Month: August 2021

Abasore: Dore abakobwa 6 udakwiriye gutekereza gushakana nabo mu buzima bwawe niba wifuza urugo rwiza

Share this:

Abasore benshi bagorwa no guhitamo uw’ubuzima bwabo, ugasanga bamwe barebera cyane ku buranga cyangwa ku mafaranga afitwe n’uwo mukobwa cyangwa umutungo w’iwabo. Niba uri umusore ushikamye rero, aba bakobwa tugiye kukubwira nta n’umwe wavamo umugore mwiza ukubereye.   1. Umukobwa…

Share this:
Posted on

Wigeze urota kubona Lionel Messi na Ronaldo mu ikipe imwe? Magingo aya birashoboka. Dore ibitangaza 8 byaba mu gihe Messi yasanga Cristiano Ronaldo muri Juventus

Share this:

Ubu tuvugana Messi ari mu mubare w’abantu ku Isi badafite akazi nyuma yo gutandukana na FC Barcelona yari amazemo imyaka 18.         Kuri iy’Isi nta muntu n’umwe wakwiyumvisha ko hari igihe Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bashobora…

Share this:
Posted on

Menya byinshi ku ndwara y’ibiheri byo mu maso cg se ibishishi

Share this:

Ibiheri byo mu maso, indwara benshi bakunda kwita ibishishi (acne vulgaris) ni indwara ikunze kwibasira uruhu, aho itera gufungana k’utwenge duto tw’uruhu (tumwe ubona tuba turimo ubwoya) ndetse n’imvubura zisohora amavuta yo ku ruhu. Akenshi utu twenge twifunga bitewe n’uturemangingo…

Share this:
Posted on

Padiri Buhanga Jean Claude yaguye mu mpanuka y’imodoka

Share this:

Padiri Jean-Claude Buhanga wayoboraga Paruwasi ya Cyahinda muri Diyoseze ya Butare yaguye mu mpanuka y’imodoka uyu munsi, hafi y’ibiro by’Akarere ka Nyaruguru.   . Padiri Jean-Claude Buhanga yagonzwe n’ikamyo . Ikamyo y’abashinwa yagonze imodoka ya Padiri Jean-Claude Buhanga . Impanuka ikomeye…

Share this:
Posted on

Perezida Kagame yahishuye impamvu u Rwanda rwohereje igitaraganya “Special Force” muri Centrafrique

Share this:

Mu kiganiro Perezida Kagame na mugenzi we wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra bagiranye n’abanyamakuru bibanze ku mubano w’ibihugu byombi uhagaze neza muri iyi minsi n’ibikubiye mu masezerano basinye.   Perezida Kagame yagarutse ku mpamvu yatumye u Rwanda rwohereza ingabo zidasanzwe muri…

Share this:
Posted on

Byamaze kwemezwa ko Lionel Messi yatandukanye burundu na FC Barcelone

Share this:

Umunyabigwi akaba yari na kapiteni w’ikipe ya FC Barcelona, Lionel Messi yamaze gutandukana n’iyi kipe yakoreyemo amateka akomeye nyuma yo kunanirwa kumuha ibyo yifuza bitewe n’ikibazo cy’ubukungu ifite.   Nubwo ikipe n’umukinnyi bari bamaze kumvikana ndetse bamaze no kumvikana ku…

Share this:
Posted on

Ntibisanzwe: Umwana yavutse atwite impanga 2 abaganga bazimukuramo banahishura uko byagenze

Share this:

Abaganga mu bitaro byitwa Assuta Medical Center biri ahitwa Ashod muri Israel bakuye insoro (embryos) ebyiri zari zirimo gukurira mu mwana w’umukobwa wari umaze kuvuka.   Ibi byabaye mu ntangiriro za Nyakanga bizwi mu buvuzi nka fetus-in-fetu, nk’uko Times of…

Share this:
Posted on

Mangwende werekanwe nk’umukinnyi wa FAR Rabat yagize icyo atangaza

Share this:

Myugaruro Imanishimwe Emmanuel bita Mangwende yatangaje ko yiteguye guha FAR Rabat ibyo afite byose, nyuma yo kumwerekana nk’umukinnyi wayo mushya. . Imanishimwe Emmanuel bita Mangwende yerekanwe nk’umukinnyi wa FAR Rabat . Ibyishimo bya Imanishimwe Emmanuel bita Mangwende uri mu ikipe ya FAR…

Share this:
Posted on

Umugabo yatwikiye umugore we mu nzu bapfa akabariro

Share this:

Umugabo wo mu Karere ka Rubanda muri Uganda, Kwesiga Denis, yagambiriye gutwikira mu nzu umugore we, Ahimbisibwe Rachel w’imyaka 35, kuko yanze batera akabariro ndetse akamwima ibiryo. Kwesiga w’imyaka 34 asanzwe atuye ku cyaro cya Bigyegye ahitwa Muko yatwitse inzu…

Share this:
Posted on

Abantu 17 bari mu bukwe bakubiswe n’inkuba barapfa

Share this:

Abantu batari munsi ya 17 mu bari mu birori by’ubukwe bapfuye muri Bangladesh nyuma y’uko bakubiswe n’inkuba, nkuko abategetsi babivuze.   Abandi 14, barimo n’umugabo wakoze ubukwe, bakomeretse. Umugeni ntabwo yari ari muri ibyo birori. Abari muri uwo munsi mukuru…

Share this:
Posted on