Uburanga bw’umukobwa w’ikizungerezi ukundana n’umuhanzi Christopher – AMAFOTO
Umunyamakuru wa RBA ukorera kuri Televiziyo ya Kigali Chanel 2(KC2) witwa Abera Martina biravugwa ko ari murukundo n’umuhanzi Muneza Christopher udakunze kuvuga iby’urukundo rwe. . Amafoto y’umukunzi wa Christopher Muneza . Ikimero cy’umukobwa ukundana na Christopher Christopher ni…
Amagambo meza y’urukundo aryoheye amatwi wabwira umukunzi wawe akaba yaguha ibyo atunze byose
Amagambo y’agahebuzo wabwira umukobwa mukundana akumvako na wundi wamuruta mu buzima bwawe. . Imitoma y’urukundo iryohereye cyane . Mu rukundo habamo intekerezo nyinshi zitandukanye; hakaba n’ubwo umukunzi wawe akubwira ko uri mwiza ariko wowe ntubashe kubyibonaho. Nubona rero…
Umukobwa na Se bafatiwe muri hoteri batera akabariro bakubitwa iz’akabwana. Ibyo umukobwa yavuze kuri Se byatunguye benshi
Hajya humvikana ibisa n’amahano mu bihugu bitandukanye aho bamwe batera akabariro bafitanye isano kandi banabizi nk’uko umugabo wo muri Nigeria yakubwiswe kakahava nyuma yo gufatwa aryamanye n’umukobwa we muri Hotel. . Umukobwa yafashwe asambana na se muri hotel ….
Urwego rw’imfungwa n’abagororwa(RCS) rwatangaje icyavuye mu iperereza ryibanze ku kishe umuhanzi Jay Polly
Urwego rw’Igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS), rwatangaje ko amakuru y’ibanze rufite ari ay’uko mbere y’uko Umuhanzi Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly yitaba Imana yari yabanje kunywa Alcohol yifashishwa n’imfungwa ziyogoshesha ivanze n’amazi n’isukari. . Umuraperi Jay Polly yitabye…
Mozambique: Ingabo za Botswana zoherejwe muri iki gihugu zibereye mu biruhuko mu gihe RDF irimo gukora akazi kose
Nyuma y’ukwezi kumwe ingabo za SADC zoherejwe muri Mozambique gufasha iz’iki gihugu gukubita incuro intagondwa za IS, Ingabo zavuye muri Botswana ngo zaba ziri kwiryohereza mu gisa n’ikiruhuko cyazitunguye. . Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zigaruriye ibirindiro by’inyeshyamba ….
Amafoto y’urwibutso ya Joe Habineza na Jay Polly bagendeye rimwe
Tariki ya 20 Nyakanga 2021 ni bwo humvikanye inkuru y’incamugongo y’uko uwabaye Minisitiri w’Umuco na Siporo w’u Rwanda kuva mu 2004 kugeza mu 2011 no kuva muri Nyakanga 2014 kugeza muri Gashyantare 2015, Ambasaderi Joseph Habineza (Joe) yapfuye, azize uburwayi….
Kwizera Olivier yigaritse Rayon Sports nyuma yo kwirukanwa mu mwiherero w’Amavubi
Umunyezamu Kwizera Olivier wakiniraga Rayon Sports umwaka ushize ariko ubu bikaba bitazwi aho azerekeza yavuze ko kumwirukana mu mwiherero w’Amavubi ari akagambane kakozwe mu kumwangisha abafana. . Kwizera Olivier yavuze ko nta masezerano afitiye Rayon Sports . Kwizera Olivier…
Birababaje: Umugore w’imyaka 20 yabyaye umwana ufite isura y’umukecuru rukukuri
Umuntu wese aba agomba kwakira icyo Imana imuhaye kuko hari impamvu biba bibaye, ariyo mpamvu ‘Inda ibyara Mweru na Muhima’ nk’uko umugore wo muri Afrika y’Epfo yibarutse umwana w’umukobwa ugaragara nk’umukecuru rukukuri . . Yibarutse umukecuru rukukuri Mu…
Abasore: Interuro 6 ubwira umukunzi wawe ibinezaneza bikamurenga akaba yaguha ibyo atunze byose
Ururimi ni ingenzi cyane mu rukundo. Nk’ uko interuro mbi ituma umukunzi wawe akurakarira, ku rundi ruhande interuro nziza ituma umukunzi wawe amera nk’ umeze amababa iyo uyimubwiye. N’ubwo abakobwa badateye kimwe, hari interuro buri mukobwa wese akunda kubwirwa. …