Dore ibimenyetso 7 bizakwereka ko vuba cyane umukunzi wawe agiye kugusimbuza undi! Igengesere
Imibanire y’abantu ubusanzwe si ikintu cyo kwizera ngo wumve utuje. Iteka ukwiriye kujya ukoresha neza amahirwe ufite ku muntu ariko ukanagenzura niba uri kwitwara neza kandi ukirinda gukinwa. Muri iyi nkuru tugiye kukubwira ibimenyetso 7 bizakwereka ko uwo muntu muri…
Dore impamvu uhorana amarira adashira kandi ufite umukunzi
Iteka umuntu ahorana icyifuzo cyo kuzakundana n’umuntu uzamuha ibyishimo byose ndetse akamukunda. Kwikunda ntabwo bimara igihe kandi ntabwo biba bihagije. Urukundo ni rwiza ariko ruzagusaba imbaraga no kumenya neza ko wabonye icyo wifuzaga. Bizarenga kuba urebera inyuma. Urukundo rw’ukuri rugendera…
Abakobwa: Imbere yawe hahagaze abasore 2: uw’ubu n’uwa burundu. Iyi nkuru iragufasha kubasobanukirwa bityo umenye amahitamo yawe
Umuntu ugukinisha azakoresha imbaraga ze, kugeza amenye ko wahindutse agakombe ke k’icyayi (Kugeza amenye ko igihe agushakira azajya akubona), ubundi akagukoresha ibyo ashaka. Iyi nkuru iraguha ishusho ndetse igufashe no guhitamo umukunzi. . Uko Watandukanya Umusore W’iraha N’umusore Ugukunda…
Umujenerali wirukanwe na Ethiopia akaba ayizengereje bwa mbere yagize icyo atangaza
Umukuru w’inyeshyamba zo mu Karere ka Tigray mu majyaruguru ya Ethiopia, Gen Tsadkan Gebretensae, kuva yatangira kuyobora imirwano yagize icyo atangaza, yemeza ko bazakomeza kurwana kugeza hubahirijwe ibyo basaba kugira ngo agahenge kabeho. Gen Tsadkan Gebretensae, w’imyaka 68, yavuze ko…
Imyaka 37 irashize Sankara ahinduye icyari Haute Volta Burkina Faso, menya impamvu n’uko uyu munsi wizihizwa
Imyaka 37 Thomas Sankara ahaye icyahoze ari Haute-Volta izina rya Burkina Faso, bisobanuye “. Uku guhindura izina ry’igihugu ku mugaragaro cyari ikimenyetso gikomeye cyo guca ukubiri n’ahahise ha gikoloni no gusobanura intego z’impinduramatwara ya Sankara. “Mu itegeko ryo ku ya…
Niyonzima Olivier “Seif” wirukanwe na APR FC ari mu biganiro n’ikipe ya Rayon Sports
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 04 Kanama 2021, ni bwo hamenyekanye amakuru ko Niyonzima Olivier uzei nka Seif ari mu biganiro byimbitse na Rayon Sports nyuma yo kwirukanwa na APR FC nubwo iyi kipe y’ingabo z’igihugu itagize icyo itangaza….
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Leta ya Mozambique zamenesheje inyeshyamba mu birindiro bikuru byazo
Igitero cy’ingabo za Mozambique n’iz’u Rwanda cyavanye inyeshyamba mu birindiro byari bisigaye byazo mu gace ka Awasse mu karere ka Mocímboa da Praia ahafatwaga “nk’icyicaro cyazo”. . Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique zikomeje guhashya inyeshamba . Inyeshyamba zigometse ku…
Abasore: Aya ni yo magambo 7 anyura amatwi y’umukobwa uwo ari we wese
Ni byiza ko umukunzi wawe umubwira amagambo amunogeye kugira ngo arusheho kukwiyumvamo cyane, ku bagabo bubatse cyangwa abasore bafite abakobwa bakundana nabo ni ngombwa cyane ko bamenya amagambo meza ashimisha cyane igitsinagore kurusha ayandi. . Uko wakwifuriza umukunzi ijoro…
Isaha ya Rick Ross ikomeje kuvugisha benshi kubera igiciro yayiguze
Umuraperi akaba n’umushoramari Rick Ross yerekanye isaha aherutse kugura yatanzeho akayabo ka miliyoni 2 z’amadolari bituma benshi bamubwira ko yasesaguye. Uyu muraperi akaba kandi yahishuye ko amafaranga yayitanzeho kuri we ari macye ndetse ko abamuneguye ko yasesaguye batazi akamaro ko…
Tokyo: Umunyarwandakazi yatoranyijwe mu bazasifura umukino wa nyuma wa Olympic uzahuza Canada na Sweden
Umusifuzi mpuzamahanga w’umunyarwandakazi, Mukansanga Slma Rhadia, yatoranyijwe mu basifuzi bazayobora umukino wa nyuma mu mikino Olempike y’i Tokyo 2020, uzahuza Canada na Sweden mu cyiciro cy’abagore. Salma azaba ari umusifuzi wa kane ku mukino wa nyuma uzahuza Canada na…