Kajugujugu 10 zitinywa ku rugamba kurusha izindi ku isi – AMAFOTO
Attack helicopters) ariko muri bwo hari ubuhiga ubundi mu mikorere no kwiringirwa ku rugamba. Dore kajugujugu 10 za mbere zo kugaba ibitero ziteye imbere kurusha izindi. . Kajugujugu za gisirikare zizerwa ku rugamba kurusha izindi ku isi . Indege…
Hagiye gushyirwa hanze imodoka y’akataraboneka ifite imbere hameze nka hotel y’inyenyeri nyinshi izagura miliyari zisaga 2RWF – AMAFOTO
Uruganda rushya rw’imodoka mu Budage, Dembell, rugiye gushyira hanze imodoka y’akataraboneka kandi ihenze cyane ikazaba iteye nka hotel yo ku rwego rwo hejuru kuko izaba irimo uburiri bungana nk’ubwo umwami, n’igarage rinini cyane. Iyi modoka ikoresha chassis ya Benz Mercedes ndetse…
Perezida Evariste Ndayishimiye yaririye imbere y’abacamanza kubera ibibavugwaho
“Ese nta mpuhwe ndi kurira imbere yanyu?” Ayo n’amwe mu magambo akomeye Perezida w’ u Burundi Evariste Ndayishimiye yavugiye imbere y’abacamanza mu nama yabahurijemo i Bujumbura. . Perezida Ndayishimiye yasutse amarira imbere y’abacamanza . Perezida Ndayishimiye yasabye abacamanza kurangiza…
Impamvu 10 ukwiye kunywa The Vert, uko wayinywa n’ibyo ugomba kwitondera
Thé vert (soma ‘te veri) ni iki? Thé vert/green tea ni ubwoko bw’amajyane akoreshwa mu gukora icyayi, ariko nkuko izina ribigaragaza ni icyayi twakita ko ari ‘icyayi cy’icyatsi’, ushyize mu kinyarwanda. . Akamaro ka The Vert ku mubiri…
Igitera uburyaryate no kwishimagura igihe umuntu amaze koga n’uko yabyivura
Bishobora kuba byarakubayeho cyangwa nubu bikajya bkubaho. Wamara kwiyuhagira ukumva utuntu tukurya umubiri wose ndetse ukanishimagura.cyangwa waba uri kugenda mu mbeho, ukumva ku maguru umeze nk’aho hari utuntu turi kugutondagira. . Igitera umuntu kwishimagura igihe amaze koga . Uko…
Miss Pamella uri mu rukundo na The Ben yahishuye icyatumye avuga ko atazashaka umugabo ahubwo azabyara abana
Miss Uwicyeza Pamella yavuze byinshi byibazwaga ku kiganiro giherutse gusohoka avuga ku kuba ngo ‘atazashaka umugabo ahubwo ko azashaka umugabo uzamubyarira abana gusa ariko ngo batabana mu nzu’. . Miss Pamella Uwicyeza yavuze ko kuvuga ko atazashaka yabitewe n’ubwana…
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zamaze kugota ibirindiro bya nyuma by’inyeshyamba
Amakuru aturuka muri Mozambique aravuga ko Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza kiriya gihugu, zamaze kugota uduce twa Siri I na Siri II inyeshyamba zo mu mutwe wa Islamic State zari zisigaranye. . Ingabo za RDF zagose ibirindiro bya Siri I…
Rubavu: Umugabo akurikiranweho kwica umukobwa we amuziza ko yatinze gutaha
Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bukurikiranye umugabo ukekwaho kwica umwana we w’umukobwa w’imyaka 15 amuhoye ko yatinze gutaha. . Umugabo ushinjwa gukubita umukobwa we agapfa yavuze ko yamukubise urushyi . Abaturanyi be bavuga ko ashobora kuba yaramunize kuko…
Me Lurquin yashinje u Rwanda kumuhohotera ndetse ntiyemera yafatiwe cyo kutagaruka mu Rwanda
Umunyamategeko Vincent Lurquin yatangaje ko mbere y’uko yirukanwa ku butaka bw’u Rwanda mu mpera z’icyumweru gishize, yamaze amasaha 12 yatawe muri yombi harimo atandatu yahaswe ibibazo, gusa akavuga ko yazize ubusa kuko ngo nta tegeko na rimwe yishe. ….
Bibiteye agahinda! Umugore yapfushije abana 5 mu mpanuka y’inkongi y’umuriro ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko [AMAFOTO]
Umubyeyi ufite imyaka 34 y’amavuko ufite abana batanu uzwi ku izina rya Sabrina Dunigan ukomoka mu gihugu cya Ghana yabuze abana be bose uko ari batanu mu mpanuka y’inkongi y’umuriro ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko. . Umubyeyi yapfushije abana…