Impamvu 5 z’ingenzi ugomba kunywa amazi ukibyuka mu gitondo
Kunywa amazi ukibyuka ni ingenzi cyane ku mubiri, kuko biwufasha kongera gukora neza. Tekereza nawe kuba umaze amasaha 7 cg 8, ntacyo kunywa urashyira mu kanwa, niba warabyitegereje neza, ukunda kubyuka wumva mu nkanka hokera cg humagaye cyane; ibi nibyo…
Miss Josiane yavuze ku byo gukora ubukwe mu ibanga n’ibyavuzwe ko yatandukanye n’umukunzi we wamwambitse impeta
Mwiseneza Josiane wabaye Miss Popularity mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019, yahishuye ibyihishe inyuma ku mamafoto yagiye hanze amugaragaza yambaye nk’umugeni wasezeranye anakomoza ku byavuzwe by’uko yatandukanye n’umukunzi we wamwambitse impeta akamusaba kuzamubera umugore. . Miss Mwiseneza Josiane…
RIB yahishuye icyahitanye Jay Polly ndetse n’ibyago bikomeye uwo basangiye yahuye nabyo
Kuri iki cyumweru nibwo umuraperi Tuyishime Joshua wari uzwi nka Jay Polly yashyinguwe nyuma yo gupfira mu bitaro bya Muhima mu ijoro ryo kuwa Gatatu w’icyumweru gishize. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangarije IGIHE ko isuzuma ryakorewe muri Laboratwari, ryagaragaje…
Abakobwa: Dore ibintu byoroshye wakora ukigarurira umutima w’umusore ukunda utavuze
Mukobwa niba koko hari umuhungu wakunze byimazeyo ukamukunda ariko ugatinya kumubwira cyangwa ukabura uburyo umwegera, uyu ni wo mwanya Inyarwanda.com yaguteguriye wo kumenya icyo wakora ngo umwigarurire agukunde nk’uko ubyifuza. Iyi nkuru ni uruhererekane ariko izagusiga umaze kumenya neza uko…
Miss Mwiseneza Josiane yaba yakoze ubukwe mu ibanga rikomeye – AMAFOTO
Mwiseneza Josiane wabaye Miss Popularity mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019, yakoze ubukwe mwibanga rikomeye cyane. Miss Miwiseneza Josiane wegukanye ikamba rya Miss Popularity yaciye ibikuba shyira hanze amafoto ye agaragaza yambaye imyenda y’abageni ndetse bikaba bivugwa ko…
Byiringiro Lague agiye kumara amezi 6 atagera mu kibuga ndetse nagaruka azajya akina yambaye casque
Rutahizamu wa APR FC n’Amavubi, Byiringiro Lague, yaraye avunikiye mu mukino u Rwanda rwanganyije na Kenya igitego 1-1 bituma ajyanwa mu bitaro bya Kanombe kuko ngo igufwa rye ryangiritse. Amakuru aravuga ko uyu rutahizamu azamara hagati y’amezi atatu n’atandatu…
Agukunda urw’igice! Kandi wenda utekereza ko azahinduka? Niwisanga ukora ibi bintu uzamenye ko uri mu rukundo rw’igice. Icyo ukwiye gukora mu maguru mashya
Cia umwe mu bakobwa bazi imvune iba mu rukundo, yatanze inama ku bantu baba mu rukundo rukora igice kimwe, urukundo rwahengetse umunzani, ukaryamira uruhande rumwe kugeza rubabajwe cyane.Ahari ni wowe ukora byose mu rukundo rwanyu, ukora buri kimwe ariko umeze…
Perezida Kagame yavuze ku bucuti bivugwa ko yagiranye na Paul Rusesabagina ukurikiranwe n’ubutabera bw’u Rwanda
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yatangaje ko yahuye na Paul Rusesabagina inshuro imwe gusa, ubwo yamwerekwaga, akanamubwirwa n’uwabaye Minisitiri w’Intebe, Faustin Twagiramungu. Umukuru w’Igihugu yabitangarije mu kiganiro ari kugirira ku kigo cy’igihugu gishinzwe itangazamakuru, RBA, ahakana ibivugwa ko…
Imiryango 10 ikize kurusha iyindi ku isi kandi iyoboye isi mu ibanga
Amafaranga agira agaciro gusa bitewe n’agaciro abantu bari ku butegetsi biyemeje kuyaha, mu buryo rero ategeka Isi ku rwego runaka. Amafaranga ntaguha umunezero cyangwa urukundo, ariko ashobora kugufasha kubigeraho witonze. Dore imiryango 10 ya mbere ikize ku Isi wavuga ko…
Perezida Kagame yahaye igisubizo abajya muri Uganda bagahohotererwayo
Perezida Kagame yavuze ko abajya muri Uganda bagahohotererwayo umuti wakemura iki kibazo ari uko bareka kujyayo kuko ni cyo cyonyine gishobora gukorwa mu gihe u Rwanda rudashobora gutegeka abanya – Uganda uko bitwara mu gihugu cyabo. Perezida Kagame kandi…