Month: August 2021

Ijambo rya nyuma Joseph Habineza yavuze mbere yo gupfa

Share this:

Ambasaderi Joseph Habineza wabaye Minisitiri w’Umuco na Siporo kuva mu 2004 kugeza mu 2011 yapfuye gusa hari inama yasize atanze kuri Twitter mu butumwa bwe bwa nyuma kuwa 17 Kanama 2021.   . Amb. Joseph Habineza yatabarutse . Joseph Habineza…

Share this:
Posted on

Umupadiri yasomeye abakobwa batatu kuri alitari umwe ahita ahahamuka avuga ko atakaje ubusugi

Share this:

Umupadiri wo mu gihugu cya Ghana, Balthazar Obeng Labri, ari mu mazi abira nyuma yo gusoma abakobwa batatu biga ku ishuri ryitwa St. Monica College of Education, ari kuri alitari, umwe muri bo agahita ahahamuka.   Ibi bikimara kuba byateje…

Share this:
Posted on

Amb. Joseph Habineza wabaye Minisitiri w’umuco na Sport yapfuye azize uburwayi

Share this:

Amb. Joseph Habineza wabaye Minisitiri wa siporo n’urubyiruko mu Rwanda akanarubera Ambasaderi muri Nigeria yitabye Imana azize uburwayi mu bitaro byo muri Kenya.   . Amb. Habineza Joseph yitabye Imana . Amb. Habineza Joseph yishwe n’uburwayi aguye muri Kenya ….

Share this:
Posted on

Kayesu Shalon wafungishije Kevin Kade na Davis D atumye Kwizera Olivier yirukanwa mu mwiherero w’ikipe y’igihugu Amavubi – AMAFOTO

Share this:

Umunyezamu w’ikipe y’igihugu, Amavubi, Kwizera Olivier uheruka guhamagarwa n’umutoza Mashami Vincent bigatuma benshi bacika ururondogoro, yagaragaye nijoro ari live kuri Instagram n’umukobwa wavuzwe cyane mu minsi ishize kubera kuvugwaho ko yafungishije abahanzi Davis-D na Kevin Kade byamuviriyemo kwirukanwa.   ….

Share this:
Posted on

Byinshi ku Batalibani bongeye kwigarurira Afghanistan nyuma y’imyaka 20 barwanda n’ingabo za Amerika ari nayo yabatoje

Share this:

Ubusanzwe, ijambo “talibani” risobanuye ngo “umunyeshuri”, cyangwa se umuntu ushakisha ubumenyi. Abatalibani bategetse Afuganisitani kuva muw’1996 kugeza muw’2001 aho bashyizeho ubutegetsi bugendera ku mahame akarishye y’idini ya kiyisilamu azwi nka shariya.   . Abatariban baremwe na Leta zunze ubumwe za…

Share this:
Posted on

Aba-taliban batangiye guhiga bukware umuntu wese wagize aho ahuririra n’ingabo z’amahanga zari ziyobowe na USA – Rappor ya UN

Share this:

Inyandiko y’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) yaburiye ko aba Taliban bakajije ibikorwa byo gushakisha abakoreye ingabo z’umuryango w’ubwirinzi bw’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO) cyangwa abakoreye leta ya Afghanistan yari iriho mbere.   . Abakoranye n’ingabo za Amerika n’incuti zazo bakomeje guhungishwa . Abatalibani batangiye…

Share this:
Posted on

Ibimenyetso byakwereka ko amazi unywa buri munsi adahagije ibintu bishobora kugukururira ibyago bikomeye

Share this:

Mu bigize umuntu, amazi yihariye 60%. Twavuga ko ariyo ya mbere mu bifitiye umuntu akamaro. Umubiri utakaza amazi buri munsi binyuze mu byuya no kunyara, akaba ariyo mpamvu ugomba guhora usimbuza amazi watakaje, kugira ngo wirinde umwuma.   . Ibintu…

Share this:
Posted on

Nubwo abasore benshi baba bifuza ko bakundana, uyu mukobwa w’uburanga ahamya ko nta myanya y’ibanga agira ndetse ngo ntashobora kubyara – AMAFOTO

Share this:

Abahanga bati ‘burya umuntu wese agira inenge kuri we’, yaba igaragarira buri wese cyangwa se iyo utamenya usibye nyirayo gusa. Umukobwa mwiza w’uburanga Julian Peter wo muri Kenya abasore benshi baramurwanira nyamara we azi neza ko nta myanya y’ibanga agira…

Share this:
Posted on

Umugore yahishuye uko yashakanye n’umuzimu wa Michael Jackson umaze imyaka 12 atabarutse

Share this:

Umugore witwa Kathleen Roberts yahishuye uko yashakanye n’umuzimu wa nyakwigendera Michael Jackson umaze imyaka 12 atabarutse akaba atazibagirana nk’umwami w’injyana ya Pop kuri uyu mubumbe dutuye.   . Yashimangiye ko yashakanye n’umuzimu wa Michael Jackson.   Iyi nkuru yagarutsweho na…

Share this:
Posted on

Ababyeyi bagaragaye bari kujugunya abana babo inyuma y’uruzitiro rw’amashanyarazi babahungisha Abatalibani [AMAFOTO]

Share this:

Ubuzima bukomeje kuba bubi ku baturage batifuza kuyoborwa n’Abatalibani baherutse gufata igihugu cya Afghanistan kuko hari amashusho yagaragaye ababyeyi bari kujugunya abana babo inyuma y’uruzitiro rw’ikibuga cy’indege cya Kabul kugira ngo babahungishe.   Abagore bari bafite ubwoba bwinshi,bagaragaye bari kujugunya…

Share this:
Posted on