Limousine yajyanye umurambo w’umunyamideri washinze Miss East Africa ihagaze Miliyoni 183 Frw ikaba ikodeshwa Miliyoni 4 Frw ku munsi – AMAFOTO
Orie Rogo Manduli ni umunye-politike, umunyamideri waryubatse akaba ari nawe washinze irushanwa rya Miss East Africa. Uyu munyabigwi uherutse kwitaba Imana, ya limousine yatwaye umurambo we mu misa yo kumusabira no kumusezera ihagaze Miliyoni 183 frw. Nk’uko twabigarutseho uyu…
Uko wamenya imiterere cyangwa imyitwarire y’umuntu ugendeye ku ntoki ze gusa. Wowe ufite izihe? Sobanukirwa
Kenshi humvikana ubushakashatsi bunyuranye bugamije kugira ibisobanuro butanga ku muntu hagendewe ku miterere y’igice runaka. Uyu munsi Iwacumarket igiye kubagezaho uburyo wamenya imiterere cyangwa imyitwarire y’umuntu urebeye ku ntoki ze gusa. Ubusumbane bw’intoki Mukuru wa Meme(Ring finger) na Mukubitarukoko(Index finger)…
Cristiano Ronaldo yatwaye igihembo gikomeye cy’ukwezi muri Premier League
Cristiano Ronaldo, wagarutse muri Manchester United mu mpeshyi nyuma y’ibihe 12, yegukanye igihembo cy’umukinnyi w’icyiciro cya mbere muri Premier League mu kwezi kwa Nzeri. Cristiano Ronaldo wari umeze imyaka 12 atandukanye na Manchester United kuva 2009 akagaruka muri uyu…
Inteko ya EU yamaganye urubanza rwaciriwe Rusesabagina inasaba ko ahita arekurwaa arekurwa
Inteko ishingamategeko y’Ubumwe bw’Uburayi (EU) kuwa kane yamaganye urubanza rwaciriwe Paul Rusesabagina n’uburyo yagejejwe mu Rwanda, isaba umuryango w’ibyo bihugu kongera umuhate wayo ngo arekurwe. Rusesabagina yahamwe n’ibyaha by’iterabwoba aho urukiko rukuru mu Rwanda rwamukatiwe gufungwa imyaka 25. …
Kimisagara: Habonetse umurambo w’umugabo muri Mpazi
Mu murenge wa Kimisagara mu karere ka Nyarugenge munsi y’ikigo cya MAISON DES JEUNES ya Kimisagara mu mu gezi wa mpazi habonetse umurambo w’umugabo uri mukigero cy’imyaka irenga 30 witwa Tuyisenge Pascal wozaga moto Kimisagara gusa ntiharamenyakana icyamwishe nubwo umurambo…
Batanze isomo rikomeye: Umusaza n’umukecuru bahoze bakundana bahuye nyuma y’imyaka 42 bahita bibanira
Umugabo n’umugore batandukanye ku ruhu, bakundanye rwihishwa bacyiga muri kaminuza mu myaka ya za 70 baherutse guhura basanga ’bagikundana’ niko kwibanira. Jeannie Gustavson na Steve Watts bahuye nk’abanyeshuri muri kaminuza ya Loyola i Chicago ubwo uyu mugore yari afite…
Iga gutunganya filime ku buntu kandi wigishwa n’abahanga mu gihe cy’amezi 6. Ntucikwe
Mashariki African Film Festival n’ikigo Goethe Institute binyuze mu mushinga bise “Tumenye sinema” bateguye amahugurwa y’amezi atandatu ku rubyiruko rwo mu Rubavu no mu Karere ka Muhanga, azabafasha kwiga umwuga wa sinema, nk’umwe mu ihanzwe ijisho muri iki gihe. …
How to prevent prostate Cancer with a mixture of water and Cucumber?
It is true that water is important for drinking as well as for its unique benefits. However the mixture of water and Cucumber also has an incomparable advantage as we will tell in this story. . Is Cucumber good for…
She really loves you if she shows you these 6 signs
What shows you that a girl feels or loves you and has lost track of you, waiting for you to have a word to say? . What would show you that a girl loves you even if she hasn’t…
Dore ahantu 9 utagomba gushyira cyangwa kubika telefoni yawe ngendanwa kuko byagukururira ibyago bikomeye
Telefoni ngendanwa zamaze kuba kimwe mu bigize ubuzima bw’abantu ku buryo bamwe batabaho batazifite. Mu gihe cy’umunsi ukora kuri telefoni yawe inshuro zitabarika. Gusa iyo uri kuyikoresha uba usabwa kuyikoresha neza cyane. Muri iyi nkuru uramenya ahantu 9 utari ukwiriye…