Dore impamvu ukwiye kurarana igitunguru mu birenge
Kurarana igitunguru mu birenge bishobora gutuma ugira ubuzima bwiza akaba ari yo mpamvu wari ukwiye kubigira akamenyero. . Akamaro k’igitunguru mu mubiri w’umuntu . Uko wakoresha igitunguru usukura amaraso . Igitunguru gifasha mu gutuma amaraso atembera neza Ubushakashatsi…
Umukuru w’itorero Pentekote yatawe muri yombi ashinjwa gusambanya ku gahato abana 19 b’abahungu
Umwe mu bakuru b’itorero rya Pentekote, akaba n’umwarimu, Natomah Otabel wo mu Karere ka Salaga muri Ghana, yasambanyije ku ngufu abahungu yigisha 19 ndetse ngo asenga cyane. Uwo mwarimu wo mu gace ka Savannah nk’uko Nyaaba Veronica, wigisha hamwe na…
Kunywa amazi arimo kokombure birinda Kanseri ya prostate bikanongera ububobere. Reba ibintu 8 bitangaje kuri uru uravange
Nibyo koko amazi agira akamaro kuyanywa ukwayo nkuko na concombre ifite ibyiza yihariye. Nyamara nanone uruvange rw’amazi na concombre rufite ibyiza ntagereranywa nkuko muri iyi nkuru tugiye kubivuga. . Akamaro ko kunywa amazi arimo kokombure . Uko wategura amazi…
Umugore n’abana be 2 bishwe n’imbabura
Umubyeyi witwa Unice Kulwa ufite imyaka 25 wari utuye ahitwa Geita muri Tanzania, n’abana be babiri bapfuye nyuma yo kubura umwuka wo guhumeka, bitewe no kwinjiza imbabura yaka itetseho ibishyimbo, mu nzu bari baryamyemo. Uretse abo batatu bahitanywe n’iyo…
Umunyamakuru yapfuye nyuma y’iminsi 2 gusa akoze ubukwe
Umunyamakuru uzwi cyane muri Malawi witwa Russell Chimbayo, yapfuye nyuma y’iminsi ibiri ashyingiwe. Yakoze ubukwe ku wa gatandatu tariki 2 Ukwakira apfa ku wa mbere tariki 4 Ukwakira 2021. Russell na Jacqueline Joana Jeke bavuze ngo “yego” ku wa…
Dore impamvu z’ingenzi ukwiye kwihagarika nyuma yo gutera akabariro
Ni byiza kwihagarika nyuma yo gutera akabariro kuko birinda indwara zibasira urwungano rw’inkari zizwi nka infection. Ubusanzwe izi ndwara ziterwa n’udukoko two mu bwoko bwa bacteria zikaba zifata urugaho(blader), umuyoboro w’inkari(Urethra) ndese na n’impyiko(Kidneys). Ese kwihagarika bifasha iki?…
APR FC yitegura guhura na Etoile Sportive du Sahel yananiwe gutsinda Bugesera FC
Ikipe ya APR FC yitegura guhurira na Etoile Sportive du Sahel yo muri Tunisia mu ijonjora rya kabiri rya CAF Champions league, yananiwe gutsinda Etincelles bagwa miswi 0-0. Ni mu mukino wa gicuti wabereye i Shyorongi ejo ku wa Kabiri,…
Urukiko rwatesheje agaciro ikirego cy’umumunyeshuri ushinja Dr. Kayumba gushaka kumusambanya kugahato gusa rutegeka ko akomeza gufungwa
Umucamanza mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro yatesheje agaciro ikirego cya Fiona Muthoni Ntarindwa wari umunyeshuri wa Dr Kayumba Christopher muri Kaminuza y’u Rwanda, umushinja kugerageza kumusambanya ku ngufu mu mwaka w’2017. Iki kirego cyamenyekaniye bwa mbere mu ruhererekane rw’ubutumwa ku…
The Ben yahaye isererano rikomeye Miss Pamella bakundana. Reba amagambo atangaje kandi aryoheye amatwi yakoresheje
Mu mitoma myinshi, Mugisha Benjamin wamamaye mu muziki nka The Ben, yateye imitoma umukunzi we Miss Uwicyeza Pamella, amubwira ko azahora buri gihe ari ku rutugu rwe ndetse narira ntazamureka ngo agende. . The Ben yateye imitoma umukunzi we…
Ikiganiro URUKIKO RW’UBUJURIRE cyongeye gutambuka kuri Radio Fine FM gihita gica agahigo gakomeye
Nyuma y’igihe gito biteguzwa abakunzi babo ndetse bararika n’abandi bashaka kuzajya babakurikira, isaha nyirizina yageze, ku nshuro ya mbere ikiganiro gishya ‘Urukiko rw’Ubujurire’ gitambuka ku nshuro ya mbere kuri Fine FM, kinakora amateka akomeye mu Rwanda. Kuri uyu wa…