Perezida wa Afganistani yatunguye isi ubwo yahunganaga imodoka 4 na kajugujugu byuzuye amafaranga
Ambasade ya Amerika i Kabul, yatangaje ko Ashraf Ghani wari Perezida wa Afghanistan ahunga igihugu cye yajyanye imodoka enye na kajugujugu byose byuzuye amafaranga, gusa biba ngombwa ko amwe ayasiga kuko yabuze uko yayatwara yose. . Perezida wa Afganistan…
Mbappe uheruka kuvugirizwa induru n’abafana ba PSG noneho ngo hari ikintu gikomeye ashaka kubwira Perezida w’iyi kipe
Rutahizamu Kylian Mbappe utishimiwe n’abafana ba PSG muri iyi minsi kubera ko yanze kongera amasezerano kandi ikipe imukeneye,yamaze gusaba Perezida w’ikipe, Nasser Al-Khelaifi,ko bahura bakaganira ku bijyanye no kumurekura akigendera. Real Madrid imaze icyumweru cyose iganira na PSG kuri…
Agakiriro ka Gisozi kafashwe n’inkongi y’umuriro
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Kanama 2021, inkongi yibasiye agakiriro ka Gisozi gaherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Gisozi. Ababonye iyi nkongi bavuga ko yatangiye saa 8h50 za mu gitondo, itewe n’umuriro w’amashanyarazi,…
Mozambique: Ingabo z’ Rwanda n’iza Mozambique zakomwe mu nkokora n’ibyihebe byahinduye amayeri
Umuvugizi w’Igisirikare cya Mozambique, Brig Chongo Vidgal, yatangaje ko ibitero Ingabo z’u Rwanda zikomeje kugaba mu ntara ya Cabo Delgado ku bufatanye n’iza Mozambique byakomwe gato mu nkokora n’ibyihebe bisa n’ibyarambitse intwaro bikiyoberanya nk’abaturage. . Ibyihebe byatangiye kwiyoberanya mu…
Zambia: Byinshi kuri perezida Hichilema watsinzwe incuro 5 zose akitwa umukozi wa Satani n’umu-freemason, gufungwa…
Hakainde Hichilema yavutse ku itariki 04 Kamena 1962, ni umunyemari wo muri Zambia, umunyapolitiki , Umukirisitu wo mu itorero ry’Abadivantisti b’Umunsi wa karindwi n’ubwo hari abamwise umukozi wa Satani,ndetse akaba Perezida mushya watowe wa Zambia, nyuma yo guhatanira uyu mwanya…
Ingaruka mbi zikomeye cyane ushobora kuba utari uzi ziterwa no kumara igihe kinini Bluetooth ya Telefone yawe ifunguye
Akenshi usanga twibanda ku gushyira imfunguzo zikaze (screen lock & app lock) muri telefone zacu ndetse tukanaharanira guhora telefone zigaragara neza umunsi kuwundi. . Ibyago biterwa na kumara igihe kinini bluetooth ya telefoni ifunguye . Bluetooth igira ingaruka mbi…
Ibimenyetso 7 bigaragaza ko urukundo urimo rudafatika ndetse rutazaramba
Hari igihe umukobwa cyangwa umusore yibwira ko ari mu rukundo nyamara urebye neza ibyo we yita urukundo wasanga ari urukundo rudafatika ndetse rudafite iyo ruva n’aho rugana. Urukundo nkuru ntakindi rukumarira usibye kukubabaza no kugutakariza igihe. . Urukundo rujegajega…
Uncle Austin yavuze ‘bwa mbere’ uko uwari umukunzi we yamushinje kumwanduza SIDA bajyana kwipimisha agahakana ibisubizo bahawe na muganga
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Luwano Tosh [Uncle Austin] umaze imyaka irenga 15 akomatanya iyi mirimo yombi, yavuze ‘bwa mbere’ uko yabayeho iminsi itari mike ahanganye no kumvisha uwari umukunzi we Mwiza Joannah ko ibyo yumvise by’uko yamwanduje SIDA atari ukuri. …
PSG: Kugura Lionel Messi bigiye gushyira iherezo kuri Kylian Mbappe
PSG iherutse gusaba Mbappe ko yasinya amasezerano y’imyaka 6 ndetse agahabwa umushahara ungana n’uwa Neymar abitera utwatsi akomeza kwicecekera. Gusa kuri ubu bishobora gutizwa umurindi no kuba Messi yaraje muri iyi kipe bakaba banyurana. . Kylian Mbappe ashobora kwerekeza…
Zambia: Perezida Lungu yatinzwe amatora yegukanwe na Hichilema
Komisiyo y’amatora ya Zambia yemeje ko amatora ya perezida yo mu cyumweru gishize uwayatsinze ari umukandida w’abatavugarumwe n’ubutegetsi Hakainde Hichilema. . Hichilema yatsinze amatora muri Zambia . Perezida Lungu wa Zambiya yatsinzwe amatora . Zambia yabonye Perezida mushya bwana Hichilema…