Ruhango: Hagaragaye umusore ujya mu mihango nk’abakobwa ibintu avuga ko bimutera uburibwe bukomeye ndetse bikamubangamira cyane
Biratangaje cyane kumva hari umuhungu ujya mu mihango nk’abakobwa, bibaho mu gihe yavutse afite ibice bijya guhura niby’abakobwa kandi ari umuhungu, nk’uko mu Karere ka Ruhango hano mu Rwanda havugwa umusore ujya mu mihango y’abakobwa. . Umusore ujya mu…
Bugesera: Abasore 2 baguye mu muvure bataramo inzoga barapfa
Mu Karere ka Bugesera Murenge wa Nyarugenge, Akagari ka Ngenda, Umudugudu wa Kamabare Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha [RIB] rwataye muriyombi Uwitwa Uwamariya Beata ukekwaho urupfu rw’Abasore babiri. Amakuru dukesha ikinyamakuru MUHABURA, avuga ko uyu mugore yatawe muri yombi ku…
Visi Perezida wa Kenya yasuguwe ku rwego rutigeze rubaho – Depite Ndindi Nyoro
Abari bagiye kujyana nawe bavuze ko Visi Perezida William Ruto yamaze amasaha atanu n’igice ku kibuga cy’indege i Nairobi “asuzugurwa”, birangira abujijwe kujya mu ruzinduko bwite muri Uganda. . Agasuzuguro kakorewe Visi Perezida wa Kenya, RUTO, ngo nta bundi…
Nyamagabe: GItifu w’umurenge yashyize akagari muri guma mu rugo aterwa utwatsi n’akarere
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe kuri uyu wa 3 Kanama 2021 bwatesheje agaciro amabwiriza yo kwirinda Covid-19 Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatare yashyiriyeho abaturage ayoboye. Amabwiriza uyu Gitifu witwa Ndagijimana Gustave yayashyizeho kuri uyu wa 3 Kanama 2021. Arimo irishyira Akagari…
I ibintu 5 ubyitayeho buri munsi byatuma ugira uburanga butangaje
Uburanga ni kimwe mu bintu umuntu wese yitaho cyane cyane abakobwa usanga bahora bashakisha ibintu byabafasha kongera ubwiza ndetse no guhorana uburanga igihe cyose. Hari ibintu 5 byoroshye bifasha abakobwa guhorana uburanga. . Ibintu byagufasha kugira uruhu rwiza ….
Umusore wiga ubuganga yahuye n’isanganya ubwo yasanga umurambo bamuhaye kwigiraho ari uw’umukunzi we yabuze
Birashavuza kumara imyaka n’imyaka ushakisha umukunzi wawe wari warabuze uzi ko uzongera kumubona kuko utazi irengero rye uti ‘wenda azaza’, gusa ibyabaye ku musore w’umunyeshuri witwa Enye Egbe wo muri Nigeria, ni agahomamunwa nyuma yo guhabwa umurambo w’umukunzi we ngo…
Saif al-Islam umuhungu wa Kadhafi mu nzira zo kwisubiza amatware ya Se
Saif al-Islam, umuhungu w’uwahoze ari umuyobozi wa Libya, bamwe bafataga nk’umunyagitugu abandi bakamufata nk’intwari ya Afurika, yatangiye urugendo rwo gushaka uko yakongera kunga abaturage ba Libya nyuma y’imyaka isaga 10 iki gihugu kiri mu kavuyo ka politiki, aho ndetse ateganya…
Uwari Minisitiri w’ingabo muri Tanzania yitabye Imana
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania uri mu ruzinduko rw’akazi hano mu Rwanda, yatangaje ko Elias John Kwandikwa wari Minisitiri w’Ingabo za Tanzania yitabye Imana. . Elias John Kwandikwa wari Minisitri w’ingabo muri Tanzaniya yapfuye . Elias John Kwandikwa yatabarutse . Perezida…
Mozambique: Ingabo za RDF zaba zivuganye izindi nyeshyamba 70
Bivugwa ko ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique zaba zivuganye abandi barwanyi 70 b’umutwe w’iterabwoba wegamiye kuri Isilamu. . Amakuru y’ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique . RDF yongeye kwica inyeshyamba muri…
Impamvu yateye isubikwa ry’ibitaramo by’abanyarwanda: Israel Mbonyi na Bruce Melody i Burundi yamenyekanye
Abantu benshi bakomeje kwibaza impamvu nyayo yatumye Guverinoma y’u Burundi ifata icyemezo cyo gukumira abahanzi bo mu Rwanda gukorera ibitaramo ku butaka bwayo, ari byo biteye urujijo binshi bakurikiranira hafi imyidagaduro na Politiki yo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba. …