Month: July 2021

Rwanda: Habonetse ubwoko bwa Covid-19 butazwi

Share this:

Mu bipimo 242 byo gushaka amoko ya Covid19 ari mu Rwanda habonetsemo ubwoko butazwi bw’iyi virus buri ku kigero cya 5.4%, nk’uko Imibare iva muri Minisiteri y’Ubuzima ibyerekana.   Ubwoko bwiganje cyane ni Delta, bwabonetse bwa mbere mu Buhinde, iri…

Share this:
Posted on

Muhanga: Gitifu wavuzweho gutuma Mudugudu kwaka ruswa yabaye umwere Mudugudu akatirwa gufungwa

Share this:

Umumararungu Yvonne, wahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Agateganyo mu kagali ka Musongati, Umurenge wa Nyarusange, yagizwe umwere ku cyaha cy’ubushukanyi yari akurikiranyweho, mu gihe Nshimiyimana Pierre, Umukuru w’Umudugudu wa Kagarama yahamijwe icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya agahabwa igihano cyo…

Share this:
Posted on

Platini yasubije abamunenze nyuma yo kwibaruka hashize amezi 4 gusa arushinze anahishura icyo yabwiye umugore we nyuma yo kubyara

Share this:

Nyuma y’uko amafoto y’ubukwe bwa Platini agiye hanze, bamwe bavuze ko umugore we Ingabire Olivia atwite inda nkuru abandi barabihakana gusa biza kuba impamo ubwo kuwa Kane w’icyumweru gishize bibarukaga nyuma y’amezi 4 gusa barushinze. Kuri ubu Platini yagize icyo…

Share this:
Posted on

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zongeye kwivugana inyeshyamba nyinshi hanafatwa byinshi mu bikoresho byazo

Share this:

Amakuru akomeje kuzenguruka kuri twitter ataremezwa neza aravuga ko ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique muri iyi weekend zongeye kwivugana inyeshyamba nyinshi mu Ntara ya Cabo Delgado mu gace ka Awasse. Aya makuru arakomeza avuga ko izo nyeshyamba zishwe mu…

Share this:
Posted on

Ngoma: Umunyeshuri uri mu bizamini bya Leta yahengereye mugenzi we amukubita inyundo mu mutwe bapfa umukobwa

Share this:

Abanyeshuri babiri bari gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye bashyamiranye bapfa umukobwa, umwe akubita mugenzi we inyundo mu mutwe aramukomeretsa.   Ibi byabereye muri Groupe Scolaire de Kabare iherereye mu Murenge wa Remera mu Karere ka Ngoma, aho abanyeshuri…

Share this:
Posted on

Dore ibintu 10 wakagombye kumenya ku mikorere y’impyiko

Share this:

Imikorere y’impyiko, rumwe mu ngingo dufite zifite akamaro gakomeye cyane, kubera ziyungurura amaraso, zigafasha no mu gusohora imyanda iba iri mu mubiri.   Umuntu agira impyiko 2 ziherereye mu gice cy’inda yo hasi iburyo n’ibumoso ariko ahagana mu mugongo; buri…

Share this:
Posted on

Imbuto z’ipapayi zishobora gufasha abagabo kuboneza urubyaro

Share this:

Muri iki gihe, kuboneza urubyaro ahanini hakoreshwa uburyo bwa kizungu aho dukoresha uburyo butari ubw”imisemburo cyangwa se ubw”imisemburo, ari na bwo bukoreshwa cyane dore ko buba bwizewe kurenza ubudakoresha imisemburo.   Ibi  yose iyo bikorwa bikorerwa ku bagore, keretse gufunga…

Share this:
Posted on

Ibyo kurya ugomba kwirinda niba wifuza kunanuka

Share this:

Kugabanya ibiro ntibiba byoroshye, cyane cyane noneho iyo ufite ibiro birengeje urugero. Ibiro birengeje urugero ni ikibazo gikomereye ubuzima, kuko biri ku isonga mu bitera indwara zikomeye nk’izibasira umutima, diyabete, kanseri, kwigunga n’izindi zibasira imikorere y’umubiri.   Kugabanya ibiro ukagera…

Share this:
Posted on

Dr Dre yategetswe kujya yishyura miliyoni 3.5$ buri mwaka umugore batandukanye nyuma y’imyaka 24

Share this:

Umuraperi w’Umunyamerika Dr Dre yategetswe n’urukiko rwa Los Angeles kujya yishyura uwahoze ari umugore we Nicole Young amadorali miliyoni 3.5 ku mwaka.   Hejuru y’ibyo kandi, uyu munyamuziki yategetswe kujya yishyura ibijyanye n’ikiguzi cy’ubuzima bwa Young, amazu aherereye mu gace…

Share this:
Posted on

Byatangiye ari intambara! Rayvanny na Paula mu munyenga w’urukundo mu maso ya nyina Kajala wanahawe akayabo n’uyu muhanzi

Share this:

Isi babayemo ntabwo ari aya hano hafi! Frida Kajala nyuma yo kuvumira ku gahera Rayvanny amushinja kumusindishiriza umwana akaboneraho kumusoma n’ibindi, asa n’uwamumweguriye kuko noneho bamuteretanira mu maso. Ibi byagaragariye mu isabukuru y’uyu mubyeyi wananyanyagijweho akayabo n’uyu muhanzi.   Ntawe…

Share this:
Posted on