Yahagaritse kunywa amazi no kurya inyama nyuma yo gufungwa arengana mu myaka 20 ishize nk’uko abivuga
Umugabo wo mu Burundi uzwi ku kazina ka Karitoni avuga ko kuva yafungwa mubyo we yitwa akarengane, ntaranywa amazi kandi yumva ameze neza. Uyu mugabo kuri ubu wahindutse umurasita nyuma yo gufungurwa, avuga ko yarenganyijwe ndetse n’igihe bigaragariye ko…
Umwarimu yateye inda abana 3 yigishaga mu ishuri rimwe
Mu gihugu cya Ghana haravugwa inkuru y’umwarimu wakoze amahano atera inda abakobwa 3 yigisha mu ishuri rimwe ndetse ngo uyu mwarimu yamaze kugezwa mu butabera kugira ngo aryozwe ibyo yakoreye aba bakobwa bakiri bato. Dr Kyeremeh yahishuriye ibi mu…
Afghanistan: Bemeye guparamira indege nka Comando muri Filimi kugirango bahunge Abatalibani gusa yageze mu kirere barahanuka – AMAFOTO
Abanya Afghanistan bakomeje gushaka uburyo bwose butuma bahunga igihugu nyuma y’aho Abatalibani bagifashe mu minsi ishize bikavugwa ko banatangiye kwica abantu bamwe na bamwe. Mu mashusho ateye ubwoba yakwirakwijwe hose,yagaragagaje abantu benshi cyane bari ku kibuga cy’I Kabul hanyuma…
Inkingo za Covid-19 u Rwanda rwahawe na USA n’Ubushinwa ziragera i Kigali umunsi umwe
Nyuma y’uko ibiro bya perezida wa Amerika kuwa kabiri bitangaje ko byoherereje u Rwanda doze hafi 500,000 by’inkingo za Pfizer, Ubushinwa nabwo bwohereje impano y’inkingo zabwo i Kigali. Abashinzwe ubuzima mu Rwanda batangaje ko impano ya Amerika byitezwe ko…
Siberia: Umwobo uzwi nk’irembo ry’ikuzimu ukomeje kwaguka. Ibiteye inkeke n’icyo abahanga babivugaho
Uyu mwobo wiswe Batagaika cyangwa Megaslump uzwi mu gace uherereyemo nk’irembo ry’ikuzimu giherereye mu ishyamba rya Siberia ishyamba kimeza rimaze imyaka n’imyaka ryo mu gihugu cy’Uburusiya. Icyi cyobo bivugwa ko kimaze kugira ubugari bungana na Km 1 kandi ko…
Uganda igiye kwakira impunzi 2000 z’abanya-Afghanistani
Igihugu cya Uganda kigiye kwakira impunzi z-abanya-Afghanistan zigera ku 2000 nyuma y’uko Abataribani bisubije ubutegetsi nyuma y’imyaka 20 babwirukanweho n’abanyamerika. Kwakira izi mpunzi biturutse mu mwumvikano hagati y’igihugu ya Uganda na Leta zunze Ubumwe za Amerika nk’uko Minisitiri ushinzwe impunzi…
Inzira z’Imana ntizigira umubare: Yabaye umushumba w’inka, yize kaminuza yishyuriwe n’abagiraneza ubu ni Perezida wa Zambia. Byinshi kuri Hakainde Hichilema
Umuntu wese ukuranye umugambi burya abigeraho iyo adacitse intege, intsinzi ya Hakainde Hichilema yerekana isomo rikomeye mu bantu ririmo kudacika intege no kutiheba mu gihe ugihumeka kuko yabaye umushumba w’inka, avukira mu muryango ukennye ariko amateka arahindutse abaye Perezida nyuma…
Bavumbuye ko bavukana nyuma y’imyaka 10 babana nk’umugabo n’umugore
Umugabo n’umugore bo muri USA baciye ibintu hirya no hino ku isi kubera uburyo bari bamaze imyaka 10 babana batazi ko bavukana bakaba baje kubivumbura nyuma yo kubyarana abana 2. Mu mashusho yakwirakwijwe ku rubuga rwa Tik Tok, aba…
Afghanistan: Icyafashije Abatalibani kwigarurira igihugu mu kanya nk’ako guhumbya kandi bakosheje intwro ziciriritse cyamenyekanye
Mu byumweru bicye bishize, abarwanyi b’aba Taliban, ahanini bitwaje imbunda ziciriritse za AK-47, banyanyagiye muri Afghanistan urebye nta kibazo gikomeye bahuye na cyo. Ikiganiro Newsnight cya BBC cyabwiwe ko imwe mu mpamvu z’ingenzi zatumye igisirikare cya Afghanistan kirindimuka ari…
Umusore yajyanye umukobwa iwe bageze mu buriri ahinduka ihene we arasara
Umusore witwa Namasaka, wo mu cyaro cyitwa Mayuge, mu gace ka Navakholo i Kakamega muri Kenya yatangaje ko yumvise ashaka umukobwa baryamana, akanyura ku isoko, akamutahana gusa yagera mu buriri, umukobwa agahinduka ihene. Namasaka usanzwe akora akazi ko mu…