Month: September 2021

Ibintu 10 ugomba kwirinda kuko byangiza cyane ubwonko bwawe

Share this:

Hari ibintu usanga abantu bamwe cyangwa benshi baragize akamenyero nyamara kandi batazi ingaruka bigira ku buzima bwabo muri rusange.   Muri byo hari ibyo dukora cyangwa tudakora ndetse bikaba akamenyero nyamara bikaba bigira ingaruka mbi ku buzima bwacu muri rusange…

Share this:

Pochettino revealed what Messi told him after he was not happy about being replaced

Share this:

Paris Saint-Germain coach Mauricio Pochettino insists there is no problem between him and Lionel Messi after the former Barcelona star was unhappy with his replacement for Lyon.   The six-time Ballon d’Or winner made his debut at the Parc des…

Share this:

The Hotel Rwanda movie star, Paul Rusesabagina was sentenced to 25 years in prison

Share this:

The court on Monday sentenced Paul Rusesabagina to 25 years in prison and Nsabimana Callixte Sankara to 20 years in prison, after convicting them of various crimes related to terrorism.   . Paul Rusesabagina sentenced to 25 years in prison…

Share this:

Umutoza Pochettino yahishuye ibyo yabwiwe na Messi nyuma yo kumusimbuza akarakara ndetse akanga kumusuhuza

Share this:

Umutoza wa Paris Saint-Germain, Mauricio Pochettino, ashimangira ko nta kibazo kiri hagati ye na Lionel Messi nyuma y’uko uyu wahoze ari umukinnyi w’icyamamare muri Barcelona atishimiye uko yasimbujwe ku mukino wa Lyon.   Uyu mukinnyi watsindiye Ballon d’or inshuro esheshatu…

Share this:

Paul Rusesabagina yakatiwe igifungo cy’imyaka 25 naho Sankara akatirwa 20

Share this:

Urukiko kuri uyu wa Mbere rwakatiye Paul Rusesabagina igifungo cy’imyaka 25 na ho Nsabimana Callixte Sankara rumukatira imyaka 20, nyuma yo kubahamya ibyaha bitandukanye bifitanye isano n’iterabwoba.   . Paul Rusesabagina yakatiwe gufungwa imyaka 25 . Nsabimana Callixte wiyise Sankara…

Share this:

Urukiko rumaze gutangaza ko Paul Rusesabagina na sankara bahamwa n’ibyaha baregwa

Share this:

Mu gihe hategerejwe umwanzuro w’urukiko kuri uyu wa 20 Nzeri 2021, Urukiko Rukuru rwasanze Paul Rusesabagina ahamwa ‘icyaha cyo kuba mu itsinda ryagize uruhare mu bitero by’iterabwoba byagabwe ku butaka bw’u Rwanda hagati ya 2018 na 2019.   . Urubanza…

Share this:

Ubwongereza bufata kimwe gukingirwa no kudakingirwa Covid-19 ku muntu uturutse muri Afurika

Share this:

Guverinoma y’u Bwongereza tariki ya 17 Nzeri 2021 yatangaje amabwiriza mashya yo kwirinda no kurwanya icyorezo cya Covid-19, by’umwihariko ajyanye n’ingendo z’abaturuka mu bindi bihugu bajyayo. . Mu Bwongereza uwakingiriwe covid-19 muri Afurika azajya afatwa nk’utarakingiwe   Muri aya mabwiriza,…

Share this:

Jose Chameleone yitandukanyije na NUP ishyaka rya Bobi Wine nyuma yo gubabwa imodoka nziza na Museveni

Share this:

Umuhanzi Jose Chameleone wigeze kwiyamamariza kuba Meya wa Kampala agatsindwa, yatangaje ku mugaragaro ko ari umuyoboke wa nyawe w’ishyaka NRM riri ku butegetsi muri Uganda, nyuma yo kwakira imodoka nshya yo mu bwoko bwa Range Rover yahawe n’iri shyaka ngo…

Share this:

Pasiteri Bugingo yahishuye uko amagi yamutandukanyije n’umugore we bari bamaranye imyaka 19

Share this:

Umuyobozi w’Itorero ryitwa House of Prayer Ministries International, Pasiteri, Aloysius Bugingo avuga ko uburyo umugore we, Teddy Naluswa Bugingo, yari atazi kumwitaho ngo amutekere amagi cyane umureti, biri mu byatumye batandukana kandi bari bamaranye imyaka 19 babana.   Ugutandakana kwa…

Share this:

Lionel Messi usa n’uwananiwe kwinjira mu mukino wa PSG yarebye ikijisho umutoza we ubwo yamusimbuzaga ndete yanga kumusuhuza – AMAFOTO

Share this:

Rutahizamu Lionel Messi yarakaye nyuma yo gusimbuzwa mu mukino ikipe ya Paris Saint-Germain yatsinze bigoranye Lyon ibitego 2-1 – ndetse yanga gusuhuza umutoza we Mauricio Pochettino.   . PSG ifite ubusatirizi bukomeye ku isi yatsinze Lion bigoranye . Lionel Messi…

Share this: