Dr. Pierre Damien Habumuremyi yasezeranyije Perezida Kagame ikintu gikomeye nyuma yo kumuha imbabazi
Dr Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe n’umuyobozi mukuru w’urwego rw’igihugu rushinzwe impeta n’imidali y’ishimwe yasezeranyije Perezida Paul Kagame ko amakosa yamufungishije atazayasubira. . Pierre Damien Habumuremyi wahoze ari Minisitiri w’intebe yabwiye Perezida Kagame ko atazongera gukora amakosa nk’ayo…
U Rwanda rwaje ku mwanya wa mbere mu gukurikiza amategeko ku rutonde rw’ibihugu bya Afurika biri munsi y’ubutayu bwa Sahara
Umushinga w’Ubutabera ku Isi WJP (World Justice Project) washyize hanze icyegeranyo kigaragaza uko Ibihugu bikurikirana mu kugendera ku mategeko muri 2021 kizwi nka ’WJP Rule of Law Index 2021’ aho biyobowe na Denmark mu gihe u Rwanda ruri ku mwanya…
Umukobwa / Umugore nagusura akakwereka ibi bimenyetso uzamenye ko yifuza cyane akabariro umenye uko witwara
Abagabo cyangwa abasore bakora amakosa iyo umukobwa cyangwa umugore yabasuye bigatuma uwo mukobwa cyangwa uwo mugore atazigera abagarukira mu rugo. Iyo umukobwa cyangwa umugore yagusuye akakwereka ko ashaka ko mutera akabariro ntushobore gusoma ibimenyetso yakweretse ngo umenye uko ubyitwaramo Bizana…
The Ben na Miss Uwicyeza Pamella mu kinovera cy’urukundo. Reba noneho aho bari kurira ubuzima – AMAFOTO
Uwicyeza Pamella ni we watangiye ashyira kuri Instagram ye amashusho ari gutembera ku mucanga wa Velassaru uherereye mu Mujyi wa Malé muri Maladives. Uyu mujyi ukora ku Nyanja y’Abahinde utuwe n’abaturage bake cyane, kuko ibarura riheruka gukorwa mu 2017…
Menya amabwiriza agenga ibitaramo n’utubyiniro byakomorewe nyuma y’imyaka hafi 2 bifunze
Nyuma y’aho Inama y’Abaminisitiri yanzuye ko utubyiniro n’ibitaramo bikomorewe, Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) rwashyize hanze amabwiriza agomba gukurikizwa n’ababyitabiriye. Itangazo rya RDB ryo kuri uyu wa Kane, tariki 14 Ukwakira 2021, rigaragaza ko abazajya mu makoraniro arimo ibiterane,…
Umwarimukazi ufatwa nk’uhiga abandi uburanga muri Afurika yavugishije benshi kubera amafoto yashyize hanze [AMAFOTO]
Umwe mu barimukazi bakunzwe cyane muri Afurika y’Epfo kubera imiterere ye yavugishije benshi kubera amafoto yashyize hanze yambaye imyenda ishotorana. Uyu mwarimukazi asa nkaho yagize intego ibyo gutwika ku mbuga nkoranyambaga buri cyumweru kubera amafoto ashyira hanze agaragaza imiterere…
Umusore akomeje kuvugisha benshi kubera igihano yabonye nyuma yo guca inyuma umukunzi we
Umusore utavuzwe amazina,yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragara muri Euston,mu mujyi wa Liverpool n’ahitwa Waterloo mu mujyi wa London azenguruka yambaye icyapa cyanditseho amagambo atangaje. Abatuye Londres na Liverpool bavuze ko babonye uyu musore agenda azenguruka ahahurira…
Ibimenyetso 8 bizakwereka ko atari uwo kwizerwa n’ubwo ku munwa avuga ibitandukanye
Mu rukundo ukwiriye kwizera umutimanama wawe gusa kuko ni wo udashobora kugutenguha. . Ibimenyetso byakwereka ko umukunzi wawe atari uwo kwizerwa . Ibiranga umuntu utari umwizerwa mu rukundo . Ibimenyetso byakwereka ko umukunzi wawe akubeshya Ntabwo akubwira ko…
Umuririmbyikazi yavuze ko abisabwe n’abapasitoro yifashisha ikimero n’imyambarire bye kugirango abagabo bakizwe
Umuririmbyi wo muri Ghana yatangaje ko imyambarire ye ndetse n’imiterere ye byamubereye imbaraga zo guhindura benshi mu murimo w’Imana. . Kwambara impenure yababwe n’abapasitoro kugirango bakurure abayoboke Mu kiganiro n’umunyamakuru wo kuri Internet witwa Zion Felix muri The…
Mozambique: Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda yahishuye ko ibyihebe bimaze iminsi bibaca mu myanya y’intoki kubera kutavugana n’ingabo za SADC
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda, Col. Ronald Rwivanga yatangaje ko ukutavugana kw’ingabo z’iki gihugu ziri mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique n’ingabo za SADC zikora ukwazo, byagaragaye ko byatuma ibikorwa byo kurwanya intagondwa z’umutwe w’iterabwoba wegamiye kuri…