Abasore: Dore abakobwa 6 udakwiriye gutekereza gushakana nabo mu buzima bwawe niba wifuza urugo rwiza
Abasore benshi bagorwa no guhitamo uw’ubuzima bwabo, ugasanga bamwe barebera cyane ku buranga cyangwa ku mafaranga afitwe n’uwo mukobwa cyangwa umutungo w’iwabo. Niba uri umusore ushikamye rero, aba bakobwa tugiye kukubwira nta n’umwe wavamo umugore mwiza ukubereye. 1. Umukobwa…
Wigeze urota kubona Lionel Messi na Ronaldo mu ikipe imwe? Magingo aya birashoboka. Dore ibitangaza 8 byaba mu gihe Messi yasanga Cristiano Ronaldo muri Juventus
Ubu tuvugana Messi ari mu mubare w’abantu ku Isi badafite akazi nyuma yo gutandukana na FC Barcelona yari amazemo imyaka 18. Kuri iy’Isi nta muntu n’umwe wakwiyumvisha ko hari igihe Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bashobora…
Menya byinshi ku ndwara y’ibiheri byo mu maso cg se ibishishi
Ibiheri byo mu maso, indwara benshi bakunda kwita ibishishi (acne vulgaris) ni indwara ikunze kwibasira uruhu, aho itera gufungana k’utwenge duto tw’uruhu (tumwe ubona tuba turimo ubwoya) ndetse n’imvubura zisohora amavuta yo ku ruhu. Akenshi utu twenge twifunga bitewe n’uturemangingo…
Padiri Buhanga Jean Claude yaguye mu mpanuka y’imodoka
Padiri Jean-Claude Buhanga wayoboraga Paruwasi ya Cyahinda muri Diyoseze ya Butare yaguye mu mpanuka y’imodoka uyu munsi, hafi y’ibiro by’Akarere ka Nyaruguru. . Padiri Jean-Claude Buhanga yagonzwe n’ikamyo . Ikamyo y’abashinwa yagonze imodoka ya Padiri Jean-Claude Buhanga . Impanuka ikomeye…
Perezida Kagame yahishuye impamvu u Rwanda rwohereje igitaraganya “Special Force” muri Centrafrique
Mu kiganiro Perezida Kagame na mugenzi we wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra bagiranye n’abanyamakuru bibanze ku mubano w’ibihugu byombi uhagaze neza muri iyi minsi n’ibikubiye mu masezerano basinye. Perezida Kagame yagarutse ku mpamvu yatumye u Rwanda rwohereza ingabo zidasanzwe muri…
Byamaze kwemezwa ko Lionel Messi yatandukanye burundu na FC Barcelone
Umunyabigwi akaba yari na kapiteni w’ikipe ya FC Barcelona, Lionel Messi yamaze gutandukana n’iyi kipe yakoreyemo amateka akomeye nyuma yo kunanirwa kumuha ibyo yifuza bitewe n’ikibazo cy’ubukungu ifite. Nubwo ikipe n’umukinnyi bari bamaze kumvikana ndetse bamaze no kumvikana ku…
Ntibisanzwe: Umwana yavutse atwite impanga 2 abaganga bazimukuramo banahishura uko byagenze
Abaganga mu bitaro byitwa Assuta Medical Center biri ahitwa Ashod muri Israel bakuye insoro (embryos) ebyiri zari zirimo gukurira mu mwana w’umukobwa wari umaze kuvuka. Ibi byabaye mu ntangiriro za Nyakanga bizwi mu buvuzi nka fetus-in-fetu, nk’uko Times of…
Mangwende werekanwe nk’umukinnyi wa FAR Rabat yagize icyo atangaza
Myugaruro Imanishimwe Emmanuel bita Mangwende yatangaje ko yiteguye guha FAR Rabat ibyo afite byose, nyuma yo kumwerekana nk’umukinnyi wayo mushya. . Imanishimwe Emmanuel bita Mangwende yerekanwe nk’umukinnyi wa FAR Rabat . Ibyishimo bya Imanishimwe Emmanuel bita Mangwende uri mu ikipe ya FAR…
Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bapfa akabariro
Umugabo wo mu Karere ka Rubanda muri Uganda, Kwesiga Denis, yagambiriye gutwikira mu nzu umugore we, Ahimbisibwe Rachel w’imyaka 35, kuko yanze batera akabariro ndetse akamwima ibiryo. Kwesiga w’imyaka 34 asanzwe atuye ku cyaro cya Bigyegye ahitwa Muko yatwitse inzu…
Abantu 17 bari mu bukwe bakubiswe n’inkuba barapfa
Abantu batari munsi ya 17 mu bari mu birori by’ubukwe bapfuye muri Bangladesh nyuma y’uko bakubiswe n’inkuba, nkuko abategetsi babivuze. Abandi 14, barimo n’umugabo wakoze ubukwe, bakomeretse. Umugeni ntabwo yari ari muri ibyo birori. Abari muri uwo munsi mukuru…