Igikakarubamba umuti uvura ukanarinda indwara nyinshi. Byinshi utamenye kuri cyo
Ibyiza by’igikakarubamba ntiwabivuga ngo ubirangize kuko ni byinshi. Ni mu gihe kuko kirimo ibinyabutabire byinshi byemejwe n’ubushakashatsi bunyuranye ko ari imiti. Mu byo kivura twavugamo gufasha igogorwa, kongera ubudahangarwa, kurinda gusaza, kuvura indwara z’uruhu, koroshya imihango, kuvura rubagimpande, kumisha ibisebe,…
Umunyamideri Sonia Mugabo yavuze YEGO ku mukunzi we wamusabye kumubera umugore
Sonia Mugabo ni umwe mubanyamideli babigize umwuga hano mu gihugu cy’u Rwanda ndetse akaba yambitswe impeta n’umukunzi we utarakunze kuvugwa mu itangazamakuru. . Sonia Mugabo yambitswe impeta n’umukunzi we Diego Twahirwa . Urukundo rwa Sonia Mugabo rwashyizwe ahagaragara nyuma…
Lantos nyuma yo gusabira Busingye ibihano, yasabye u Bwongereza kumwma uburenganzira bwo guhagararira u Rwanda muri iki GIhugu
Umuryango Lantos wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika wigeze gusabira ibihano uwari Minisitiri w’Ubutabera w’u Rwanda, Busingye Johnston umushinja uruhare rukomeye mu guta muri yombi Paul Rusesabagina mu buryo wise ‘kumushimuta’, wasabye u Bwongereza kumwanga nka Ambasaderi. ….
Itsinda ry’abagore ryiyemeje kurimbura ubuhangange bwa Cristiano Ronaldo ryakoze igikorwa gikomeye ubwo Manchester United yakinaga na Newcastle
Icyapa kiriho inyandiko yo gushyigikira umugore ushinja kizigenza Cristiano Ronaldo ko yamusambanije ku ngufu cyacishijwe hejuru y’ikibuga Old Trafford mu gihe harimo haba umukino wa Manchester United na Newcastle. . Itsinda ry’abagore Level Up ryiyemeje gusenya ubwamamare bwa Cristiano…
Cristiano Ronaldo yerekanye ko ari ntavogerwa mu mukino we wa mbere muri Manchester united
Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo Cristiano Ronaldo yakinaga umukino we wa mbere nyuma yo kugaruka muri Manchester United aho mbere gato yatangaje ko yiteguye bihagije kandi ikimuzanye ari ugutsinda ibitego akaba yabigaragaje. . Cristiano Ronaldo yatsindiye Manchester United…
Cristiano Ronaldo yongeye guhigika bikomeye cyane mukeba we Lionel Messi. Reba ibintu akoreye Manchester United
Mu kibuga Cristiano Ronaldo na Messi bakunze guteranya abantu kubera ukuntu bitwara mu gutsinda ibitego no guhesha intsinzi mu makipe yabo gusa hanze y’ikibuga mu bucuruzi,Umunya Portugal aramurusha cyane ndetse kuri ubu mu gucuruza imyenda mu makipe mashya bagiyemo,uyu munyaportugal…
Abakobwa 2 b’uburanga basezeranye kubana akaramata batuma abantu bacika ururondogoro – Amafoto
Inkumi nziza zo muri Africa y’Epfo zakoze ubukwe ziyemeza kubana akaramata maze bivugisha benshi ku imbuga nkoranyambaga. Izi nkumi nziza zo muri Africa y’Epfo nyuma yo kumara igihe zikundana ziyemeje gukora ubukwe zikabana akaramata. Iby’izi nkumi byashyizwe hanze n’uwitwa…
Uganda yatumiye u Rwanda mu nama yo kuganira ku mwuka mubi bifitanye, rurayihakanira
Guverinoma ya Uganda iheruka gutumira iy’u Rwanda mu nama yo kuganira no gusuzuma aho ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yasinwe muri 2019 yo kurangiza umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi rigeze. Uganda yatumiye u Rwanda binyuze mu ibaruwa yoherejwe na Minisitiri…
Amashusho ya Marina ashaka gusoma umusore byimbitse akamukwepa ikomeje guca ibintu – AMAFOTO
Ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho ya Marina ashaka gusoma byimbitse Yvan Muziki maze uyu musore usanzwe ari umuhanzi akwepesha iminwa birasakuza ku mbuga nkoranyambaga. Ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye amashusho ya Marina ari kugirana ibihe byiza na Yvan Muziki ndetse…
Amafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda yabiciye bigacika kuri Instagram muri iki cyumweru[AMAFOTO]
Muri iki cyumweru turimo gusoza, ibyamamarekazi nyarwanda batandukanye babinyujije ku mbuga nkoranyambaga bakoresha basangije abafana babo ndetse n’ababakurikirana muri rusange amafoto atandukanye. Hano twabakusanyirije amwe mu mafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda bitandukanye yabiciye bigacika kuri instagram muri iyi minsi y’icyumweru turangije,aho…