Perezida Kagame yasubije abashinje u Rwanda gukoresha PEGASUS mu gutata telefoni z’abayobozi bakomeye anakomoza ku cyatumye u Rwanda rwemererwa gukora inkingo
Kuri iki cyumweru,Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’Abanyarwanda gitambuka ku kigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru RBA kuri iki Cyumweru tariki 05 Nzeri 2021 guhera Saa 11:00. Perezida Kagame ari gusubiza ibibazo by’abanyamakuru ku ngingo zitandukanye aho yavuze kuri Covid-19, ikoranabuhanga rya Pegasus,…
Perezida Alpha Conde wa Guinea Konakry yahiritswe ku butegetsi
Kuri iki cyumweru, abasirikare bakomeye muri Guinea Conakry, batangarije mu kiganiro gito cyaciye kuri televiziyo y’igihugu ko basheshe itegeko nshinga ndetse bahirika ku butegetsi Perezida Alpha Conde na guverinoma ye. Icyakora, minisiteri y’ingabo yavuze ko igitero cyagabwe ku ngoro…
Amarira menshi ni yo yaranze umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Jay Polly – AMAFOTO
Kuri iki cyumweru nibwo habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku muhanzi Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly watabarutse mu ijoro ryo kuwa Gatatu azize uburwayi mu bitaro bya Muhima. . Umuhanzi Jay Polly yasezeweho bwa nyuma . Jay Polly…
Hakozwe Drones z’ubwiyahuzi zifatwa nk’intwaro ikomeye kandi iteye ubwoba muri iki gihe. Aho zikorerwa – imikorere yazo…
Indege zitagira abadereva (Drones) zirimo guhindura Isi vuba, ariko indege zitagira abadereva za gisirikare zo zirakataje mu ikoranabuhanga aho kuri ubu hakozwe n’iz’ubwiyahuzi bari kwita Kamikaze Drones, zikaba ari zimwe mu ntwaro zigezweho ziteye ubwoba zije guhindura byinshi mu ntambara….
Facebook yise abirabura inguge biteza impaka zikomeye
Ikigo cya Facebook kirasaba imbabazi ku bwo kwibeshya kikagereranya abirabura n’inguge, binyuze muri porogaramu yayo yikoresha (automatic) yitwa AI (Artificial Intelligence). Kugereranya umwirabura n’inguge byaturutse kuri videwo imaze umwaka urenga ku rubuga rwa Facebook, igaragaza umuzungu ahanganye n’itsinda ry’abirabura…
Ibintu abagore bakunda cyane ariko ntibabibwire abagabo babo ku buryo ubimukoreye ashobora kumwegukana burundu
Ubusesenguzi bwagaragaje ko hari ibintu abagore bose bakunda ariko batajya basaba abagabo babo. Ibi bintu abagore hafi ya bose babihuriyeho kandi ntibajya babisaba kabone n’iyo yaba ari umugore usanzwe uzwiho kwisanzura ku mukunzi we. Ibi bintu uko ari 9…
Umunyamakuru Rober Mugabe abona urupfu rwa Jay Polly mu buryo butandukanye n’ubwo RCS yatangaje. Icyo asaba Leta
Umunyamakuru Robert Mugabe yavuze ko igihe yafungwaga yasanze Jay Polly muri Gereza akaba ari we umufasha kubona aho aryama ndetse n’imishinga bari bafitanye bagombaga kuzakorana afunguwe. Robert Mugabe wigeze gufungwa ashinjwa gusambanya umwana ariko akagirwa umwere, yagarutse ku bitekerezo biba…
Gicumbi: Umugabo yatageye kunywa amacupa 12 ya Ngufu apfa amaze 2 yonyine
Umusore witwa Tuyisenge John wo mu murenge wa Nyamiyaga mu karere ka Gicumbi, yitabye Imana nyuma yo gukora na mugenzi we intego yo kunywa amacupa 12 y’inzoga zo mu bwoko bwa Liqueur izwi nka ‘Nguvu’. Byabaye ku wa Kane w’iki…
Bugesera: Abagabo 2 batawe muri yombi bakurikiranweho gukubita Meya
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze abantu babiri barimo umusore w’imyaka 23 y’mavuko n’umukuru w’umudugudu w’Ikoni uri mu yigize akarere ka Bugesera, bakekwaho gukubita Meya wako, Mutabazi Richard. Aba bombi bafashwe mu bihe bitandukanye, ku wa 29 Kanama no ku wa…
Ngoma: Arababaye – Amaze imyaka 8 agendana amara ye mu gitenge kubera abaganga bamubaze ntibayasubizemo – AMAFOTO
Umugore witwa Mukakibibi Didacienne ukomoka mu karere ka Ngoma amaze imyaka 8 agendana amara ye hanze nyuma yo kubagwa ibibyimba byari mu nda,abaganga ntibayasubizemo. Mukakibibi yabwiye BTN TV dukesha iyi nkuru ko ubuzima bwe buri mu kaga mu gihe…