Month: September 2021

Dore icyo wakora mu gihe woherereza ubutumwa umukobwa ukunda ntagusubize

Share this:

Ese ibi byigeze bikubaho? Niba uri hano ndizera ntashidikanya ko byakubayeho nibura rimwe mu buzima. Ni ibintu buri mugabo wese ahura na byo kuba yaba arimo gutereta umukobwa basanzwe bandikirana ariko rimwe yamwandikira ntamusubize. Ibi mu by’ukuri ni ibisanzwe kandi…

Share this:

Cristiano Ronaldo yarokoye Manchester United ku munota wa nyuma ahita anaca akandi gahigo

Share this:

Ikipe ya Manchester United ibifashijwemo na rutahizamu Cristiano Ronaldo, yaraye itsinze Villarreal bigoranye ibitego 2-1 mu mukino wa UEFA Champions league wabaye mu ijoro ryakeye. Man United yari yakiriye Villarreal yaherukaga kuyitwara Europa league i Old Trafford, mu mukino wa…

Share this:

Kicukiro: Umugore yamatanye n’umusore basambanaga nyuma yo guca inyuma umugabo we

Share this:

Umugore waciraga inyuma umugabo we muri icumbi (lodge) ahitwa Sodoma mu Murenge wa Gikondo, Akarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, kuri uyu wa 29 Nzeri 2021 yafashwe yamataniye n’umusore ku gitanda basambaniragaho.   . Umugore yamatanye n’umusore . Umugore…

Share this:

Sobanukirwa byinshi utari uzi ku intanga ngabo

Share this:

Kuva umuhungu ageze mu bugimbi, ni ukuvuga atangiye kwiroteraho, kugeza abaye umusaza rukukuri, intanga ngabo  ze buri munsi zirakorwa zigakura. Muri iyo myaka yose aba ashobora gutera inda, mu yandi magambo, yabyara.   Dore ibintu bitandukanye ushobora kuba utari uzi…

Share this:

Abakobwa: Dore ibintu 6 bikorwa n’umusore wabonye umukobwa w’inzozi ze ! Nabikora uzahite umenya ko ari wowe yahoze yifuza

Share this:

Kubona uwo muzakomezanya ubuzima kandi akaba ari uwa nyawe biragora. Kureka uwo muntu w’ingenzi akagenda na byo birababaza cyane. Ntabwo hari hakwiriye kubaho iryo kosa mu buzima, n’ubwo abenshi bisanga barakoze ayo makosa igihe cyararenze. Umusore uzagukorera ibi bintu uzamenye…

Share this:

Umugore utagiraga aho aba yahwereye ubwo shebuja yamuhaga inzu yo kubamo

Share this:

Umubyeyi witwa Angel ukomoka muri Nigeria,yatunguwe na shebuja wamuhaye inzu ya miliyoni zisaga 102 z’amanaira ubwo yamenyaga ko uyu mugore wamukoreraga atagiraga aho aba.   Kugira ngo amenye ikibazo cy’uyu mugore, shebuja yihinduye nk’umukozi mushya muri sosiyete itanga amahugurwa bikozwe…

Share this:

Bwa mbere Anita Pendo avuze uko yatandukanye na Ndanda bahoze bakundana ubu akaba yarishakiye undi mugore

Share this:

Umushyushyarugamba akaba n’umunyamakuru Anita Pendo yahishuye icyatumye atandukana n’uwari umukunzi we, Nizeyimana Alphonse uzwi nka Ndanda babyaranye abana babiri, ari uko uyu mugabo yari asigaye agaragaza ko atakimwitayeho uko byari bisanzwe.   Mu Gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki…

Share this:

Abifuza kwiga amasomo y’abafasha b’abaforomo mu mashuri yisumbuye bahawe urubuga

Share this:

Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu rwego rw’igihugu rushinzwe uburezi bw’ibanze, REB, ku bufatanye na Minisiteri y’Ubuzima ibinyujije mu rwego rw’ubuzima, HRHS, zafunguriye urubuga abarangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye bifuza kwiga amasomo y’abafasha b’abaforomo. Itangazo rya REB ryo kuri uyu wa 29…

Share this:

Abagandekazi 2 bafungiye mu Rwanda ku mpamvu zitaramenyekana

Share this:

Amakuru aturuka muri Uganda aravuga ko hari abarimukazi babairi b’Abagande bigisha mu Rwanda baherutse gutabwa muri yombi n’inzego z’umutekano mu gihe biteguraga kujya mu biruhuko mu gihugu cyabo. Abo Bagandekazi bivugwa ko bafunze ni Gloria Ayebare na Annet Kabanyena, bakomoka…

Share this:

Lionel Messi yakorewe igikorwa cyafashwe na benshi nko kumusuzugura bikabije

Share this:

Rio Ferdinand wamamaye mu kipe ya Manchester United n’ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, yababajwe no kubona Messi aryamye ku rukuta rw’ikipe ya PSG, ashimangira ko ibyo uyu mukinnyi w’igihangange yakorewe ari ukumwubahuka cyane. . Lionel Messi yaryamye inyuma y’urukuta . Lionel…

Share this: