Neymar Jr yemeye kwigomwa ikintu gikomeye kugirango Lionel Messi amusange muri PSG
Neymar Jr ukinira ikipe ya PSG yamaze kugaragaza ko yifuza cyane gukinana na Lionel Messi aho yiyemeje guha nimero 10 yambaraga kizigenza Lionel Messi kugira ngo aze mu ikipe ya PSG imwifuza cyane. . Neymar Jr yemeye guha Messi…
Nzategereze anyerekwe? Shaddyboo yasubije Israel Mbonyi uherutse kugira inama abahungu b’abarokore yo kwiga gutereta bakava mu iterabwoba
Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddyboo ku mbuga nkoranyambaga yasubije umuramyi Israel Mbonyi uherutse kugira inama abahungu b’abarokore akabasaba kwiga gutereta bakava mu iterabwoba ryo kuvuga ngo Imana yavuze cyangwa ngo bategereje icyo izavuga. Umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no…
Abasore gusa: Dore ibintu 11 umukobwa uhamye azagusaba mu rukundo! Kora ibi bintu ubundi wegukane umwiza wihebeye
Ikintu cy’ingenzi ukeneye kumenya ku mukobwa ushikamye kandi wihagazeho, ni uko iteka azahora azi agaciro ke. Uyu ni wa mukobwa udashukika byoroshye. . Icyo wakora ukegukana uwo ukunda . Ibi byagufasha gutuma umukobwa ukunda akwihebera . Umukobwa uhamye arangwa n’ibi…
Uko wakwivura ibiheri byo mu maso cyangwa ibishishi mu buryo bwihuse ukoresheje tungurusumu
Abanyarwanda babivuze ukuri ngo ijoro ribara uwariraye! Niba uhura n’ikibazo cyo gusesa ibiheri umunsi ku munsi uzi ipfunwe bitera kuko cyane cyane bikunze kuza hari nk’igikorwa kidasanzwe uteganya nk’ikirori runaka cyangwa ibazwa ry’akazi. . Uko wakwivura indwara y’ibishishi cyangwa ibiheri…
Ibi ni byo bintu 6 byakugaragariza ko uzasazana n’umukunzi wawe
Mwaremewe gusazana, kubera ko ibintu biranga umubano mwiza murabyujuje. Ibi bintu tugiye kugarukaho birakwereka ko wowe n’uwo mukundana muri mu nzira nziza ndetse urukundo rwanyu rwubakiye ahazima. . Ibimenyetso byakwereka ko uzasazana n’umukunzi wawe . Uko wamenya niba uzarambana…
Hari gukorwa indege z’indwanyi z’igisekuru cya 6 zizaba zimeze nk’iz’ibivejuru – Amafoto
Indege z’indwanyi z’igisekuru cya gatandatu ibihugu bitandukanye byatangiye imishinga yazo ni icyiciro cy’indege z’intambara zizaba ziteye imbere kurusha iz’igisekuru cya gatanu ziriho ubu. . Indege z’indwanyi ziteye imbere kurusha izinda ku isi . Indege z’igisekuru cya 6 . Indege z’indwanyi…
Rusizi: Umubyeyi yagiye gutabara umwana we wari urohamye mu mugezi nawe agwamo arapfa
Mu mudugudu wa Cyimbogo, akagari ka Karangiro mu murenge wa Nyakarenzo, akarere ka Nyamasheke haravugwa inkuru ibabaje cyane y’urupfu rutunguranye rw’umusore w’imyaka 14 y’amavuko witwaga Niyogushimwa Jean Claude wigaga mu wa 5 w’amashuri abanza ku ishuri ribanza rya Karangiro mu…
Kumenya ibi ni ingenzi: Ibintu 8 abasore n’abagabo b’iki gihe bakunda ku bakobwa n’abagore
Muri kamere yabo burya, ngo abagabo bakunda kureba no kwitegereza abagore. Igituma umugore cyangwa se umukobwa akurura umugabo ngo biterwa ahanini n’ibyo uwo mugabo akunda. Muri rusange, ngo n’ubwo abagabo bakunda ibintu bitandukanye ariko burya ngo hari ibintu by’umwihariko ku…
Rutahizamu Babuwa Samson yamaze kwerekeza muri Angola mu ikipe izakina CAF confederation Cup
Rutahizamu w’umunya-Nigeria Babuwa Samson, yamaze kwerekeza mu kipe ya Bravos do Maquis yo mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Angola. Babuwa yabwiye BWIZA dukesha iyi nkuru ko yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri iriya kipe ibarizwa mu gace ka Luena…
Vestine yahishuye uko umuvugabutumwa yamufashe ku ngufu akamugira umugore wa 4, akajya amusambanya ku gahato… UBUHAMYA
Mu buhamya bukomeye Cyakwera Vestine yatanze, yahishuye uko yafashwe ku ngufu n’umuvugabutumwa akamugira umugore wa 4 akajya amukingirana akamusambya ku gahato buri gihe bakabyarana abana 4. Ubu baratandukanye. Atangira ubuhamya bwe mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV yavuze ko…