Month: August 2021

Tungurusumu umuti ukomeye kandi utangaje uvura indwara nyinshi. Uko ikoreshwa n’ibyo kwitondera

Share this:

Tungurusumu ni umuti w’igitangaza, ni antibiyotike ikomeye cyane mu rwego rwo hejuru! Kurya tungurusumu buri munsi bifitiye akamaro umubiri wacu cyane.   Tungurusumu zibarizwa mu muryango umwe n’ibitunguru witwa allium. Zikoreshwa mu guhumuza no kuryoshya ibiryo, si ugutanga uburyohe gusa…

Share this:
Posted on

Ntibisanzwe: Nyuma y’iminsi mike cyane avuye ku buminisitiri ubu ni umunyonzi ugeza ibiryo ku bakiriya

Share this:

Ubuzima buhinduka nk’igicu kandi mu gihe gito cyane, abahanga bo baca umugani bati ‘Iminsi ni imitindi kandi iminsi ikona ingwe’, aha baba bashatse kuvuga ko ibintu bihinduka. Umugabo wari umunyacyubahiro muri Afuganisitani, Sayed Sadaat wari Minisitiri w’itumanaho ibintu byamuhindukiyeho aho…

Share this:
Posted on

Impaka zabaye nyinshi muri RDC, ngo Perezida wabo yifotoreje inyuma y’uw’u Rwanda

Share this:

Impaka zabaye nyinshi muri bamwe bakoresha imbuga nkoranyambaga muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) nyuma yo kubona ifoto igaragaza Perezida wabo, Félix Tshisekedi ari inyuma y’uw’u Rwanda, Paul Kagame. Iyi foto igaragaza aba bakuru b’ibihugu, Shanseliyeri Angela Merkel, Perezida…

Share this:
Posted on

“Safari nyubaha” byabaye intero nyuma y’uko uwitwa Safari anize umu-Dasso wari ugiye kumukubita akenda guhera umwuka – VIDEO

Share this:

‘Safari Nyubaha’ izina ryatangiye kwamamara mu gihe gito nyuma y’amashusho yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umuturage w’i Nyagatare witwa Safari George aryamye hejuru y’ushinzwe umutekano (Dasso) yamunize undi ari gutabaza avuga ko Safari amwishe. Kuri ubu amakuru mashya ahari ni…

Share this:
Posted on

Umugore n’umugabo basohokanye bakora ikirori cyo kwishimira gatanya bahanye

Share this:

Umugabo n’umugore bo mu gihugu cya Uganda baciye ibintu hirya no hino nyuma yo gusohokana mu birori byo kwishimira ko bahanye gatanya batazongera kubangamira ukundi ndetse banakatanye umutsima wo kwishimira iyi gatanya bahanye.   Madamu Immaculate Nantango niwe washyize hanze…

Share this:
Posted on

Dore ikintu gitangaje wakora ukongera gukundwa n’uwari umukunzi wawe nyuma yo gushwana

Share this:

Urukundo rwawe rwaba rurimo ikibazo kuburyo ufite impungenge zo kurangira kwarwo, ese rwararangiye, Umukunzi wawe yarakwanze, ibintu byarahindutse ntibikiri nka mbere? Hano urahabona bimwe mu byagufasha kongera kwigarurira urukundo rwawe.   Birababaza ndetse Bikagora kwakira ububabare bwo kuva murukundo n’uwo…

Share this:
Posted on

Kera kabaye Vestine & Dorcas bahishuye icyari kigiye kubatandukanya na Murindahabi Irene

Share this:

Ku wa 7 Nyakanga 2021, wari umunsi mubi ku bantu benshi bakunda Vestine na Dorcas ndetse na M.Irene, kuko niwo munsi byatangajwe ko M.Irene Entertainment ibaye ihagaritse ibikorwa byose yakoranaga n’abahanzi Ishimwe Vestine na Kamikazi Dorcas.   . Vestine &…

Share this:
Posted on

Teyi Ikirungo Kivura Indwara Nyinshi Kikanarinda Ubusaza

Share this:

Akamaro ka teyi ku buzima Ifasha mu kwibuka cyane no kongera ubwenge: Akamaro kayo; ifasha ubwonko kwibuka cyane ibyo wabonye, ndetse no gufata mu mutwe. Ni umuti mwiza no kubageze mu izabukuru kuko ubarinda gutakaza ubushobozi bwo kwibuka, n’indwara zibiturukaho…

Share this:
Posted on

Perezida mushya wa Zambia yanze kujya kuba muri perezidansi

Share this:

Perezida mushya wa Zambia, Hakainde Hichilema, ntazimuka ngo ajye kuba ahasanzwe hari perezidansi, ahubwo azakomeza kuba mu nzu asanzwe abamo yise ” Community House”, asanzwe akodesha.   Ikinyamakuru cya Leta ya Zambia Daily Mail, gitangaza ko Hichilema uheruka kurahira atazajya…

Share this:
Posted on

Inzoga: ibyiza, ibibi, igipimo ntarengwa

Share this:

Iyo tuvuga inzoga, tuba tuvuga ibinyobwa byose bisembuye, cyaba ikigage, urwagwa, primus, amstel, waragi, whisky,  ikibuti, kanyanga, yewemuntu, umurahanyoni, umumanurajipo n’izindi. Izi zose zihurira ku kuba zirimo alukolo, zigatandukanira ku gipimo cya alukolo irimo uko ingana. . Igipimo cy’inzoga umuntu…

Share this:
Posted on