UCI yemeje ko shampiona yo gusiganwa ku magare ku isi izabera mu rwanda muri 2025
Ishyirahamwe mpuzamahanga rishinzwe umukino w’amagare, UCI, kuri uyu wa 24 Nzeri 2021 ryemeje ko shampiyona y’Isi yo mu 2025 izabera mu Rwanda. Ni icyemezo cyatangarijwe mu nama y’190 ya UCI yitabiriwe n’abarimo Minisitiri wa Siporo mu Rwanda, Aurore Mimosa Munyangaju…
Perezida Kagame yageze muri Cabo Delgado mu mwambaro wa gisirikare – AMAFOTO
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Mozambique, yageze mu Ntara ya Cabo Delgado, imaze iminsi iberamo ibikorwa by’ingabo z’u RWanda byo guhashya ibyihebe byari bimaze imyaka isaga itatu biyigaruriye. Aherekejwe na mugenzi we wa Mozambique, Felipe…
Rwigema wakoze igishushanyo cya Jay Polly kikaza gusibwa yafashe icyemezo gikomeye cyane
Umunyabugeni witwa Rwigema Abdoul washushanyije ifoto ya Jay Polly ku muhanda ikaza gusibwa n’ubuyobozi bw’Akagali, yanze kuva ku izima avuga ko yiteguye kwishyura umusoro nk’uwicyapa ariko igishushanyo cy’uyu muraperi kigasubiraho. Nyuma yuko igishushanyo cya Jay Polly gihanaguwe ku muhanda…
Umugeni yasohotse mu rusengero ariruka nyuma yo kumenya ko agiye kubana n’umushoferi wa Taxi kandi yari azi ko ari umukozi wa Banki
Bamwe bati ‘Umusore utiraririye ntarongora inkumi’, iyi ni imvugo bamwe bakoreshaga ariko ugasanga atari ko byakagenze muri ibi bihe kuko bisenya ingo, nk’uko umukobwa Jackeline Wanjiru wo mu gace ka Kilifi yasohotse mu rusengero akiruka nyuma yo kumenya ko umugabo…
Amagambo 5 umukobwa atajya arambirwa kumva ku mukunzi we uko byamera kose
Rimwe na rimwe amagambo avanze n’ibikorwa ni ikintu kiryohera buri mukobwa wese uri mu rukundo. Amagambo afite uburyo afungura umutima, amagambo ni meza kandi amagambo ni uburyo bushobora gutuma wiharira umukobwa wenyine. . Imitoma iryohera amatwi . Amambo y’urukundo…
Ibintu 6 bitangaje byakubaho uramutse uriye cocombre nibura imwe buri munsi
Concombre (soma kokombure) cg cucumber mu cyongereza, ni rumwe mu mbuto zifatiye runini ubuzima bwacu bwa buri munsi. Ni mu gihe kuko ikize ku ntungamubiri, imyunyungugu na vitamini zitandukanye zifasha umubiri mu mikorere myiza buri munsi. . Akamaro ko…
Umukobwa w’ikizungerezi w’umunyarwandakazi yangirijwe imyanya yibanga muri Nigeria
Amakuri IGIHE gifite ni uko uwo mukobwa w’imyaka 28 yakuriye mu Mujyi wa Kigali. Yamenyaniye n’umugabo kuri Instagram nyuma y’uko amubengutse amaze kureba amafoto ye. Urukundo rwabaye rwose, umugabo amusaba ko yazamusanga muri Nigeria bagakanira. Umukobwa yabaye incakura, ntiyahita yereka…
U Rwanda rwatsindiye kwakira shampiyona y’isi mu gusiganwa ku magare muri 2025
U Rwanda bwa mbere mu mateka yarwo ndetse n’aya Afurika muri rusange, ruzakira Shamiyona y’isi mu gusiganwa ku magare muri 2025 nyuma yo guhabwa aya mahirwe ruhigitse Maroc byari bihatanye. Nyuma y’igihe kinini u Rwanda rugaragaza ko rushoboye kwakira…
MINICOM yashyize hanze amabwiriza 12 agomba kugenda ifungurwa ry’utubari
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) byashyizeho amabwiriza agenga ifungurwa ry’utubari. Akabari gafungurwa ni agafite icyangombwa cy’ubucuruzi cya RDB cyangwa agafite ipatanti itangwa n’umurenge bikemerera gutanga serivisi z’akabari. Muri aya mabwiriza kandi harimo…
Umuhungu wa Cristiano Ronaldo yavuze icyamutunguye ahura na Lionel Messi bwa mbere
Umuhungu wa Cristiano Ronaldo mukuru,Cristiano Jr, yatekereje ko Lionel Messi ’ari mugufi cyane’ bituma ahakana ko ariwe ubwo bahuraga mu birori byo gutanga kuri Ballon d’or ya 2017. Uyu mukinnyi ukinira ikipe ya Manchester United, ufite imyaka 36, umaze…