Ku myaka 145 ashobora kuba ari we muntu ukuze kurusha abandi ku isi. Byinshi kuri we
Uyu musaza ushobora kuba ari we wa mbere umaze imyaka myinshi ku isi, ibye byamenyekanye nyuma y’aho umwuzukuru we amugaragaje yifashishije urukuta rwe rwa Facebook. . Nigeria habonetse Umusaza w’imyaka 145 Uyu musaza wo muri Nigeria, umwuzukuru we…
Rwanda: A woman appeared on video beating her husband who was sitting on the ground in the dust – VIDEO
An unidentified woman from Kabutare Village in Huye District was seen in a video on Twitter slapping her unnamed husband, who was sitting on the ground in the dust and apologizing to her. . The RIB said it was…
Huye: Umugore yagaragaye yicaje umugabo we mu ivumbi aramuhondagura karahava – VIDEO
Umugore utamenyekanye amazina wo mu Mudugudu wa Kabutare mu Karere ka Huye yagaragaye mu mashusho ari kuri Twitter ahondagura inshyi umugabo we utamenyekanye amazina, ari nako yamwicaje hasi mu ivumbi, undi ari kumusaba imbabazi. . RIB yavuze ko igiye…
Abanyamategeko batanze ikirego kibuza Lionel Messi kwerekeza Muri PSG
Abanyamategeko b’ikipe ya FC Barcelona mu izina ry’abafana bayo, batanze ikirego mu Rukiko rw’Ubujurire rw’u Burayi basaba ko rwakumira ikipe ya Paris Saint-Germain gusinyisha Lionel Messi. . Abanyamategeko b’ikipe ya FC Barcelona barasaba ko Messi atasinyishwa na PSG . Icyatumye…
Umuntu uyoborera hanze aba ari Ambasaderi ntabwo aba ari umwami – Juno Kizigenza avuga ku butumwa bwe bwatumye yibasirwa ashinjwa kwishyira hejuru no kugirira ishyari Meddy
Umuhanzi ukizamuka mu muziki Nyarwanda, Juno Kizigenza, yaciye bugufi agaragaza ko atari ku rwego rumwe na Meddy, nyuma y’iminsi mike ashinjwe kumwigereranyaho nyamara batari ku rwego rumwe. . Juno Kizigenza yongeye gushimangira ko nta waba umwami mu gihutu atabamo…
Gen Muhizi yavuze icyafashije RDF gukubita incuro inyeshyamba zo muri Mozambique zari zimaze igihe zarigaruriye ibice bitandukanye
Brig Gen Muhizi Pascal uyoboye ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Mozambique, yavuze ko ikinyabupfura no kwihanganira ibihe bigoye byamye biranga ingabo za RDF ari byo byazifashije gutsinsura ibyihebe, mbere yo kwigarurira Mocímboa da Praia. …
RDF yavuze icyo izakora muri Mozambique nyuma yo guhashya inyeshyamba
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda, Col. Ronald Rwivanga yatangaje ko nyuma yo guhashya intagondwa z’umutwe w’iterabwoba wegamiye kuri Islamic State zimaze imyaka irenga itatu zihungabanya umutekano w’intara ya Cabo Delgado muri Mozambique, hazakurikiraho kubaka inzego z’umutekano z’iki gihugu. Col. Rwivanga yabitangarije…
Ntibisanzwe: Yavutse angana n’urubuto rwa pome bituma afatwa nk’umwana wavutse ari muto kurusha abandi ku isi
Umwana byibazwa ko ari we wa mbere wavutse ari muto cyane ku isi, yasezerewe mu bitaro byo muri Singapour (Singapore) nyuma y’amezi 13 yari ahamaze yitwabwaho. Kwek Yu Xuan yavutse apima amagarama (g) 212 – uburemere nk’ubw’urubuto rwa pomme/apple…
Gisozi: Umugore yahangereye umugabo we asinziriye amukata imyanya y’ibanga
Umugore yatawe muri yombi n’ urwego rw’ igihugu rw’ ubugenzacyaha (RIB) akekwaho guhengera umugabo we asinziriye, akamukata igitsina cye amuziza kumuca inyuma. Nk’ uko BTN TV dukesha aya makuru kibivuga, aya mahano yabereye mu Kagari ka Musezero mu Murenge…
DÉJÀ VU waba uzi ikiyitera ibintu bisa nk’ibitangaje biba kuri benshi?
Ese waba warigeze kujya ahantu cg kumva umuntu avuga ibintu ukumva si ubwa mbere ibyo byose biri kuba? Niba byarakubayeho uri umwe muri 70% by’abatuye isi bavuga ko ibi byababayeho cg se bibabaho. Abantu batandukanye bagerageza kuvuga kuri deja…