Month: August 2021

Burundi: Umukobwa yiyemeje guharikanwa na nyina nyuma y’uko abateranyije ubundi akifunga uyu musore wari kuba umukwe we

Share this:

Urukundo rugana aho rushatse, bibaho ko umusore atereta umukobwa na Nyina, cyangwa se agatereta umwe undi akaziraho bikaba byafata indi ntera. Umukobwa wo mu gihugu cy’u Burundi ari mu gihirahiro, nyuma y’aho Nyina umubyara ashakanye n’umusore biteguraga kurushinga kuko yamurangayeho….

Share this:
Posted on

Amerika yakuye umusirikare wayo wa nyuma muri Afghanistan. Reba icyo bakoreye ibikoresho byabo bya gisirikare basize ku kibuga cy’indege

Share this:

Igisirikare cya Amerika cyasize kiborotse ibikoresho bya gisirikare birimo indege n’imodoka z’intambara cyasize muri Afghanistan ku buryo bitakongera gukoreshwa mbere yo kuhavana abasirikare bacyo ba nyuma bari basigaye ku butaka bw’iki gihugu kuri uyu wa Mbere, itariki 30 Kanama 2021….

Share this:
Posted on

Musanze: Umugabo Yishwe n’abagizi ba nabi bamuteze avuye guhahira umuryango

Share this:

Umurambo w’uwitwa Hakuzimana Emmanuel w’imyaka 53 wari uzwi ku izina rya Kalinda wabonetse mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Busogo mu Kagari ka Kavumu, mu Mudugudu wa Karema, nyuma yo kwicwa avuye gukorera amafaranga i Rubavu.   Nyakwigendera Hakuzimana…

Share this:
Posted on

Gisozi: Ikamyo yagwiriye inzu abantu 2 bahasiga ubuzima

Share this:

Mu gicuku cyo kuri uyu wa 31 Kanama 2021, saa munani z’ijoro, ku Gisozi mu Karere ka Gasabo, hepfo gato y’Ibiro by’Umurenge wa Gisozi, habereye impanuka y’ikamyo yari itwaye ibiti, yagwiriye inzu z’umucuruzi witwa Yvonne Mukeshimana iramuhitana.   Inzu z’uwo…

Share this:
Posted on

Habonetse ubundi bwoko bushya bwa Covid-19 bwandura vuba cyane muri Afurika y’Epfo

Share this:

Abashakashatsi bo muri Afurika y’Epfo bari gukurikiranira hafi ubundi bwoko bushya bwa Coronavirus bwitwa C.1.2 bugenda buhindagurika kenshi.   Ubu bushakashatsi ntiburemeza niba koko ari ubundi bwoko (variant) buteye ubwoba. Ubu bwoko bumaze kuboneka mu ntara zose za Afurika y’Epfo…

Share this:
Posted on

Burundi: Uhagarariye u Rwanda yagaragaye atunguranye mu munsi mukuru w’imbonerakure, Perezida Ndayishimiye amuha ubutumwa bukomeye

Share this:

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yijeje Abarundi ko iby’umubano w’igihugu cye n’u Rwanda bikomeje gushakirwa umuti anagira ubutumwa aha Abanyarwanda yanyujije ku muntu wari uhagarariye u Rwanda wari witabiriye imihango yo kwizihiza Umunsi w’Imbonerakure wabaye kuwa gatandatu ushize, itariki 28…

Share this:
Posted on

Amagambo y’incyuro ubwo Uganda yakiraga umurambo w’umucuruzi wiciwe mu Rwanda arashwe

Share this:

Kuri uyu wa 29 Kanama 2021, Leta ya Uganda ihagarariwe na Nelson Nshangabasheija yakiriye umurambo wa Justus Kabagambe warasiwe n’abashinzwe umutekano b’u Rwanda mu Murenge wa Kivuye mu Karere ka Burera, ku wa 18. Nshangabasheija usanzwe ari umwe mu bayobozi…

Share this:
Posted on

Umuhungu wa Joe Habineza yahishuye ikintu yakundaga gukora cyatumye bagira impungenge zikomeye ubwo yagirwaga Minisitiri ku ncuro ya mbere bibaza uko bizagenda nabikora ari kumwe na Perezida Kagame

Share this:

Umwe mu bahungu ba nyakwigendera Amb. Joseph Habineza (Joe) witwa Jean Michel Habineza, avuga ko se yari wishimaga cyane ku buryo yakoraga ku wo bicaranye cyangwa akazamura amaguru mu kirere, ku buryo byabateye kwibaza ikizaba ubwo yari amaze kugirwa Minisitiri…

Share this:
Posted on

Umugore yatunguranye ahishura ukuntu yabyaranye abana 3 bose n’uwo bahoze bakundana kandi afite umugabo – Reba impamvu itangaje yabimuteye

Share this:

Umugore wubatse wo muri Ghana yahishuye ko abana batatu bose afitanye n’umugabo we, atari we wababyaye, ko ahubwo babyaranye n’uwo bahoze bakundana kuko umugabo we ari mubi ku isura bikabije. Uyu mugore w’imyaka 34 avuga ku bubi bw’umugabo we babana…

Share this:
Posted on

Umuganga avuga ko yicuza kuba yarafashe urukingo rwa Covid-19. Iyumvire ibyamubayeho

Share this:

Hasanzwe habaho impaka ku bijyanye n’inkingo za Covid-19 aho abazihabwa bemera ko zibongerera amahirwe yo kutazahazwa n’iyi virus igihe bayanduye naho abazirwanya bakemeza ko zizagira ingaruka zikomeye ku bazihawe ndetse ko nta n’ubushobozi bwo kurinda zifiite. Abakoze inkingo ndetse na…

Share this:
Posted on