zamufashije gukubita incuro inyeshyamba
Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, yashimye ingabo z’u Rwanda kubera akazi kadanzwe zikomeje gukora mu ntara ya Cabo Delgado, ashimangira ko nta kiguzi gishobora kugira akazi ziri gukora. Perezida Nyusi yabigarutseho ejo ku Cyumweru, mu ijambo yagejeje ku banya-Mozambique risobanura…