Month: October 2021

Dore amazina atangaje(utubyiniriro – amahimbano) ahabwa bamwe mu baperezida bo muri Afurika avugwa n’atavugwa mu ruhame

Share this:

Perezida nk’umwe mu bategetsi bakuru b’igihugu, akurikiranirwa hafi n’abaturage baba ab’igihugu cye cyangwa abandi. Kubera akazi bakoze mbere yo kwicara muri iyo ntebe yo hejuru, uko bakora akazi kabo n’izindi mpamvu, bamwe mu bakuru b’ibihugu muri Afurika bagiye bahabwa utuzina…

Share this:

Inkomoko ya Fossettes(Utwobo tuza ku matama akenshi iyo umuntu asetse) ndetse n’igisobanuro cyazo

Share this:

Ubusanzwe Fossette ni nk’akarango k’ubwiza bukurura abantu ku bagafite, benshi bavuga ko turiya twobo tuza ku matama akenshi iyo umuntu asetse, ngo ni ikimenyetso Imana iba yarashyize kuri abo bantu cyerekana ko ari abanyamahirwe ibihe byose. Ku isi habarurwa abantu…

Share this:

Ibintu bibi cyane bishobora kuzakubaho niba urara wambaye ikariso

Share this:

Benshi muri twe iyo hakonje turara twambaye imyenda yo kurarana naho iyo hashyushye twiyambarira ikariso gusa tukaryama. Benshi bibaza niba kurara umuntu yambaye ikariso hari ingaruka bigira ku buzima bwe. Niba uri hano ni uko uri umwe muri aba akaba…

Share this:

Ibintu 12 bitangaje ku mukobwa ugira isoni ushobora kuba utari uzi byatuma umukunda uramutse ubimenye

Share this:

Umukobwa ugira isoni aba atandukanye n’umukobwa usanzwe haba mu mvugo, imyitwarire, imico n’ibindi bitandukanye umukobwa wese ashobora kugaragaza igihe muri kuganira.   . Ibiranga abakobwa bagira isoni. Bimwe mu bintu utari uzi ku mukobwa ugira isoni   Kuba mu rukundo…

Share this:

Indwara zivurwa n’igitunguru gitukura n’uko wagikoresha wivura

Share this:

Igitunguru gitukura tugikoresha kenshi nk’ikirungo, tugiye gukaranga se, no ku ifiriti cyangwa salade. Ibiryo kirimo wumva bihumura neza. Ese igitunguru cyaba ari umuti? Yego ni byo kuko gikize kuri : *. Vitamin C *. Vitamin B6, B9 *. Calcium *….

Share this:

Dore icyo umukobwa aba ashatse kukubwira iyo muhuje amaso agasa n’uruma umunwa wo hasi

Share this:

Ibijyanye n’imvugo z’ibimenyetso ni ibintu abantu badakunda kwitaho ariko bikoreshwa cyane ndetse bimwe bikanatanga ubutumwa cyane kurusha uko umuntu yavuga. . Icyo umukobwa aba ashatse kuvuga iyo ahuje amaso n’umusore maze akaruma umunwa wo hasi . Ibimenyetso umukobwa akora atabizi…

Share this:

5 most damaging aspects of male sperm that cause men infertility

Share this:

The study, which found that up to 15% of people living legally had problems with childbearing because the male sperm was found to be damaged by the use of harmful substances.   . Damage to the sperm . Things that…

Share this:

Wakwigarurira umugabo uwo ari we wese uramutse uzi utu tuntu duto abagore basuzugura kandi abagabo badukunda kubi

Share this:

Ibi nibyo bintu abahore benshi bibesha ko abagabo babo batabikenera kandi babikunda kubi bikaba byatuma igihe bibuze umubano wabo ushobora kuzamo agatotsi ka hato na hato.   . Dore utubanga wakoresha ukigarurira umutima w’umugabo uwo ari we wese ushatse ….

Share this:

Ifoto ya Zari apfukamiye umugabo yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga

Share this:

Kuri uyu wa Gatandutu ubwo Uganda yizihizaga umunsi w’ubwigenge, Zari ukomoka muri iki gihugu yifatanyije n’abandi mu birori byo kwizihiza uyu munsi ku nshuro ya 59, maze apfukamira umugabo rubanda bacika ururondogoro.   . Zari yapfukamiye umugabo biteza ururondogoro  …

Share this:

Umukobwa yateje intugunda muri Kaminuza kubera amabuno ye yatumye ari abayobozi ndetse n’abanyeshuri buri wese ashaka kumugira uwe – AMAFOTO

Share this:

Umukobwa utaramenyekana amazina yateje akavuyo kuri kaminuza yigenga iri muri mu burasirasuba bw’amajyepfo ya Nigeria bitewe n’amabuno ye.   Ubunini bw’amabuno y’iyo nkumi niyo yateje ukutumvikana hagati y’abayobozi ba kaminuza hadasigaye n’abanyeshuri bamukeneye. Umuyobozi wa Kaminuza (VC) nk’uko Salonedaily ibitangaza,…

Share this: