Month: September 2021

Inyubako za mbere 10 zihenze kurusha izindi mu Rwanda n’agaciro kazo – Amafoto

Share this:

10. KIGALI HEIGHTS (KH) Ku mwanya wa cumi hari inzu ya Kigali Heights (KH). Iyi ni imwe mu nzu z’ubucuruzi nshya ziherereye mu karere ka Gasabo. Iyi nzu yarwaye akayabo ka Miliyoni 16.9 z’amadolari ya Amerika mu kuyubaka. 9. MIC…

Share this:

Bugesera: Abaturage bahishuye icyatumye Meya akubitwa, bamushinja kurengera no kwica umuco nyarwanda

Share this:

Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Ikoni mu Kagari ka Murama mu Murenge wa Ngeruka mu Karere ka Bugesera, ahaherutse gukubitirwa Umuyobozi wa kariya Karere, Richard Mutabazi, bavuze uko byagenze kugira ngo akorerwe ririya hohoterwa icyakora na we bakamugaya…

Share this:

Byinshi ku kinyabutabire cya Methanol giherutse kwica umuraperi Jay Polly

Share this:

Methanol yahitanye Jay Polly n’uburozi bubi! Dr Dufatanye Erhard ukorera mu bitaro bya King Faisal arasobanura uko ari uburioi bubi n’uko yica umuntu mu kanya nk’ako guhumbya.   Umuraperi Jay Polly urupfu rwe rwababaje benshi kandi mu ngeri zitandukanye kubera…

Share this:

Umutoza mukuru wa APR FC ntiyemerewe gutoza imikino ya Champions League

Share this:

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika ‘CAF’ yamaze kumenyesha ikipe ya APR FC ko umutoza mukuru wayo ukomoka muri Maroc, Adil Mohamed Erradi, atemerewe gutoza imikino ya Champions League kubera kutagira ibyangombwa bihuye n’ibyo CAF yifuza.   Kuri uyu wa Gatatu…

Share this:

Kwizera Olivier yavuze ukuri kose ku mukobwa watumye asezererwa mu mwiherero w’Amavubi

Share this:

Umunyezamu w’ikipe y’igihugu,Amavubi,Kwizera Olivier uheruka gusezererwa n’umutoza Mashami Vincent mu mwiherero wa mavubi , kubera yagaragaye aganira kuri ‘Instagram live’ na Kayesu Shalon uzwi ku izina rya Shazzy ,yavuze byose byatumye ava mu mwiherero anavuga uburyo yarenganye.   Ibi yabitangaje…

Share this:

Abakobwa: Dore icyo wakorera umusore mukundana bigatuma agusaba kumubera umugore

Share this:

Ibijyanye n’ubukwe ni ikintu gikomeye ndetse no kugifataho umwanzuro biragorana kuko usanga abantu bashobora kumarana imyaka myinshi mu rukundo ariko bakananirwa kwemeranya niba umwe aza umugabo undi akaba umugore.   Usanga iyo umukobwa amaranye igihe kinini n’umusore ntacyo abivugaho bimuyobera…

Share this:

Dore incuti 5 ugomba kwirinda kugisha inama ku by’urukundo rwawe

Share this:

Kugira inshuti ni byiza ariko si ko zose ugomba kuzibwira ibyawe cyagwa kuzigisha inama kuri byose cyane cyane iby’urukundo kuko hari igihe zagusenyera kandi wowe uzizera zikaba arizo ziguhemukira.   . Abantu utagomba kugisha inama mu rukundo . Incuti ugomba…

Share this:

Cristiano yatangiye guca uduhigo mu Bwongereza ataratangira gukina ndetse afasha Manchester United kugaruza ayo yamutanzeho

Share this:

Rutahizamu w’umunya-Portugal, Cristiano Ronaldo, uherutse gusinyira Manchester United amasezerano y’imyaka ibiri, yatangiye guca uduhigo mu Bwongereza atarakinira iyi kipe umukino n’umwe, nyuma y’uko umwenda azambara ukubye kabiri amafaranga yaguzwe mu masaha 12 gusa ushyizwe ku isoko.   Ku wa Kane…

Share this:

Uburyo Neymar yahemukiye Mbappe agatuma aterekeza muri Real Madrid nk’uko yabyifuzaga

Share this:

Ubwo isoko ryari rigiye gusozwa,ikipe ya Real Madrid yakoze ibishoboka byose itanga amafaranga menshi kugira ngo ibone Kylian Mbappe ariko byarangiye PSG iyanze nubwo ibizi neza ko uyu mukinnyi ari kuyikinira umwaka wa nyuma.   Nubwo benshi bibajije impamvu PSG…

Share this:

Sobanukirwa byinshi ku kuba mukagatare n’uko wabirwanya

Share this:

Kumagara mu gitsina ari nabyo bakunze kwita kuba mukagatare, ni ikibazo gikunze kuba ku bagore n’abakobwa mu buzima bwabo gusa bikaba akarusho iyo ageze mu gihe cyo gucura.   Nubwo rero bamwe bajya bibeshya ko ibi bidakira, nyamara kandi iki…

Share this: