Month: October 2021

Abagabo:Dore ibintu 5 abagabo bakora mu bubiriri bagirango bemeze batazi ko abagore babyanga cyane bikabasenyera urugo burundu

Share this:

Mu gihe wowe ushobora kuba wibwira ko uri agatangaza mu buriri, hari abagore bashobora kubona umukino wawe nk’udafite icyo umaze.   . Ibyo abagore banga mu gihe cy’akabariro . Ibyo ugomba kwirinda kugirango uhabwe amanota mu buriri . Numenya aya…

Share this:

Muhire yakoze ubukwe n’umukobwa wamurwaje akanamuha impyiko

Share this:

Muhire Jean Claude ufite umuryango Love the Kids ufasha abana bavuka mu miryango itishoboye ukorera mu Murenge wa Kimisagara Karere ka Nyarugenge, yakoze ubukwe n’umukunzi we Uwera Ingabire Marie Reine wamurwaje igihe kirekire, akanamuha impyiko. Ubu bukwe bwabereye muri kiliziya…

Share this:

Kinshasa: Abapadiri Gaturika bakubiswe iz’akabwana n’abapolisi

Share this:

Abapolisi bitwaje imbunda n’ibiboko ku wa Gatanu, binjiye muri paruwasi ya Sainte Famille yo mu gace ka Righini muri Komini ya Lemba, maze bahata ikiboko abapadiri baho, bashinjwa ko bangiye kwinjira mu mashuri abanyeshuri babo kwakira inama za politiki muri…

Share this:

Ijambo Gen. Kabarebe yabwiye APR FC nyuma yo gusezererwa muri CAF Champions League

Share this:

Umuyobozi w’icyubahiro wa APR FC, Gen. James Kabarebe kuri uyu wa 30 Ukwakira 2021 yasuye iyi kipe mbere y’uko itangira shampiyona mu mwaka w’imikino mushya, 2021/2022 na nyuma yo gusezererwa mu ijonjora rya CAF Champions League.   . Gen. James…

Share this:

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique zakurikiye ibyihebe mu birindiro bishya zirabimenesha

Share this:

Ibyihebe by’umutwe w’iterabwoba ukorera mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique byari byarashinze ibindiro bishya bitandukanye nyuma yo kwirukanwa n’ingabo z’u Rwanda ku bufatanye n’iz’iki gihugu. Tariki ya 9 Nyakanga 2021 ni bwo u Rwanda rwatangiye kohereza ingabo muri Mozambique,…

Share this:

Senateri Uwizeyimana Evode yasezeranye n’undi mugore nyuma yo gutandukana n’uwa mbere – AMAFOTO

Share this:

Ku wa Gatanu tariki 29 Ukwakira Senateri Uwizeyimana Evode yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Zena Abayisenga bitegura kurushingana. . Senateri Uwizeyimana Evode n’umugore we baziyakirira muri Intare Arena . Gusezerana imbere y’Imana hagati ya Senateri Evode n’umukunzi we bizaba mu…

Share this:

Reba amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga muri iki cyumweru

Share this:

Muri iki cyumweru turimo gusoza, ibyamamarekazi nyarwanda batandukanye babinyujije ku mbuga nkoranyambaga bakoresha basangije abafana babo ndetse n’ababakurikirana muri rusange amafoto atandukanye.   Hano twabakusanyirije amwe mu mafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda bitandukanye yabiciye bigacika kuri instagram muri iyi minsi y’icyumweru turangije,aho…

Share this:

Umutoza Pochettino yatangaje impamvu yasimbuje Messi igice cya mbere kikirangira mu mukino yatsinzemo Lille bigoranye

Share this:

Lionel Messi yakuwe mu kibuga nyuma y’igice cya mbere ubwo Paris Saint-Germain yatsindaga Lille mu ijoro ryo ku wa gatanu, ariko Mauricio Pochettino yasobanuye ko ari ukwirinda imvune.   Ikipe ya PSG yagiye mu kiruhuko imaze gutsindwa igitego 1-0 ndetse…

Share this:

Arsenal yatewe na virus itaramenyekana. Umutoza Arteta mu rungabangabo

Share this:

Ikipe ya Arsenal yatewe na virusi itaramenyekana yatumye abakinnyi benshi barwara ntibitabira imyitozo yo kwitegura umukino wa shampiyona n’ikipe ya Leicester uraba kuri uyu wa Gatandatu.   . Abakinnyi ba Arsenal bafashwe n’uburwayi butaramenyekana . Umutoza Arteta ahangayikishijwe n’umukino ari…

Share this:

Dore impamvu 4 z’ingenzi udakwiye kogosha ngo umareho burundu insya(umusatsi ukikije ibice by’ibanga) zawe

Share this:

Wari uzi ko guharangura umusatsi ukikije ibice byawe by’ibanga bishobora kukugiraho ingaruka mbi cyane? N’ubwo abantu beshi batabyumva ariko ni ukuri. Uyu musatsi uri muyo abantu bakunda kogosha kenshi cyane kurusha iyindi. Uyu muco ukomoka mu bihugu bya Misiri n’ubugereki…

Share this: