Umuhanzi Nsengiyumva wamamaye nk’igisupusupu yarekuwe
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyagatare rwafashe icyemezo cyo kurekura Nsengiyumva Francois uzwi nka Gisupusupu, nyuma y’igihe yari amaze afungiye muri Gereza ya Rwamagana. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 26 Kanama, nibwo urukiko rwafashe iki cyemezo rutegeka ko Nsengiyumva ahita…
Afghanistan: Ku kibuga cy’indege cya Kabul hagabwe igitero gikomeye cyahitanye benshi abandi barakomereka
Abantu bataramenyekana umubare birakekwa ko bitabye Imana abandi barakomereka, nyuma ‘iturika ryabereye hanze ‘ikibuga c’indege c’i Kabul mu murwa mukuru wa Afghanistan. Ni amakuru yemejwe na Minisiteri ‘Ingabo za Amerika (Pentagon) nyuma ‘iminsi mike iki gihugu kiburiye abantu ko hanze…
Paul Rusesabagina yarimo akorwaho iperereza n’Ububirigi ryari ritararangira ubwo yisangaga i Kigali mu butabera bw’u Rwanda
Umunyamategeko wunganira Paul Rusesabagina wo mu Bubiligi uherutse kwirukanwa mu Rwanda aravuga ko umukiriya we yaje mu Rwanda mu gihe hari iperereza ryari riri kumukorwaho muri iki gihugu ryari ritararangira kubw’ibyo agasaba ko yakoherezwa rigakomeza akaba ariho aburanira. Rusesabagina ufite…
Afganistan: Abatalibani barashinja abanyamerika gusahura ubwenge bwa Afghanistan babujyana mu mahanga
Umutwe witwaje intwaro w’Abatalibani umaze iminsi 9 ufashe ubutegetsi bwa Afghanistan urashinja ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) guhungisha abahanga. Zabihullah Mujahid uvugira Abatalibani mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa 24 Kanama 2021 yavuze ko iri guhungisha…
PSG igiye gusohoza ibyo yasezeranyije Kylian Mbappe usa n’uwari yariteganyirije
Isi y’umupira w’amaguru, yiteguye kumva inkuru ya Mpappe ava muri PSG yerekeza muri Real Madrid dore ko Real Madrid yanashyizeho igiciro ishaka kugura uyu Rutahizamu. . Kylian Mbappe ashobora kwerekeza muri Real Madrid . Amasezerano ya Mbappe muri PSG…
Ba bana Dorcas na Vestina bashyize hanze indirimbo ikomeye ivuga ku byo banyuzemo mu minsi ishize – VIDEO
Nyuma y’imvururu nyinshi zagaragaye mu mikoranire ya Vestine na Dorcas na MIE basohoye indirimbo nshya nziza cyane bise ’Ibuye’ isubizamo abantu ukwizera, ikaba ishingiye ku nkuru yo muri Bibiliya ya Dawidi uburyo yishe Goliyati kandi yari umugabo usuzuguritse imbere y’uyu…
Leta zunze ubumwe za Amerika zirimo gutegura igitero gikomeye kuri Afghanistan nyuma y’iminsi mike cyane zihakuye ingabo zayo – IMPAMVU
USA irimo kwitegura kugaba ibitero kuri Afghanistan mu rwego rwo gusenya ibitwaro byayo n’ahahoze ari ibirindiro by’ingabo zayo nyuma y’uko byigaruriwe n’intagontwa z’Abatalibani. . USA irimo gutegura ibitero by’indege kuri Afganistan . Intwaro za USA zafashwe n’abatalibani Fox…
Burya igice cy’umubiri wawe woga mbere igihe wiyuhagira gisobanuye byinshi ku mico yawe – SOBANUKIRWA
Niba koko uri ikiremwa muntu, ukunda kugirira isuku umubiri wawe, kandi urawubaha , kuwuhagira no kuwukarabya wabigize umuco, bisobanuye ko buri mu gitondo ukaraba ukitegura umunsi ukuri imbere. Ese ni ikihe gice cy’umubiri wawe uheraho iyo woga? Ese waba uzi…
IS ihanganye na RDF irashinjwa kugira uruhare mu gitero cyagabwe i Dar es Salaam
Umutwe wa Islamic State uhanganye n’Ingabo z’u Rwanda mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, urashyirwa mu majwi ushinjwa kugira aho uhurira n’igitero cyaguyemo abantu bane i Dar es Salaam muri Tanzania. Ni igitero cyagabwe ku gicamunsi cyo kuri uyu…
Arimo gishegesha ntavura: Umugabo yapfuye amaze umunsi umwe gusa akoze ubukwe
Umugabo witwa Dominic Ssemwogerere uzwi cyane muri Uganda kubera akazi ke k’ubuganga,yakoze ubukwe bw’igitangaza kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize n’umukunzi we Josephine Namuju ariko ku munsi wakurikiyeho yakoze impanuka byarangiye imuhitanye. Ikinyamakuru The New Vision cyavuze ko Bwana Ssemwogerere, wari…