Korea ya Ruguru yagerageje igisasu karahabutaka bivugwa ko gifite ubushobozi bwo kwangiza igice kinini y’Ubuyapani
Korea ya Ruguru yagerageje misile nshya iraswa kure ifite ubushobozi bwo kwangiza igice kinini cy’Ubuyapani, nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru cya leta kuwa mbere. KCNA ivuga ko muri iri suzuma ryabaye muri weekend iyi misile yagenze 1,500km. Igerageza ryakozwe ni…
Mu birori byagaragayemo imyambarire idasanzwe y’ibyamamare bitandukanye Alliah Cool yamuritse firime ye yambere – AMAFOTO
Isimbi Allliance wamenyekanye muri Cinema nka “Alliah Cooll”, yamuritse firime ye ya mbere mu birori byagaragayemo imyambarire idasanzwe y’abari batumiwe n’uyu mukinnyi, kugira ngo abasogongeze kuri “Alliah The Movie”, firime ye ya mbere. Ni ibirori byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye…
Abagabo: Uburyo 3 wakoresha ubyutsa umukunzi wawe bikamuguma mu ntekerezo umunsi wose
Niba umaze igihe gito urushinze cyangwa uri mu mubano udasanzwe, ukaba utazi uko wakangura uwo wihebeye mu gitondo, soma iyi nkuru kugira ngo ujye ubikora neza, kandi bitume agukunda cyane biruseho. N’ubwo mwaba mumaranye igihe mukundana cyangwa mubana, ushobora no…
Inyubako yakoreragamo IGIHE LTD yafashwe n’inkongi y’umuriro – AMAFOTO
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki 12 Nzeri 2021, inyubako y’aho bita kwa Ndamage mu mujyi wa Kigali munsi ya T2000 yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya cyane. Iyi nyubako yibasiwe n’inkongi y’umuriro ni yo IGIHE LTD ikoreramo. . Inyubako…
Ibintu abantu bakora mu gitondo bakibyuka bikaba byabakururira urupfu
Abahanga mu buvuzi bavuze ko hari uburyo bwinshi cyane ikiremwa muntu gishobora kwikururira indwara, zitavuye mu byo cyariye cyangwa mu muhuro hagati kigira. Hari indwara ziterwa no kutita kuri bimwe na bimwe, bikaba byanatuma uhasiga ubuzima. . Ibintu wakora…
Burundi: Imbonderakure n’abasirikare benshi boherejwe mu ntara ya Cibitoke nyuma yo kwikanga igitero cy’inyeshyamba
Kuva kuri uyu wa gatandatu tariki ya 11 Nzeri 2021, abasirikare n’abapolisi benshi batamenyerewe bitwaje imbunda zikomeye hamwe n’imbonerakure (urubyiruko rwo mu ishyaka riri ku butegetsi rya CNDD-FDD) bagaragaye ku mupaka w’u Burundi na Congo muri komine ya Buganda na…
Umuhanzi yakoze agashya yitezaho imisatsi ya zahabu umutwe wose – AMAFOTO
Umuhanzi w’umunyamerika witwa Dan Sur, yakoze agashya aba umuntu wa mbere wasimbuje imisatsi yo ku mutwe we amasheni ya zahabu mu rwego rwo kwirimbisha. . Umuhanzi yitejeho imisatsi ya zahabu kugirango ase neza . Umuhanzi yikuyeho imisatsi ye yitezaho…
Ibintu 5 umukobwa akorera umusore akunda by’ukuri gusa. Niba utabibona ku wawe umenye ko akuryarya
Abasore benshi bibaza ibimenyetso bareberaho niba umukobwa bakundana abakunda bya nyabyo. Kandi ni koko kuko ushobora gushidikanya cyangwa kutabasha kumenya umukobwa ugukunda by’ukuri bigatuma umubura kandi nawe wamukundaga. . Ibimenyetso simusiga byakwereka ko umukobwa agukunda by’ukuri . Niba umukobwa mukundana…
Ibintu 5 wakora bikagufasha kwigarurira umutima w’umukobwa akagukunda akakwimariramo wese
Ese ni icyi cyatuma umukobwa akwimariramo wese, akaguha urukundo rukomeye ndetse ukaruta abandi bose yaba yarabonye mubuzima bwe. Igitsinagore ntabwo gikururwa cyane n’ibintu umutu atuze cyangwa akoresha harimo nk’amafaranga, imodoka, inzu ndetse n’ibindi kubera ibyo utunze ntibyatuma yiyumvamo urukundo…
Cristiano Ronaldo yatangaje icyo abantu bakwiye kwitega nyuma yo gutsindira Manchester United ibitego 2 ku mukino wa mbere akinnye
Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo Cristiano Ronaldo yakinaga umukino we wa mbere nyuma yo kugaruka muri Manchester United aho uyu mukino warangiye Manchester united itsinze Newcastle ibitego 4-1. Nyuma y’uyu mukino Cristiano Ronaldo yavuze uko yiyumva muri iyi kipe….