Month: October 2021

Abagabo: Dore ibyo ugomba kwitwararika kugirango urinde intanga zawe kwangirika ukaba waba ingumba

Share this:

Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara, bugaragaza ko ku bantu babana byemewe n’amategeko bagera ku kigero cya 15% bagira ibibazo byo kubura urubyaro kubera ko usanga intanga z’abagabo zarangirijwe no gukoresha ibintu bizangiza.   Ibi bibazo bigenda biba imbogamizi, byatumye abashakashatsi bo muri…

Share this:

Umusore yongeye guhura n’umuryango we nyuma y’iminsi 4 umushyinguye

Share this:

Umuryango utuye mu Karere ka Luweero muri Uganda watunguwe no kongera kubona umusore wawo witwa Bernard Wajja Nsamba wizeraga ko umaze iminsi 4 umushyinguye. Observer dukesha iyi nkuru ivuga ko ku wa Kabiri w’iki cyumweru ari bwo uyu muryango wakiriye…

Share this:

Haba hari ingaruka ziterwa no kuboneza urubyaro ku mukobwa utarabyara? Sobanukirwa iby’ingenzi ukwiye kumenya n’ibyo kwirinda

Share this:

Ubusanzwe kuboneza urubyaro ni uburyo bwo kwirinda kuba wasama. Byumvikane ko bireba buri wese uri mu gihe cyo kuba yabyara. Muri rusange ni ukuva umukobwa atangiye kujya mu mihango, kugeza acuze. Impamvu tutavuze imyaka runaka ni uko igihe cyo kujya…

Share this:

Umukozi wo mu rugo yajyanywe mu nkiko kubera kwiba shebuja miliyoni 12RWF we akavuga yayamuhonze nyuma yo kumuryohereza

Share this:

Umukozi wo mu rugo witwa Ruth Khaecha, avugwaho kwiba sebuja akayabo ka miliyoni imwe n’ibihumbi 300 by’amashilingi ya Kenya (akabakaba miliyoni 12 z’amanyarwanda), gusa we avuga ko ayo mafaranga sebuja yayamuhaye nk’ishimwe ry’uko basambanaga. Uyu mukobwa yari yatawe muri yombi…

Share this:

U Rwanda rugiye gushora akayabo ka miliyari 200 z’amanyarwanda muri Congo

Share this:

Ikigo cy’ishoramari Crystal Ventures cy’Abanyarwanda gishamikiye ku ishyaka FPR-Inkotanyi riri ku butegetsi, kigiye gushora imari mu cyanya cyahariwe inganda cya Maloukou muri Repubulika ya Congo (ya Brazaville).   Ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters bivuga ko abahagarariye iki kigo tariki ya 1…

Share this:

U Rwanda rugiye kugura indege 12 kabuhariwe z’intambara zitagira abapilote

Share this:

Biravugwa ko Leta y’u Rwanda yaba iteganya kugura indege z’intambara zitagira abapilote za Bayraktar TB2 byibuze 12 na Turukiya, rukazazifashisha mu guhangana n’umutwe w’iterabwoba uhungabanya umutekano mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique.   . U Rwanda rurashaka kugura drone…

Share this:

Abaperezida b’ibikomerezwa basomeye byimbitse abagore b’abandi mu ruhame – AMAFOTO

Share this:

Gusomana byuje ubwuzu ahinini abakundana bakunze kubikorera ahihererey cyangwa bari bonyine ahantu runaka bahisemo kuganirira. Ku rundi ruhande hari igihe amarangamutima abategeka kubikorera ku karubanda imbere ya za Camera n’ahandi. Tugiye kugaruka ku baperezida basomanye byuje ubwuzu n’abagore barimo n’abatari…

Share this:

Uburyo bwiza wasomamo umukunzi wawe akazahora abyibuka ubuzima bwe bwose

Share this:

Niba ukunda gusomana cyangwa ubiteganya ni byiza kumenya uko wakwitwara mu gihe ugiye gusomana n’umukunzi wawe ku buryo bihora bimubera urwibutso akaba atabasha kuzabyibagirwa mu buzima bwe, nk’uko urubuga elcrema rubugaragaza.   1. Tangira gahoro   Igihe ugiye gusoma umukunzi…

Share this:
Posted on

Uburyo 8 wakoresha utereta umukobwa ukigarurira umutima we bitakugoye

Share this:

Niba rero uri umusore ukaba wumva ugeze igihe cyo kugira umukobwa w’inshuti, ni ukuvuga umukobwa mwagirana ubucuti budasanzwe (Girlfriend), hari ibintu bishobora kugufasha kubona umukobwa muhuza. Ushobora kandi kuba utaranigeze ujarajara mu bakobwa benshi ariko noneho ukaba wumva igihe kigeze…

Share this:
Posted on

Niba utiteguye guhita utera akabariro uzirinde gukora umukobwa/umugore kuri ibi bice

Share this:

Mu buryo busanzwe, umuntu wese agira ibice by’umubiri we ndetse abantu bose bakagira n’ibyo bahuriraho bitewe n’igitsina cyabo gusa hari ibice bimwe na bimwe by’abakobwa usanga hari abahungu bamwe na bamwe batazi ko kubikoraho bishobora gutuma umukobwa/umugore akwingingira gutera akabariro…

Share this:
Posted on