Ampa ibyishimo nkeneye n’ubwo afite ikibazo cy’amaguru – Ubuhamya bwa Muteteri
Muteteri Borah yatanze ubuhamya bugaragaza ukuntu urukundo nya rukundo rugira ayarwo, ahishura uko yakunze umusore ufite ubumuga bwo kutagira amaguru ndetse udafite ubushobozi akamwimariramo kugeza bakoze ubukwe, ubu bari mu kwezi kwa buki, bamaze amezi 3 barushinze. Hari ubwo…
Utubari twongeye kwemererwa gukora nyuma y’umwaka n’amezi 6 dufunze kubera Covid-19
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kabiri tariki 21 Nzeri 2021 iyobowe na Nyakubahwa Perezida Paul Kagame, yakomoreye utubari ariko tukaba tuzafungurwa mu byiciro. Utubari dufunguwe nyuma y’umwaka umwe n’amezi 6 twari tumaze dufunze mu kwirinda ikwirakwira Covid-19. ….
Igishushanyo cya Jay Polly cyari cyatumye yitirirwa umuhanda kiriho cyasibwe n’ikiriyo cye kitararangira
Rwigema Abdul wahanze igishushanyo cyatumye benshi bitirira Jay Polly umuhanda wo muri Kigali, yahamirije InyaRwanda amakuru avuga ko koko iki gishushanyo cyamaze gusibwa ndetse ko nawe atazi impamvu cyasibwe. Mu ijwi ridasohoka neza ryumvikanaga ko uyu munyabugeni Rwigema Art…
Ibimenyetso 10 bishobora kukwereka ko urwaye kanseri y’inkondo y’umura
Kanseri y’inkondo y’umura ikunze kwibasira cyane abagore, igaragazwa no gukura bidasanzwe k’uturemangingo ku nkondo y’umura. Kanseri akenshi iyo igifata umuntu ntikunze kugaragaza ibimenyetso, gusa iyo ifatiranywe hakiri kare ishobora kuvurwa ikaba yakira. . Ibimenyetso biranga Kanseri y’inkondo y’umura ….
Dr Kayumba ufungiye muri kasho ya RIB yahagaritse kwiyicisha inzara. Impamvu
Umunyapolitiki washinze ishyaka RPD ritavuga rumwe n’ubutegetsi, Dr Christopher Kayumba, biravugwa ko yahagaritse imyigaragambyo yo kwiyiriza ubusa bitewe n’uko ubuzima bwe bwari bukomeje kujya mu kaga bitewe n’indwara ya Diyabete asanganwe. Igitangazamakuru The Chronicles Dr Kayumba yashinze atarinjira muri politiki,…
Umwana w’umukire yasanzwe muri Hoteli yapfuye umusore bakundanaga avuga ko yishwe no gutera akabariro
Umwongerezakazi wari wararazwe amafaranga menshi yishwe n’umukunzi we wakoraga akazi ko kurinda [bouncer],hanyuma uyu musore abjijwe avuga ko yapfuye bari mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina, nkuko yabibwiye urukiko ejo. Uyu mukobwa w’umutoza w’amafarashi usanzwe ari Millionaire witwa Anna Reed, ufite…
Gicumbi: Umubyeyi yabyaye umwana wapfuye nyuma yo kurangaranwa n’umuganga bivugwa ko yataye akazi akajya gusambana
Mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki 20/09/2021 ahagana saa mbiri mu Murenge wa Muko wo mu karere ka Gicumbi, ku Kigo Nderabuzima cyaho hamenyekanye amakuru y’umugore wabyaye umwana upfuye, bivugwa ko umuganga wari kumwitaho atabonetse kuko yari araranye n’umukobwa….
Umunyamakuru Jado Castar yatawe muri yombi mu iperereza ryimbitse ku biherutse kuba ku ikipe y’abagore ya Volley
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi umunyamakuru Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka Jado Castar rumukekaho gukoresha inyandiko mpimbano. Jado Castar usanzwe ari umuyobozi mukuru wa Radio B&B FM-Umwezi, anasanzwe ari Visi Perezida wa Kabiri ushinzwe Amarushanwa mu Ishyirahamwe…
Umutoza Ronald Koeman wa FC Barcelona mu mazi abira
Amakuru aturuka mu bitangazamakuru bitandukanye byandika imikino muri Espagne, aravuga ko ikipe ya FC Barcelona yafashe icyemezo cyo kudakomezanya n’umutoza Ronald Koeman kubera umusaruro mubi. Mu mwaka ushize ni bwo uyu mugabo ukomoka mu gihugu cy’u Buholandi yageze muri FC…
Leta zunze ubumwe za Amerika ndetse n’Ububirigi banenze imikirize y’urubanza rwa Rusesabagina na batenzi be
Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Ned Price, yatangaje ko igihugu cye cyibaza ku kuri kw’igihano Paul Rusesabagina wemererwa n’amategeko gutura mu gihugu cyabo, yakatiwe. Bigaragara mu itangazo Ned yasohoye kuri uyu wa 20…