Month: September 2021

Meddy yahishuye ingorane yahuye na zo ubwo yateretaga umugore we Mimi

Share this:

Umuhanzi Ngabo Medard uzwi cyane ku izina rya Meddy yatangiye gutambutsa inkuru y’urukundo rwe n’umugore we Mimi Mehfira bamaze imyaka 5 bakundana ndetse bakaba baheruka no kurushinga.   . Inkuru y’urukundo rwa Meddy na Mimi . Meddy yahishuye uburyo yatangiye…

Share this:

Abakobwa: Amagambo meza 7 y’urukundo yagufasha kwigarurira umutima w’umusore mukundana bikoroheye

Share this:

Ubundi buri mugabo aho ava akagera akunda umugore umwitaho ndetse akagerageza no kumumenyereza kuzajya amubwira amagambo aryohereye ku buryo amunyura ndetse akamukora ku mutima kuko bimwereka ko umugore we akimukunda nkuko byari bimeze mbere yuko babana.   Amagambo 7 meza…

Share this:

“Mwagiye mutwika munazimya?” Ingabire Marie Immaculée yahanuye ibyamamare birimo Shaddyboo na Bruce Melody

Share this:

Madamu Ingabire Marie Immaculée uyobora umuryango urwanya ruswa n’akarengane (Transparency International Rwanda), ubwo yari imbere y’ibyamamare birimo Shaddyboo, Bruce Melodie, Intore Masamba n’abandi, yifashishije ijambo ‘gutwika’ riharawe n’urubyiruko araruhanura bya kibyeyi arwibutsa ko rukwiye gutwika ariko runazimya.   . Ingabire…

Share this:

EUFA Champions League: Messi bikomeje kwanga, Real Madrid na Liverpool zabonye amanota ya mbere bigoranye-AMAFOTO

Share this:

Kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Nzeri 2021 hakinwe imikino ya EUFA Champions League kuva mu itsinda rya mbere kugera mu itsinda rya Kane.   . Lionel Messi yananiwe gutsina mu mukino wa mbere yakinnyemo iminota 90 . PSG ya…

Share this:

Uko amapeti 16 y’igisirikare cy’u Rwanda arutanwa ndetse n’ibirango byayo

Share this:

Mu gisirikare cy’u Rwanda (RDF), harimo Impeta [amapeti] 16 zihabwa abasirikare baba baragikoreye ibikorwa by’indashyikirwa bitandukanye.   . Uko amapeti y’igisirikare cy’u Rwanda akurikirana . Ibirango bikoreshwa ku mapeti y’ingabo z’u Rwanda   Ni byinshi bigenderwaho abasirikare bahabwa amapeti, gusa…

Share this:

Bobi wine yaburiye Perezida Museveni ko ashobora kuvaho nka Omar Al-Bashir cyangwa Alpha Conde

Share this:

Kuri uyu wa kabiri, perezida w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi (NUP), Robert Kyagulanyi uzwi ku izina rya Bobi Wine yagize ati: ” Ni ikibazo cy’igihe gusa kandi Perezida Museveni azarangirira mu mwanda w’amateka. “ Bobi Wine, wavuganaga n’umunyamakuru Marc Perelman wa…

Share this:

Hahishuwe uko Perezida Donald Trump yaba yari agiye gutera Ubushinwa. Gen. Milley wagerageje guhagarika iyi ntambara arasabirwa ibihano

Share this:

Kubera gutinya guhubuka kwa Perezida Donald Trump mu gihe manda ye yari irimo kugera ku musozo, Umugaba Mukuru w’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahamagaye kuri telephone, ku itariki ya 30 Ukwakira n’itariki ya 8 Mutarama, mugenzi we w’u…

Share this:

Nicki Minaj yanze kwikingiza covid-19 kubera ko uwo baziranye warwiteje rwamukoreye ibya mfura mbi

Share this:

Umuhanzikazi Nicki Minaj wo muri Amerika, wamamaye mu njyana ya Rap na Pop yavuze ko adashaka gukingirwa mbere yo gukora ubushakashatsi mu butumwa yatanze ku rubuga rwe rwa Twitter, ku ya 14 Nzeri 2021. . Nicki Minaj yavuze ko azikingiza…

Share this:

Reba ikintu gikomeye Cristiano Ronaldo yakoreye umugore ucunga umutekano ku kibuga yashose umupira akitura hasi – AMAFOTO

Share this:

Rutahizamu wa Manchester United, Cristiano Ronaldo,yateye ishoti rikomeye hanze atabishaka rikubita umugore wacungaga umutekano kuri stade ahita yikubita hasi ubwo we na bagenzi be barimo kwishyushya mbere y’umukino.   . Cristiano Ronaldo yahaye umupira yari yambaye umugore yashose akitura hasi…

Share this:

Lt. Gen. Muhoozi umuhungu wa Perezida Museveni yavuze ko nta munsi byamutwara ngo abe yashyize ku murongo abasirikare bamenze nk’aba Guinea

Share this:

Umuhungu wa Perezida wa Uganda usanzwe ari Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yavuze ko babasha gushyira ku murongo abasirikare bameze nk’abo muri Guinée Conakry baherutse guhirika Alpha Condé ku butegetsi.   Gen. Kainerugaba mu butumwa yatambukije…

Share this: