Month: September 2021

Uburanga bw’umukobwa w’ikizungerezi ukundana n’umuhanzi Christopher – AMAFOTO

Share this:

Umunyamakuru wa RBA ukorera kuri Televiziyo ya Kigali Chanel 2(KC2) witwa Abera Martina biravugwa ko ari murukundo n’umuhanzi Muneza Christopher udakunze kuvuga iby’urukundo rwe.   . Amafoto y’umukunzi wa Christopher Muneza . Ikimero cy’umukobwa ukundana na Christopher   Christopher ni…

Share this:

Amagambo meza y’urukundo aryoheye amatwi wabwira umukunzi wawe akaba yaguha ibyo atunze byose

Share this:

Amagambo y’agahebuzo wabwira umukobwa mukundana akumvako na wundi wamuruta mu buzima bwawe.   . Imitoma y’urukundo iryohereye cyane .    Mu rukundo habamo intekerezo nyinshi zitandukanye; hakaba n’ubwo umukunzi wawe akubwira ko uri mwiza ariko wowe ntubashe kubyibonaho. Nubona rero…

Share this:

Umukobwa na Se bafatiwe muri hoteri batera akabariro bakubitwa iz’akabwana. Ibyo umukobwa yavuze kuri Se byatunguye benshi

Share this:

Hajya humvikana ibisa n’amahano mu bihugu bitandukanye aho bamwe batera akabariro bafitanye isano kandi banabizi nk’uko umugabo wo muri Nigeria yakubwiswe kakahava nyuma yo gufatwa aryamanye n’umukobwa we muri Hotel.   . Umukobwa yafashwe asambana na se muri hotel ….

Share this:

Urwego rw’imfungwa n’abagororwa(RCS) rwatangaje icyavuye mu iperereza ryibanze ku kishe umuhanzi Jay Polly

Share this:

Urwego rw’Igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS), rwatangaje ko amakuru y’ibanze rufite ari ay’uko mbere y’uko Umuhanzi Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly yitaba Imana yari yabanje kunywa Alcohol yifashishwa n’imfungwa ziyogoshesha ivanze n’amazi n’isukari.   . Umuraperi Jay Polly yitabye…

Share this:

Mozambique: Ingabo za Botswana zoherejwe muri iki gihugu zibereye mu biruhuko mu gihe RDF irimo gukora akazi kose

Share this:

Nyuma y’ukwezi kumwe ingabo za SADC zoherejwe muri Mozambique gufasha iz’iki gihugu gukubita incuro intagondwa za IS, Ingabo zavuye muri Botswana ngo zaba ziri kwiryohereza mu gisa n’ikiruhuko cyazitunguye.   . Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zigaruriye ibirindiro by’inyeshyamba ….

Share this:

Amafoto y’urwibutso ya Joe Habineza na Jay Polly bagendeye rimwe

Share this:

Tariki ya 20 Nyakanga 2021 ni bwo humvikanye inkuru y’incamugongo y’uko uwabaye Minisitiri w’Umuco na Siporo w’u Rwanda kuva mu 2004 kugeza mu 2011 no kuva muri Nyakanga 2014 kugeza muri Gashyantare 2015, Ambasaderi Joseph Habineza (Joe) yapfuye, azize uburwayi….

Share this:

Kwizera Olivier yigaritse Rayon Sports nyuma yo kwirukanwa mu mwiherero w’Amavubi

Share this:

Umunyezamu Kwizera Olivier wakiniraga Rayon Sports umwaka ushize ariko ubu bikaba bitazwi aho azerekeza yavuze ko kumwirukana mu mwiherero w’Amavubi ari akagambane kakozwe mu kumwangisha abafana.   . Kwizera Olivier yavuze ko nta masezerano afitiye Rayon Sports . Kwizera Olivier…

Share this:

Birababaje: Umugore w’imyaka 20 yabyaye umwana ufite isura y’umukecuru rukukuri

Share this:

Umuntu wese aba agomba kwakira icyo Imana imuhaye kuko hari impamvu biba bibaye, ariyo mpamvu ‘Inda ibyara Mweru na Muhima’ nk’uko umugore wo muri Afrika y’Epfo yibarutse umwana w’umukobwa ugaragara nk’umukecuru rukukuri .   . Yibarutse umukecuru rukukuri   Mu…

Share this:

Abasore: Interuro 6 ubwira umukunzi wawe ibinezaneza bikamurenga akaba yaguha ibyo atunze byose

Share this:

Ururimi ni ingenzi cyane mu rukundo. Nk’ uko interuro mbi ituma umukunzi wawe akurakarira, ku rundi ruhande interuro nziza ituma umukunzi wawe amera nk’ umeze amababa iyo uyimubwiye. N’ubwo abakobwa badateye kimwe, hari interuro buri mukobwa wese akunda kubwirwa.  …

Share this: